Birababaje ko iyi nkuru ya Diane yemewe nk ukuri, Nyamara ni ikinyoma cyahimbwe, Zaburi nshya muzashakishe amakuru y ukuri.
Diane ntiyabayeho, Uwo mugabo ntiyigeze aba secretaire wa choir, Agnes ntiyigeze ayobora iyo choir. Musesengure neza
Muzajye kuri Terrain aho avuga byabereye RWANKUBA/ KARONGI muzamenya ukuri kose.
@cyimpayejeandedieu5660 Says:
Mwarakundangaga hanyuma ntimwamenya uko umuririmbyi wanyu amaze umwaka arwaye mbegurukundk
@nihezagirwegaston8482 Says:
Burya Plaisir araciye ubwenge caane
@bumerakanyoni8748 Says:
Ntabwo Nowa yavumwe Hamu, kubera ko Hamu yahemukiye se ari umwana we wa 3, byatumye se Nowa avuma umwana wa 3 wa Hamu ariwe Kanani. Kandi Kanani yagiye gutura i Kanani, bivuze ko abanyafurika batavumwe.
@HakuzimanaTheogene-r9b Says:
Sawa
@HakuzimanaTheogene-r9b Says:
Iyi video yaze kure nubwo uravuze aho iyo choral yasengeraga ariko uwakurikirana yahita atumenya. Rero nubwo hari abantu benshi byagiriye umumaro ariko nzanyura kumbuga nyinshi ariko ngusebye Kandi uzabibona. Rero unyitege. Sawa turi kumwe kabisa🎉
🎉
@HakuzimanaTheogene-r9b Says:
Iyi video yaze kure nubwo uravuze aho iyo choral yasengeraga ariko uwakurikirana yahita atumenya. Rero nubwo hari abantu benshi byagiriye umumaro ariko nzanyura kumbuga nyinshi ariko ngusebye Kandi uzabibona. Rero unyitege. Sawa turi kumwe kabisa🎉
Yego, rata ntuzibone ko wabaye igitangaza, umunsi wabyibonyemo, uzaba uri mu marembera!
@uwumuremyichristine55 Says:
Uwo mugore nuwo musore Imana yari ibahaze irabaruka bari ibirutsi Pasteur wabyivugiye mu ruhame si we ahubwo hari ukuboko kwamukandaga kubivuga.
@ClaireKayiganwa Says:
Ibyo uvuga ni ukuri
@havugimanajuliette Says:
Yesu ashimwe Plaisir si uko batakundanaga ahubwo ni igihe barimo umuntu wese yihugiyeho . Kandi ibyo gusenga bari batakibikozwa kuko byihari kubura iyerekwa.
@MukabayavugeOdette Says:
😭😭😭😊
@assoumptauwabera7123 Says:
Ok I Le!
@UjiwaboClaudine Says:
Wowe byibura urakigisha iby'ukuti
@beatricenkurunziza3136 Says:
Komerezaho aba nibo dukeneye muhezagirwe
@beatricenkurunziza3136 Says:
Ubu niko bimeze ni amabanga
@mukamaemmanuel3228 Says:
Ese ko mukomeza muvuga ibibi byabashumba Aho ntimuzi ko nabo Ari abantu erega uwari we wese urangaye Satan arakuvangira ntagukura Aho waruri ariko agukuramo uwo wari we erega nimureke tunihire Imana dukanguke kuko ibitotsi byaratwinjiriye nimuhaguruke, twambare ibigunira, dutakiire Imana twarinjiriwe
@mukamaemmanuel3228 Says:
Bavandimwe ubwenge bwisi bwamaze kwivanga nubwenge bw'Imana mubantu ese gukunda impiya ubivugaho iki ugendeye kuri Gihazi wo kwa Elisa bizana iki mwitorero?
LATEST COMMENTS