Nta mwanya nabona wo kurangiza iki kiganiro; ni ubuyobe gusa no gusoma nabi ibihe. Biblia yarambwiye ngo uwitegereza umuyaga ntabiba (Umubwiriza 11:4). Nta by'idini imwe biriho bitegurwa, n'ifaranga rimwe si ikimenyetso cy'isozwa ry'ibihe; uretse ko bitanashoboka muri iki kinyejana cyacu. Ariko kuki abantu bakererejwe no kumenya ibyo kugaruka kwa Yesu, aho kubwiriza ubutumwa bubohora bwa Yesu? Kuki bashaka kubona muri buri kantu ikimenyetso cyo kugaruka kwe, kandi ubwe yaravuze ko azaza mu gihe batamutegerejemo? Mu gifaransa hari ibyo bita " *du n'importe quoi* "; ibi nabyo birimo.
@rosekalire2661 Says:
Mbega ishyano mbega akaga. Ibyo byose bikorwa na Rutuku.
@Allelua2024 Says:
Uribuka wambaye ubusa muri belgik
@Allelua2024 Says:
Urabesha ellon mask na bill gate nibuvikana nukabeshe ibyo nibyo wasomye
Uhoraho abongere inkomezi namavuta ya MPWEMU YERA mwizina rya YESU Christo umwami wacu 🙏🙏🙏❤❤❤👏👏👏
@niyobryanamstrong8855 Says:
Nabyigishije Zambia bankura kugatuti
@slavesofchrist Says:
Yesu aguhe umugisha mukozi w’Imana. Uwo muntu ndamumenye, ikiganiro cye naragikurikiye nanjye mbona ari gusinziriza abantu, ni nko kubumvisha ko hakiri igihe kandi ureba neza arabibona ko nta gihe!
LATEST COMMENTS