Ibi biba bikwiye kugumanwa na nyirabyo gusa, abanyamakuru namwe mukongeza umuriro mubantu bitari ngombwa.
Ubuse uyu nagira abana bakumva avuga ko atagira umubyeyi sekuru wabobana azaba afite icyi cyo kubabwira.
Ibi ntacyo bifashije pe
Ngo zaburi nshya😂
@junior1209 Says:
Young gul umubyeyi wawe ni umubyeyi wawe. Wegere abakuze mu mwuka no mubitekerezo bagufashe naho ubundi iso ni so ntakimukuraho ntanicyamusimbura. Igikomere kirumvikana ariko kiravurwa kigakira, bitabaye ibyo nabawe ntaho bazagicikira.
LATEST COMMENTS