Nta MUPAGANI Ukibona ibintu BY'ABAROKORE BIRYOSHYE???? Mwabaye INJAJWA????Niba Imana IGUTUMYE kuri PREZIDA
Nta MUPAGANI Ukibona ibintu BY'ABAROKORE BIRYOSHYE???? Mwabaye INJAJWA????Niba Imana IGUTUMYE kuri PREZIDA
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

LATEST COMMENTS

@vicentiyakaremye5831 Says:
Ariko umupagani Niki??amateshwa ,amafuti ndetse noguta umuco wiwanyu mukadapta imico yabanyamahanga ibyo byamaze kubahindura abapagani Kubo mwita abapagani rwose
@FaithfulWinner-u4w Says:
MURI MAKE, HABA HARATEGUWE UMUSHINGA WO GUSHYIRA IBISITAZA IMBERE Y'ABANA B'IMANA B'UKURI, NGO BARANGARIRE MURI IZO NKURU ZIDASHINGA. MU GIHE BAKABAYE BASABANA N'IMANA , BASENGA BASOMA IJAMBO RY'IMANA. ABO BABA BATUMWE NIBA MUTARI MUBIZI. NTIMUKONGERE KUBITAKAZAHO UMWANYA. NDABABURIYE.
@FaithfulWinner-u4w Says:
NCYUMVA INTRODUCTION Y'IKI KIGNIRO, NAGIRA NGO MBABAZE IKIBAZO? NTABWO MURASOBANUKIRWA KO BIMWE🎉🎉🎉 BIBERA KURI SOCIAL MEDIAS BIKORWA BYAGAMBIRIWE? NIICYO BITA RUKEREREZA. NI IBIRANGAZA ABAGENZI, BAMWE NI ABA AGENTS BAABA BATUMWE NGO BARANGAZE ABANA B'IMANA. BIBA BYARAPAZWE BABA BAZI IBYO BAKORA.
@byupierronne Says:
Uravugisha ukuri mubyeyi,Imana iguhe umugisha
@ngirababyeyiyves6637 Says:
➡️ Ibya social media zabiyita abakozi b'Imana ibyinshi nta kuri kubirimwo....ni udutsiko twabantu cgwa umuntu 1 bagambiriye gushaka indonke muburyo ubwaribwo bwose.....mubujiji bwinshi. ➡️Barashaka kumenyekana kurusha Imana biyitirira...barashaka views.. ni inda Nini gusa. ➡️ Kubuhanuzi ho ni akumiro pe....abantu babakiristo si uko bakunda ubuhanuzi gusa..... Ahubwo muri kamere nyarwanda abantu bakunda *kuraguza* abantu benshi basenga nk'abaraguza pe!!!!! ➡️ Itorero ryo ryarangiritse....
@NyirabananiFrancaise Says:
Abanyamakurunamwe mubijyiramo uruhare mugasuzuguza izinary,lmana Nkekako icyatumye imanaibashyira mumwanyamurimo byarukujyirango mugireumumaro mugihe nkicyi nigute umuntuwese uje mumuherezamikoro haryangomubamumushaka kumenyekana ibibintu birababaje
@KubwimanaEgide-u6u Says:
muraho neza? 1.amaherena 2.gusuka imisatsi 3.gusiga inzara 4.ibikomo n'ibindi nkibyo Ijambo ry'Imana ribivugaho iki? mudusobanurire ibyaribyo. murakoze.
@KubwimanaEgide-u6u Says:
ama
@rubangukaelias Says:
Birashoka ko twabona umuntu inyuma ngo ni pastor ariko ari ihene. Ariko sibose ntimugashyire murirusange YESU adutabare kuko turibabi twese .
@alafatiog Says:
Imana ibahe Umugisha mwinshi utagabanije .Imbuga nkoranya mbaga zaradukungahaje mu by'umwuka .Ariko harmo benshi bazigiyemo bishakira kwiyungukira atari ukungura abandi kubera iyo mpamvu bivugira ibyo abantu bashaka kumva atari ibyo bakeneye kumva ngo bakizwe.Abantu rero nitumenye kumira ibyo kurya by'ubugingo no gucira uburozi bwa babuloni.Tuzabifashwa no kuba imbere y'Imana igihe cyose.
@clarisseKanzayire-cn4oc Says:
Yego pe nukuri abantu baba christo bigice nibo batumye abantu badahinduka kuko ijambo rirambwira ngo ni babona imirimo yanyu myiza bahereko bahimbaze so wo mu ijuru
@UmuhireJosee Says:
Imana iguhe umugisha Alima! igihe niki cyo kuvuga ukuri, nabonye muri comment benshi bavugango agakiza karacyabaryoheye, n' ubuntu mwagiriwe Imana ishimwe cyane kubwanyu🙏nibyo koko hari ibihumbi bitarapfukamira bayari, ariko abiyita abakozi b'Imana birirwa kumbuga nkoranyambaga, basebanya abantu batarihana iyo babibonye bazinukwa izina ry' Imana ,kubwabo ntanyota yo gukizwa bagira, babona ibibera kubiyita abakozi b' Imana ,niyo mpamvu yavuzeko agakiza katakiryoshye, si ukuvugako ntawe kacyiryoheye ariko asoje n' Ijambo ryiza ngo, Imana ntinegurizwa izuru,Bene data ibyo tubiba nibyo tuzasarura Imana iturengere Zaburi nshya Imana ibahe umugisha🙏
@josephkomezusenge3299 Says:
Abo si abarokore nabaje gutobera abarokore
@vivianeuwineza6675 Says:
Yesu wee! Imana itugirire neza pe. Ubu muri iyi minsi abo munzu y'Imana nibo bari kubuza abandi kwinjira rwose,izina ry'Imana ritukwa kubwabiyita ko ari abakozi bayo noneho amafaranga yo yasimbuye Imana mu mitima n'imibereho yabiyita abakristo. Benedata tube maso pe kandi turusheho gusenga kugirango Imana itwihishurire,dufate Kristo ho urugero tureke kurebera kuri mwene muntu kuko ibyikigihe biteye urujijo pe.
@alafatiog Says:
Yego Yego ,Tubasha gutandukanya abakorera Imana tugendeye ku ntego zabo .Byose biterwa na Motivation .Ni iki kidutera gukora ?Mbese ni Urukundo rwa kristo ruduhata cyangwa N'inyungu tuzakuramo.
@hindukirajctv Says:
Umwanzi yabibye urumamfu mu ngano
@hindukirajctv Says:
Confusion, babuloni !
@Kayitasirealimaester Says:
Erega iyo umuntu avuze ngo abantu bashizemo uburyohe, bwokuryoherwa nibya agakiza ntaba Abeshye kuko ,ukurikije ibikorwa nabitwa abarikore bo muminsi yanyuma, nukuri bitukisha izina rya yesu, yesu atubabarire, aduhe gusa nibyo tuvuga ndetse nibyo dukora
@urimutv7436 Says:
Hoya shawe... nukuri Agakiza karacyaryoshye ndetse nabagafite baracyarimo umunyu pe!. Ahubwo wowe wahuye nibirura ugirango intama zarashize... Ariko abachristo beza baracyariho ndetse agakiza ntabwo Yesu aragasukamo amazi nukuri
@urimutv7436 Says:
Hoya shawe... nukuri Agakiza karacyaryoshye ndetse nabagafite baracyarimo umunyu pe!. Ahubwo wowe wahuye nibirura ugirango intama zarashize... Ariko abachristo beza baracyariho ndetse agakiza ntabwo Yesu aragasukamo amazi nukuri
@Anonymous-tu6ud Says:
Oya ntabwo ari abapagani nabari mu itorero ntibakiryoherwa nibyo mu itorero. We need to return to our first love and stop expecting too much from people. Duhanze amaso ku Mana nibindi ntabwo byatugeraho
@yizerevalensyv2503 Says:
Kandi urumva kuvuga injajwa atari igitutsi wowe?!?! Nonese ubu hari umurokore uruta intumwa za Yesu harya buriya Yuda iskariyoti yakoze byiza ra buriya hari umurokore wari wakora amabi nk'aye ra nibwira ko mwajya murwanya ibinyu mufiteho amakuru pe uti abapagani ntibakifuza abarokore ndibaza nti ese ubaze abava mu barokore n'ababazamo abenshi ni abahe ikindi ese uba mu mitima y'abapagani keretse nawe ubarimo nibwo wamenya ibyo batekereza naho nutekereza ko uzabona ahantu hari abantu hataba ababi waba wibeshya cyane aho ntabwo haba ku isi kuko no mu ijuru satani yabonetseyo none washinga idini rifite ubwere buruta ubw'ijuru?
@phoebenyiranzabamwita6466 Says:
Bihagaze nabi pee,burimuntu wese ngo yeretswe,utari umwana wImana ninde,twese Imana iradukunda,ahubwo nibafashe imfubyi,abapfakazi,abakene,ahokujyakuma social media
@yvettedoruwase5191 Says:
Ndaryohewe weeeee yesu Alima choue wabaye umurokore cherie😍😍😍😍👌ndishimye nkuheruka ibutare disi ukiri umusilamu
@gratiablessing777 Says:
Umenye yuko mu minsi y’imperuka hazaza ibihe birushya, 2. kuko abantu bazaba bikunda, bakunda impiya, birarīra, bibona, batukana, batumvira ababyeyi babo, indashima, batari abera, 3. badakunda n’ababo, batūzura, babeshyerana, batirinda, bagira urugomo, badakunda ibyiza, 4. bagambana, ibyigenge, bikakaza, bakunda ibibanezeza aho gukunda Imana, 5. bafite ishusho yo kwera ariko bahakana imbaraga zako. Abameze batyo ujye ubatera umugongo. 6. Kuko muri bo harimo abagabo bomboka mu mazu bakanyaga abagore batagira umutima, baremerewe n’ibyaha, batwarwa n’irari ry’uburyo bwinshi, 7. bahora biga ariko ntabwo babasha kugira ubwo bamenya ukuri. 8. Nk’uko Yane na Yambure barwanije Mose, ni ko n’abo bagabo barwanya ukuri. Abo ni abononekaye ubwenge badashimwa ku byo kwizera. 9. Ariko ntibazabasha kurengaho kuko ubupfu bwabo buzagaragarira abantu bose, nk’uko ubwa ba bandi na bwo bwagaragaye. 2 Timoteyo 3: 1- 9 -------------------------------------- Sinzi impamvu mudasoma ijambo ry Imana ngo mumenye ibihe tugezemo koko?? Kuki se mutangazwa nibiri kuba?? Kandi mumenye kwuvuga iby Imana neza. Mwivuga abarokore ahubwo mujye muvuga ngo abarokore bamwe . Ntago ari bose Njye ndacyaryohewe no kuba umurokore kuzageza Yesu agarutse
@MarijoseUsabyemariya Says:
Oyaweeeeee umujyeni wakristo aracyahari turacyaryohewewe pe ndetse cyaneeee kuko social media ntiyarusha Mwuka Wera uturimo imbara abatucyisha izina ryiMana izabibabaza arkonjewe ndumva Kristo nkimukunze cyan kd Data ntibamurusha Imabaraga .
@JustineMuhoza-n4x Says:
Tuzabamenyera kumbuto zabo
@JustineMuhoza-n4x Says:
Abavuga Yesu Bose suko arabakozi b Imana hari nibirura kandi muminsi yanyuma iraruhije
@isarotv6229 Says:
Wahora niki wamubyeyi we ko bibabaje, izina ry' Abarokore ryarandujwe ariko bacye barahari bakomeje kuririnda

More Evangelical Videos