Sasa ibiganiro nk' ibi nibwo zaburi nshya iba ubaye ishakiro RY' ubutumwa bwiza noneho, courage izi nyigisho nizo dukeneye ahubwo lmana idufashe zizagere mu matorero kuko benshi baracyari hasi cyane
@uwasedollyparton6314 Says:
Iyo ndirimbo ya 69 nayikundaga kubi ariko noneho ndumva ndushijemo ndetse no kuyumva neza
Thank you Pastor and Plaisil God bless you all
@MukaruginaPetronille-t4x Says:
Umva izi nyigisho nizo twari dukeneye rwose
Ahubwo Dr Samuel adufashije mwabigira ibiganiro bihoraho
Bitewe na disponibilites ze nibura 1x/ week akajya aduha ikiganiro
Ndabibasabye
Murakoze
@m.gracekagoyire2945 Says:
Plaisir muzatubwire ku kintu gikomeye ku bantu bitwa "Abantu beza"cg se "Imfura "ndavuga bagira neza batanga cyane bakora ibikorwa byiza bigaragarira amaso yabantu benshi ndetse bamwe iyo bapfuye hari abantu benshiii baza kubatangira ubuhamya tugahita tuvuga tuti uyu muntu Ibikorwa bye bizamugeza ku Mana...ubwo se abaye atarigeze ajya mubyo gusenga ntibyaba biri guarantee ko ijuru azaritaha😮mumbarize Dr Sam.Murakoze
Ese ubwo bwambure bwe mwarabubonye ko mubivuga nkaho mwari muhari . Umunsi umwe uzabisobanura imbere y'imana uvuge umurongo byanditsemo . Reka tuvuge ko Ari ukuri Ese imana yabatumye kuvuga ibyabereye I goligota cyangwa ni ukwigisha ubutumwa bwiza bwo kwihana no kwakira yesu . From now sinshobora kwiga Theology. Illuminati ubwayo niyo yigisha amashuri makuru abize cyane Satani yarabarangije ntabutumwa
@pattyipmemes Says:
Ese ubwo bwambure bwe mwarabubonye ko mubivuga nkaho mwari muhari . Umunsi umwe uzabisobanura imbere y'imana uvuge umurongo byanditsemo . Reka tuvuge ko Ari ukuri Ese imana yabatumye kuvuga ibyabereye I goligota cyangwa ni ukwigisha ubutumwa bwiza bwo kwihana no kwakira yesu . From now sinshobora kwiga Theology. Illuminati ubwayo niyo yigisha amashuri makuru abize cyane Satani yarabarangije ntabutumwa
Ahubwo abantu nkaba kuki tutabaha umwanya uhagije koko njyewe sam na senga ndetse nabandi bavuga ubutumwa bwiza rwose mureke tubumve bigishoboka wenda abantu basohoka mumadini pe
@NiyonsengaJeanxavier Says:
Imana ishimwe cyane njyewe narafashijwe cyane turagukeneye cyane pe
@user-sd4cn4xc6k Says:
Amahoro plaisir ndi umurundi kazi hari inyigisho Sam yigishije ivuga kubwoba yarambohoye na mana ubwoba budashira.Ariko na menye ko ubwoba bwose buva kumwasi.Mushishikare gukorera Umwami azobahemba.
@pierrecelestinu. Says:
Plaisir niba uri kwiga koko nzashima Umwami uhagaritse abanyabinyoma uzana kuri Zaburi nshya ngo barahanura, nubwo ahari baguhesha views rwose ndabyumva nabyo ariko nubitera umugongo uzabona ibiruta views, kubona ibiganiro byiza nk'ibi , ejo ugakurikizaho ngo umuhanuzi uri kubeshya abantu ni agahinda, Reka abantu bizere igitambo cya Kristo n'abo bahanuzi ukwiye kubigisha bakava muri ibyo bagakizwa. Wakomeza ibikorwa by'urukundo ukora, no gutabara abakene ariko ubutumwa ukareka uku kuri akaba ariko gutambutswa Umwami azaguha umugisha
@gajuselaphine3054 Says:
Imana ishimwe kuba ugarutse rwose. Umaze kutugeza kuri byinshi kubutumwa bwiza.
@ishimwepacifique8483 Says:
Amen
@cyubugingotv01 Says:
Ariko nge mbona mudakwiye kwirirwa mumeze nk' abantu bari murubanza
LATEST COMMENTS