Yego pe nukuri abantu baba christo bigice nibo batumye abantu badahinduka kuko ijambo rirambwira ngo ni babona imirimo yanyu myiza bahereko bahimbaze so wo mu ijuru
Yesu wee! Imana itugirire neza pe. Ubu muri iyi minsi abo munzu y'Imana nibo bari kubuza abandi kwinjira rwose,izina ry'Imana ritukwa kubwabiyita ko ari abakozi bayo noneho amafaranga yo yasimbuye Imana mu mitima n'imibereho yabiyita abakristo. Benedata tube maso pe kandi turusheho gusenga kugirango Imana itwihishurire,dufate Kristo ho urugero tureke kurebera kuri mwene muntu kuko ibyikigihe biteye urujijo pe.
@alafatiog Says:
Yego Yego ,Tubasha gutandukanya abakorera Imana tugendeye ku ntego zabo .Byose biterwa na Motivation .Ni iki kidutera gukora ?Mbese ni Urukundo rwa kristo ruduhata cyangwa N'inyungu tuzakuramo.
Oya ntabwo ari abapagani nabari mu itorero ntibakiryoherwa nibyo mu itorero. We need to return to our first love and stop expecting too much from people. Duhanze amaso ku Mana nibindi ntabwo byatugeraho
@yizerevalensyv2503 Says:
Kandi urumva kuvuga injajwa atari igitutsi wowe?!?! Nonese ubu hari umurokore uruta intumwa za Yesu harya buriya Yuda iskariyoti yakoze byiza ra buriya hari umurokore wari wakora amabi nk'aye ra nibwira ko mwajya murwanya ibinyu mufiteho amakuru pe uti abapagani ntibakifuza abarokore ndibaza nti ese ubaze abava mu barokore n'ababazamo abenshi ni abahe ikindi ese uba mu mitima y'abapagani keretse nawe ubarimo nibwo wamenya ibyo batekereza naho nutekereza ko uzabona ahantu hari abantu hataba ababi waba wibeshya cyane aho ntabwo haba ku isi kuko no mu ijuru satani yabonetseyo none washinga idini rifite ubwere buruta ubw'ijuru?
@phoebenyiranzabamwita6466 Says:
Bihagaze nabi pee,burimuntu wese ngo yeretswe,utari umwana wImana ninde,twese Imana iradukunda,ahubwo nibafashe imfubyi,abapfakazi,abakene,ahokujyakuma social media
Oyaweeeeee umujyeni wakristo aracyahari turacyaryohewewe pe ndetse cyaneeee kuko social media ntiyarusha Mwuka Wera uturimo imbara abatucyisha izina ryiMana izabibabaza arkonjewe ndumva Kristo nkimukunze cyan kd Data ntibamurusha Imabaraga .
@JustineMuhoza-n4x Says:
Tuzabamenyera kumbuto zabo
@JustineMuhoza-n4x Says:
Abavuga Yesu Bose suko arabakozi b Imana hari nibirura kandi muminsi yanyuma iraruhije
@isarotv6229 Says:
Wahora niki wamubyeyi we ko bibabaje, izina ry' Abarokore ryarandujwe ariko bacye barahari bakomeje kuririnda
LATEST COMMENTS