Kd disi ubu wasanga uje hano kuhashakira umugabo.birashoboka ko kuba utarashaka bikubereye umutwaro ariko ndakumenyesha ko ataricyo kibazo nyamukuru ufite ahubwo reba neza ko Imana iguhamya ko uri umwana wayo uyubaha kuko utubaha imwuzuza amahoro yumutima ikamuha guturiza mu bigeragezo akayiringira.abantu benshi usanga bavuga ko bakinijwe ariko ntibabashe kuyizera no kuyikoreza amaganya yabo.Bibwire Yesu wenyine
@NteziryayoPrisca Says:
That is true
Abakobwa bakuze ikibazo nyamukuru bafite si abagabo ahubwo nukuba badafite Kristo kuko ufite Kristo aba amuhagije kd azi neza ko kugira umugabo,gutinda kumubona,cg kutazigera umubona byose biri mu bushake bwa Nyagasani.
Kd ndibutsa abantu ko Yesu azarinda agaruka hakiriho abantu bashaje batarigeze bashaka kd nibaba barubashye Imana ntibizatuma batajya mwijuru
@julynyampinga6933 Says:
Ayiwee abarokore nuko wabahaye storie
@MukaniyinsabaPetoronira Says:
yesu agukoze mukozi wimana
@JeanineAyinkamiye Says:
Yesu azagukorera ubukwe bwiza narayibonyr❤
@epiphaniekamanzi8820 Says:
❤❤❤
@HelloRwanda-ck5qz Says:
Ariko 34ans ntabwo umuntu aba yaragumiwe rwose nuko wenda utabashije kwiga ariko uri muto pe!
@ruthnema1774 Says:
Bwaje ahubwo kabaye
@MukundiricyoIsabella Says:
Komera kuri yesu kuko isaha nigihe ke ntibijya birenga pe
@NancyNyiranuma Says:
Uwiteka akuremere ubuhamya bushya nshuti ya Yesu....
LATEST COMMENTS