CHERI akora muri MINISTERE ariko Agendana UBUROZI😳KU MUNSI W'UBUKWE Mabukwe Yaraye mu Cyumba Cyacu😭
CHERI akora muri MINISTERE ariko Agendana UBUROZI😳KU MUNSI W'UBUKWE Mabukwe Yaraye mu Cyumba Cyacu😭
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

LATEST COMMENTS

@SpencerLena-p9q Says:
Gonzalez Paul Martinez Richard Young Joseph
@KayigiJudith-nz5fy Says:
Jya wumva kanguka unasengane numukozi w’imana Chris Ndikumana
@LovelyHikingTrail-lh6hq Says:
Ese we amakuru ya Mama Linda nukuri dukeneye kumenya uko amerewe
@saramacady Says:
Plaisil number yawe plz
@UmuhozaMarieLaurence Says:
mbaye uwa1 disi munkandire kwifoto tumenyane ❤❤🎉🎉wowe ubikoze imana iguhe imigisha
@IradukundaSeresit Says:
Muvandimwe, yoooooo sha usabwa gusenga wizeye gusa .Imana yo mu ijuru igira imbabazi nyinshi kurusha uko tubitekereza. Imyuka mibi ineshwa nimbaraga z'IMANA Kandi mu gusenga Imana izakuyobora ikubwirize icyo ukwiriye gukora ibigufashemo uve mu gihirahiro kuko ndumva ufite ubwoba cyane .
@NyiramanaTriphonie Says:
Ntuzarenganye umugabo wawe byose byatewe na nyina ukorana nimyuka mibi
@athanasiebampire420 Says:
Yooooo Imana igufashe mukobwa mwiza ariko plaisir numva nshaka kumenya amakuru ya Aline nabana be ntakubeshye mbanumva mbahangayikiye kdi ntazi aho nabakura
@ArianeMerci Says:
Igihe cyose agifata amafaranga ye cg ikindi kintu cyose kimuvuyeho naho yasenga ate ch agasengerwa ate Nasenge Ariko anitandukanye nibyambu byose umwanzi acamo❤
@ntiz18104 Says:
Shaka Elise amusengere mukire burundu Kdi ugume gusenga
@Hisanikadafi Says:
Uwashatse n'utarashatse bose bararira reka ninywere unzoga nigire horo nta heza hisi
@NyiraguhirwaMarielouise Says:
Ndumiwe kko ndumva abahuye nizindi mbaraga zibarwanya turi beshi sha, mm lhangane nkubwiye ibyange wakumirwa gusa mwijuru hari lmana
@bisengimanazephanie2693 Says:
Présir Imana iguhe Umugisha Ako kantu Umubwiye ko kwitondera abasenga akumve cyane yirinde cyane kuko harimo abazamubabaza kurenza umugabowe nubwo ntumvise atarushwa
@Burundigl Says:
Humura muvyeyi egera yesu ntananigwa ubugwayi bwumumwana wanyu buzakira ntugire u woba imiryango nkiyo ibaho nanjew vyambayeho ndagiye sengegwa nabavyeyi nakize nfite14ans rero ejo niheza ntimwihebure
@ugiriwabomarieclaire9502 Says:
Ntimyuka mibi senga wizere lmana azakira.
@ChristineYadukijije Says:
None se ayo mahera ko nubundi ntacyo akumarira kuki bigutera ubwoba kuyareka kandi iyo mutamuvugisha muba mumahoro? Ihe Christo azakurinda
@aminauwera2646 Says:
Uzamwake divorce bive munzira niho kumwiruka inyuma bizagabanuka. Wagize ibyago uhura nabarozi
@EspychousZoe Says:
Disi avuga nka lynda Ariko Mana tabara uyu mudamu muto Humura mama❤
@loulouInga Says:
Aliko sibyiza kuzana hano ibibazo bya ton mari, washatse aho ugisha inama, ko haligihe wakwiyunga nuyumugabo?
@NadineMuteteli Says:
Nonese wazashatse Elysee kwatakwanga kumusengera! Washatse mubarozi ukwiye gusenga utajenjetse
@NgaboJeanpaul-ju4zb Says:
uzongere utuzanire arine plaise❤❤ mam linda
@NgaboJeanpaul-ju4zb Says:
washatse mumuryango ukorera secyibi nugusenga cyne yesu akakubohora
@mukizasamuel7922 Says:
Madamu satani akunda amarira senga, wizere w'Imana ifit'imbaraga zirenze izo utinya, ikindi abakobwa n'abahungu mumenye neza fiancaille nkirisitu ningombwa kumenyana hagati yanyu no gusenga no kubaz'Imana umugambi wayo kurimwe.
@MariyareMarieGorette Says:
Nyabyaha byoroshye nibyo byoroshye bireke usenge
@MariyareMarieGorette Says:
Ese uyumuntu kwafite ubutesi bwinshi niba abona umwana arwaye imyuka mibi yamujyanye mumasengesho nawe akisengera ubwo Ari mubiki?
@kuradusengejeansothere6130 Says:
Imana igukize mu izina rya Yesu
@vestineshami928 Says:
Plaisir utega amatwi umuntu usa nudahari, urarangara mu buryo bugaragara. Ngewe mbona utantega amatwi wibereye muri phone. Uri kumusubirishamo ibintu yavuze urangaye. Wabikosora ukajya uha umutumira full attention nta phone. Blessings
@natetemritha2685 Says:
Senga cyane mama,kd ihangane
@BitangimanaEliane Says:
Pore sana mama nusenga bizahera
@gajuselaphine3054 Says:
Egera Imana cyane izakugirira neza kandi igihe cyose utarabona igisimbura amafaranga aguha ntuzamurege
@MukeshimanaDativa-j1u Says:
Abo nabazimu bazamwica uzamunjyane kwa papa king
@SolinaKayitesi Says:
Komera komera Mwijuru hari lmana! Imyuka mibi ibaho cyane! Nange byambayeho nabana bange !
@MukeshimanaDativa-j1u Says:
Bamwohereza amahembe
@MukeshimanaDativa-j1u Says:
Mamawe nie wamushize agatunzi
@MukeshimanaDativa-j1u Says:
Mbega ubuzima ihangane mama
@gisellentabudakeba4739 Says:
Yesu Kristo wabambwe kumusaraba igorogota uziko abantu benshi bashize Yesu Kristo wogahekawe uri inshuti umukiza umurengezi ubuhungiro Yesu Kristo weeee ubehafi yuyu mukobwa wawe waviriye wamuvo wamaraso hallelujah hallelujah🙌
@kanyangeillumine942 Says:
Nasenge cyane Uzatubwire namakuru ya mama Linda turamukumbuye
@NiyonzimaJeanine-l2t Says:
Iga kubaho Nkutamufite niyonama nakugira kd ushake Abakozi nimana batari Babatubuzi Bagusengere kda wige Kuzigama uwo sumugabo nanjye u wanjye Yajyagankubita nimbere yabakozi na ba client nindaya Azijyamo Ukwabishaka duhora Muntonganya Zidashira nyuma naje Kwihagararaho Mubwirako Niyongera Kunkubita Nzamurega Arabigabanya nubwo Yakomeje ingesoze ariko Singikubitwa
@tendotendo4279 Says:
Ukuntu satani yikundirabantu bumva ngo badakoribyaha bya danger umva jyusenga u some na bibiliya
@jeaninemuhayimana Says:
Ihangane warahuritse ariko unyemerere kwite ninjiji nigute ubuzinezako umugabowawe muvugana umwana agahita aremba bikaba rimwe kabiri ntuzibukire ubu wakabaye waramu block muri 4ne uwomugabo mwibagirwe nkaho mutamenyanye ikindi igagusenga ntagokudakoribyaha aribyobisobanuye gukizwa senga igagusengarwose nicyokizagufasha kikagufashiriza umwana ikindi iyomitungo nimunayigabana ushoborakuzayigwamo cy ikakubera inyatsi rero shakibyawe jye nkubwiyeko utabura 30k yogushora jye ndabikubwira kukonabikoze natangije igishoro cy 15000 ndangurimbuto ariko zaraphashije rero nawe ndizera mubushovozi buke utaburuko witunga numwana
@imanizabayomariehuguette3047 Says:
Ihangane Mama iyi Si iriho ibintu biteye ubwoba gusa hejuru yibyo byose hari Imana, gusa abana bari gushaka ubu barasabwa kumenya neza Aho bagiye gushaka
@mukankuzijolly3913 Says:
Urarwaye mada uhite Depression cyane uzashake abaganga indera ese maman aba umurozi gute kumwana yabyaye ngo mubukwe wowe ntasoni baguturumbure kare ahubwo wanjijiwe
@illumineeumutoni5731 Says:
Plaisir uransekeje ndatembagagaye! Ngo abakozi ba ministre zose babaha ibiki? Uvuze amakuru utazi pe. Uzasubire ubaze!
@kamaberajulie9797 Says:
Washatse mu barozi
@TUMUKUNDEFOFO Says:
Ahubwo ajya kuuga nka wa mwana wa Aline adedemanga gusa birababaje gusa yajya kukazi bakajya bayakata yo gatsindwa n,lmana uwo murozi mubi
@IldegondeNISHIMAGIZWE-zl5rs Says:
Solution ya vyose nugukizwa ukiyegurira Yesu .Ukanarokora n'Umwana wawe.
@Nyirabagenzibamurange Says:
Izahindure nimero kuburyo umwo mugabo atazongera kuguhamagara kandi uhagarike kwitaba nimero utazi atazaguhamagaza izindi nimero hanyuma ujyusenga cyane kandi ayo mafranga aguha uzayamurekere uyakureho amaso wirerere umwana umwe ntazakunanira aho kugirango azagucike ureba kubera utwo dufaranga aguha natwo ntuyugiriremo amahoro kandi uve mubutesi wamugore we mujye mureka ubutesi niba uzinezako ariwe ubateza uburwayi ugirana nawe communication gute?
@GateraJonathan Says:
Mujye mureka kuba abasama
@lilianeumuhire4209 Says:
Njyewe narozwe numuntu ukora ku karere numugabo.uburozi buri hose yize no kuri campus i Butare
@Mukeshalice Says:
Plaisir urarikoze pe ntabwo abakozi Bose ba ministries bahabwa ibyo kwakiriza abashyitsi murugo,,, babaha amata namazi byo kunywa kukazi ariko sibyo gutahana pe kdi hagati ya jus i namata uhitamo kinwe kumukozi usanzwe😮 Wenda abayobozi babaha byombi

More Evangelical Videos