SINTINYA KUBIVUGA😳REKA MBABWIRE URUSENGERO Imana Yemera LETA Itazigera IBASHA GUFUNGA😱 Mubyumve neza
SINTINYA KUBIVUGA😳REKA MBABWIRE URUSENGERO Imana Yemera LETA Itazigera IBASHA GUFUNGA😱 Mubyumve neza
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

LATEST COMMENTS

@josianemurekatete1382 Says:
Plaisir uvuze amagambo y'ubwenge ndagukunda,ubundi ziriya n'inzu duteraniramo n'aho ubundi imibiri yacu ni zo nsengero nyazo
@jeanmarievianneymutarambir581 Says:
Ibyo Presir avuga nibyo ( Yohani 4, 21-24) gusa kubyyumva si ibya buri wese kuko ari ubwiru
@uwamahorograce277 Says:
Amen imibiriyacu nisengerero zuwiteka ❤❤❤
@user-gc5ef4hw2c Says:
Nndafashijwe
@pastorgasinzigwapeace5476 Says:
Plaisir ukizwa wakirijwe hehe? Iyo ukoze ubushakashatsi usanga abantu benshi barakirijwe hehe? Ubwo bumenyi ufite wabwigiye hehe? Ibyo guterana kwera ubivugaho iki? Ese kurera abana bagikizwa nk'uko ufite aho warerewe byakorwa bite? Cyangwa ntabwo bikenewe muri iki gihe? Ese Itorero ryo m'Urugo n'Itorero ry'ahantu bisobanuye iki? Ese abatarakizwa ko aribo Imana yadutumyeho iki kiganiro kirabafasha iki? Ese koko izi inzu twita Insengero ntacyo zimaze? Reka dufashe Abakristo gukomera mubihe bigoye ariko tutibagiwe nabakiri mu mwijima.
@MukakigeliJudithe Says:
hafunzwe inzu ntabwo bafunze insengero
@Zacheentakiruta Says:
Wavuze ukuri
@AmizeroGrace Says:
Nubundi ijambo rira vugango mbese ntimuziyuko imibiri yanyu ari insero z'umwuka uri murimwe?
@honorineigiraneza6630 Says:
Dutegereje icyo kiganiro kindi🙏
@dancilemariam4768 Says:
Muve inyuma yasatani musenge Imana yukuri ntibe banyamujya iyobigiye Imana yo mwijuru ibahishurire mumenye gutandukanya icyatsi nururo
@dancilemariam4768 Says:
Bashakaga insengero zose zifungwe kugirango satani abantu uko yigaruriya abahamagawe ni Imana yo mwijuru mureke uwo plaisir abakinga igihu mumaso nukuri kwiyamuhamagaye nonese ko mumuha za amina nyinshi muzi iyamuhamagaye ariyihe bavuga ko tuzabamenyera kumbuto bera abagifite Imana muribo mumwumve mumvugo uko asobanura muramumenya arinde ibyo udafite umwuka w'Imana ntiwabisobanukirwa nkunda kubyandika kuri cano yiwi kugirango abibone mwenebyo kubere sintinya satani yaraneshejwe mwizina rya Yesu kristo abakristo bazi ngo baracyasenga Imana data mube maso kandi musenge cyane musengere urusengero w'Imana abo mubona ngo nabasenzi ntabwo ariko bose arabakozi bimana harabatumwe nasatani kujya kuyobya babandi basenga byukuri no gushaka abafite umuhamagaro w'Imana yukuri kugirango ibatwareho iminyago nibobabo ba plaisir nabobose navuze nintumwa zasatani bantu b'Imana ndabasabira ngo muhishurirwe mumenye izo ndyarya zubuyobe ndabibabwiye ntacyo muzireguza Imana yacu irakomeye nimwizera izabahishurira ubu satani yanyaze abana b'Imana umwuka wera abarundamo imyaka mibi ukabona umuntu arikwikunguta ngo arimumwuka kumbe nimyuka mibi uw'Imana abo bakozi basatani barawutwaye kera navuga niheraho nagiraga impano yImana ariko kuva ninjiye muri kanguka sinongeye kuwiyumvamo ninacyo cyatumye Chris Ndikumana na Plaisir bantera bari mumbaraga zumwijima ngo bampindure igikoresho cyabo ariko Imana nsenga irabanyima uwababwira ayonabonye icyo gihe ateye ubwoba udafite umwami Yesu ntibabisohokamo ubwambere Chris Ndikumana yazanye na Plaisir ariko Imana data yariyerekanye kwakundi yiyerekanye kumusozi karumeri ubwo Eliya yarikumwe nabahanuzi babayari ubwakabiri Chris Ndikumana agaruka arikumwe nuwitwa padiri Thomas nahimana bansambanya bari mumbaraga zumwijima icyo gihe naho nahuye nibikomeye bankoreyeho byinshi biteye ubwoba Imana ikomeza kundwanirira bananiwe ibyo baribagambiriye gukora bashakaga kumpindura nkamera nkupfuye hanyuma bakanyiba bakanjyanana numubiri umuryango ntuzamenye aho nagiye kumbe Chris Ndikumana ngo yantanze ikuzimu mubaza kumusaba imbaraga zumwijima uyo padiri nahimana yashakaga kwinjira murwanda ari antikristo arinjye bahinduye cyakizira cyavuzwe muri bibiriya kubera ko bambonye mwimbaraga z'Imana urabona ko babanje kubitegura ubwo bapandishaga idarapo ryabatingayi byozwe nabo biyita abakozi b'Imana ka arintumwa zasatani padiri nahimana akimara kunsambanya arambwira ngo maraya urumva yashakaga kugirango byabyandiswe bisohore kugirango bantware bavuga ko bakoresheje maraya ubwo bari Chris Ndikumana na Thomas nahimana kizigenza ni Chris Ndikumana shetani wujuje condition zose narasakuje cyane ndavuga nti ntabwo ndimaraya nti ni Imana yo mwijuru irabizi niho namaze iminsi itatu ndasohoka nayimaze munzu numudayimoni wa Chris Ndikumana yicaye kuntebe murebesha amaso ariko abasenga Imana yukuri turarinzwe Imana yabanye najye sinatinya nyuma nakomeje gusenga kubera Chris Ndikumana yararikumwe namadayimoni ye byaravugaga nkumva kubera byagiye kuza Chris yafashe igihe kirekire abyenstara mumubiri wanjye nkumva ibigenda mumugongo nkinzoka muwundi mwanya ngo arigusenga yamasengeshoye yogufata abantu kumaso akavungango harumuntu wumva ikintu mumugongo kimeze nkinzoka ngo arabohotse nkumva ninjye ariko nkabyibazaho nkibaza ukuntu yakibonye binyobera kumbe niwe urikubikora naba ndimugikoni noza amasahani kubera twebwe duteka duhagaze tukoza amasahani duhagaze naba ndikoza amasahani nkumva ibicucu cyumuntu inyuma yanjye nahindukira kureba nkamubura kumbe yabaga ari Chris nyuma ngo arigusenga ukumva ngo umuntu wumva nkumuntu umurinyuma ngo ararinzwe mwizina rya Yesu ndindwa Imana data sindindwa namashetani kumbe yansambanyaga simbimenye ntiyiyerekane umunsi umwe ndigugenga navuga nti Yesu kristo niwowe sewimfubyi ukaba umugabo wabapfakazi hanyuma ndangije ndaryama nsinziriye nabonye Chris ariguseka yagagaye avuga ngo niwe mugabo wabapfakazi yemwe yemwe abagifite Imana muribo musengere cyane kandi mugere insengero apana kwisengesha mbona murwanda baratewe nimyuka mibi abo satani akoresha ngo bereswe mama ibyintambara ngo abagiye gupfa bariya bose nabo satani yihishamo ngo bariguhanura ntamukozi w Imana yukuri uhanura amaraso satani aba yabakoreyemo ikindi babandi mwumva ngo Imana yabaremye ngo kandi ibategeka kuvugira kuri zaburi nshya nyabune iyo siyo niyayindi yubuyobe
@belinekambonwa4124 Says:
Plaisi, nagendanaga urusengero kuko bari bataragera mu gihugu cyabo, ubu turatuye, nonese twajya turwimukana turujyanahe?
@dancilemariam4768 Says:
Plaisir mubona kuri YouTube ariko kanguka yo narinyirimo nyimaramo imyaka itanu ariko ayo nahaboneye aragatsindwa nuwiteka Imana data nanubu ndwana namadayimoni kumanywa nanijoro bashaka ngo bampindure yanyamaswa yavuzwe yinomero 666 ariko Imana irandwanirira umunsi kuwundi bashaka byinshi byokunyica ngo ntabatangaza bakabamenya ariko Imana nizeye sibayari ikomeje kubarinda banzirikiyemo amadayimoni ayandi bayashyira munzu mbamo mbahanze simba murwanda abo ntacyo batakora nabatinganyi kandi bagasambanya abagore bamwe murota abagabo bijoro nabo ngabo bagakoresha nimbaraga zabapfumu na barozi harimyuka mibi yamvugiyemo ivuga ko bimazemo imyaka ibiri ngo babinshyizemo ngo bincunge bivuga ko babikuye Tanzanie ngo ahitwa sumba wanga ngo ariko bisubiye iburundi aho nikwa Chris Ndikumana uwo plaisir nawe adeper yamaze kuyanduza barikoroha amadayimoni mubantu abantu bagapfa bitunguranye abo mubona bapfa ari abapasteur arabantu basanzwe abenshi nabo babagaburira satani
@dancilemariam4768 Says:
Bataragutuka se nturumusataniste simwe muri mission ya antikristo noneho yigaragaje wahamagawe niyahe plaisir ko urumukozi wasatani njyambivuga bakanyataka ariko mumenye ko nabavugira kuriyi zaburi nshya muhita mufatwa nimureke mbabwire kandi ndavugisha ukuri kw'Imana yomwijuru kandi mbivuze kenshi hashoboka plaisir nintumwa yasatani akorana nuwitwa Ndikumana wakanguka sinjya ntinya kubivuga kuko Imana data yabanyeretse indinda ibyo bashakaga kureraho byikuzimu Chris Ndikumana wakanguka iburundi na Plaisir ntaganzwa wa zaburi nshya ariyo yiyi ni 666 ndabivuga mpagaze kumaguru yanjye abiri nibareke kwishushanya abo nibo bari muri mission yokurimbura isi na Thomas nahimana abo nzi nabo nintumwa zasatani Imana data ibatsinde mwizina rya Yesu kristo wanazareti abo nibabandi bavuzwe muri bibiriya biyambika uruhu rwintama imbere arisega ziryana muhunge urupfu mutarimbuka abavugira kuri zaburi nshya nabasengera muri kanguka ndabibabwiye nimudahunga mukarimbuka ntimuzavuge ngo ntimwabimenye Imana yabampishuriye kugirango mbibwire abantu
@samsungmobile589 Says:
PLAISIR , IMANA ikubabarire, ubwo wasomye bible koko? Nonese Imana yavuze gwiki kurusengero Dawidi yendaga kubaka? Ntiyamubwiye ngo ruzubakwa numuhungu wawe Salomo? Nonese Salomo yubatse iki Plaisir? Ese plaisir niba ijambo ry, Imana ritubwira ngo turusheho gukumbura guterana kwera uko yaminsi irushaho ku twengera ? Nukuvuga ko guterana ntacyo bimaze? Ntarusengero se twateranirahe?
@zawadiflora9422 Says:
Praisel Imana yacu nyena mahoro nyenubwenge bwose ibahezagire murabakozi b ‘ Imana pe
@AlineMukunda Says:
Arikonanone nubwo insengero zifunze sumutima ufunze abasengagabazakomeza gusenga batitaye ngo insengero zirafunze mubarikiwesana
@angeliquenikuze7068 Says:
.
@leonieuwingeneye5750 Says:
Plaisir ibyo avuga nukuri,
@ApostleDr.JPHkz777 Says:
Amasenga y'abambuzi Abana b'Imana ntibagira urusengero mw'isi peutetre que batasomye bible. Yesu ATI ....ar'umusaka,ntabuye rizasigara rig,,, urusengero niwowe ahubwo VA muri Babuloni byihuse
@hakuzimanalouis4244 Says:
Ukuri nuko insengero nimibiri yacu Amen🙏🙏🙏🙏🙏👍
@kitahvictor1572 Says:
Imana ishimwe ko fashijwe pe Praisir we igihe cyose urafasha kuri byishi mbanibaza Imana iguhe umugisha mwishi cyane.
@kitahvictor1572 Says:
Amen nukuri narinziko nibeshye kwibera umurugo kibabarira ibyitwa isengero.Imana ibahe umugisha. Uko nukuri peee ❤
@bonnettekarebe7164 Says:
Uko Niko kurip
@MukeshimanaViolette-yh7me Says:
Prezire ndemeranwa nawepe
@beatricesabin5607 Says:
Ukuri ni ukuri rwose
@catherinem9765 Says:
Amen muganiriye neza cyane ibintu byubwenge. Murakoze🙏🏾
@user-cq5mi4ri4m Says:
Imana. Yukuri yehova ishimwe. Kubwo ikiganiro muduhaye ndunva nungutse ubumenyi nkeneye nimero za puresil ampe nimirongo yose yasomye muri .bibiriya manjye nzabifashishe sbandi .merci
@furahatvrwanda Says:
Amen nda fashijwe pe 🎉turi nsengero zu witeka
@abizeyejeanbosco369 Says:
Allulluaaa , Imana ishimwe rwose ubivuze neza baratubeshya ngo insengero zafunzwe ni nde wazifunze koko! Tujyendana nazo rwose izo ni nzu zubatswe nabantu pe kuko bazicururizamo ntakindi bari gukora kuko icyo Imana yarizi bazazikoreramo sicyo bakora niyo mpamvu bari kuzikanyaga
@YvonnaUwamariya Says:
Ni ibyo uvuganikokuri
@Ufitamahorosarah Says:
Oya rata nibyo izo nsengero bazisenye ziri no gutuma abantu bajarajara
@manzidamascus6290 Says:
Uravuga ukuri kd Niko bimeze rwose arko plaisire icyo ngushinja uba umunyamakuru cyane kurenza kuba umu kristo wambara impu zose kd sibyiza ugomba kugira aho uhagarara
@bettymtv2589 Says:
Yesu christ yaravuze ngo tujye duterana tumyibuka ntabwo yavuze ngo tujye duterana dutura amaturo ni ibyacumi,ahubwo turamyaYesu christ gusa.Ahubwo Leta ikureho amaturo mu izina rya Yesu christ Amen.
@bettymtv2589 Says:
Ansengero zihisha ukuri,kuko ukuri si amaturo cga ibyacumi,ukuri nukuramya Yesu christ gusa kdi igitumye bazifunze nuko zikorerwamo ubujura,Impamvu Imana yatoranyije abigishywa 12,ntabwo yarinaniwe gufata benshi,ariko izubu sifite abantu ibihumbi,ubwo se koko abo bantu wabasha kubigisha bigashoboka.Musome abaheburayo10:7,urasob anukirwa neza ubujura bw'insengero,habe kwigisha abantu ukuri,ngo batwigishe Yesu Christ,gukora,ahubwo bigisha abantu kunebwa gusa no gutera abantu ubwoba ngo babazanire amaturo.Imana ntacyo twahiya ahubwo niyo iduha,kuko byose ni ibyayo.
@bettymtv2589 Says:
Reka nicare nige,murakoze.
@NSANZUMUHIREJeanClaude-vm2nq Says:
Byose ikigenderewe nukurwanya lsabato
@berdineclaudine9093 Says:
Nyabuneka Ninde wababwiyeko Imana yandikwa munyuguti ntoya ? Uba uvuze ikigirwa mana ntabwo Uba uvuze Imana yo mw' ijuru iyo wanditse munyuguti ntoya.
@mariekamikazi9308 Says:
Urusengero rwiza lmana yishimira nurufasha ipfubyi nabapfakazi mukababaro kabo ikindi naco gishimisha lmana numutima wawe uciye bugufi Kandi imitima niho lmana iba munzu zubatswe nabana babantu nimyubakwa zoguteraniramwo nabandi tukunva ijambo ry.lmana NAyo ubundi musobanukirwe neza isengero icarico musome murwiza ubwenge kugirango twese turwize ubumenyi
@Ndutiyefidele-l5h Says:
Izinsengero zitigisha abantu kwihana ntibabeba kwatura ibyaha wabygishaho wabyigishaho mukangana sibobasemera?
@Ndutiyefidele-l5h Says:
Ubundi ntawafunga urusengero rwimana rwukuri kuv19:6"act7:37'38"1pt2:5'9_10
@umurungisolnge.imanayacuir149 Says:
Ndereranwa nawe urusengero siziriya nzu kko nubundi ukijijwe azakomeza gukizwa kd azakomeza gusenga, ariko uwasengaga kucyumweru cg yinjiye murariya mazu zafinzwe kuko Imana iba muritwe nitwe twayijyanaga murariya mazu
@PHILOHOPE Says:
Ngo imibiri yanyu ni insengero z’umwuka wera 1 Kor 6:19. Urusengero ruri muri twe, turarugendana. Hafunzwe inzu abantu bateraniramo Heb 10:25. Iyo uyigurishijemo inzoga ihinduka akabari Cg liquor store, ihinduka icyo wayishyizemo. Umutingito ukaze uje urayisenya. Ariko ikikurimo ntaho kijya.
@Nyagatare-r7m Says:
Umubiri Paul yawise ingando
@urimubenshijeandedieu3263 Says:
Murakoze gusobanurira abantu bamwe batari bazi ko ubwabo aribo nsengero njye nabisobanukiwe kera
@tuyinganyikiclaudette5109 Says:
Ibiganiro bya zaburi ntakuntu mwabigira bigufi? 30-45 min?
@ndayishimiyedeborah6257 Says:
Plaisir avuze ukuri cyaneee.Nibashaka bafunge zose gusenga ntibizacika mpaka Yesu ajye gutwara itorero.Isengero zacu niyi mibiri yacu .
@gateganyaelie698 Says:
Birbiriya iravuga nago ntitwirengagize guteranira hamwe ibyo uvuze ese nibyo birafasha iki? Koko na birbiriya ntuyemera pe
@gateganyaelie698 Says:
Ariko ibyo Muri kuvuga muri kuvuga ni ubutumwa bwiza bwImana uri kuvuga ese ubutumwa buvugwa musengero ntamumaro bugirira abanyarwanda nyamara utabyemera hari abafashirizwa munzu yImana bakihana ibyaha bagakira indwara i Mirimo yImana igakoreka nuvwa unejejwe nuko zafunzwe reka dukore ibyo dusabwa namabwiriza abayobozi badushyiriyeho ngo abazamusengero barusheho ku gira umutekano ntabibangamiye Kandi ibyo basaba isengero nukugiraneza abanyarwanda ngo barindirwe umutekano Kuko abayobozi bacu badukunda
@EsperanceNyirankundwa Says:
Urusegero ruhari warusegeramo Kandi niyorutabaho ntacyakubuza gusega urusegero nyakuri numutimawuyumuntu

More Evangelical Videos