Ariko Mana we urigitangaza koko uruwambe ukanikurikira komera urengere umuryango w Aline na bana we p.🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
@Letters7 Says:
MUSEJYERE KEVIN CYANE NUBWO ATARWARA ARIKO BANUTEZA IBYO MURI MIND WHICH IS WORSE MUMUSEJYERE NIYO ATAVUGA , ARIKO IMANA IZAKORESHA ABABANA
@Letters7 Says:
LINDA IGA UBONE AMANOTA UZABA UMUGANGA , KANDI NABO BANA UZAFUNGURA ICUMBI RYABABAYE KANDI NIVURIRO LINDA NTAGO ARI DREAM ZABANA NI IMANA IBA IGUHAYE PURPOSE , NAJYE NAKUZE NKAWE ARIKO IBYO BYO GUFASHA ABANA NIBYO NDIGUKORA NAJYE IMANA YANGANIRIZAGA GURYO
@makomaribigman Says:
Isengesho ryawe ririmo ubwenge Mwuka wera. Mana omora imitima y'aba bana. Twizeye ko uzabatabara Nyagasani. Satani ubaritsemo azatsindwe
@davincikerr3942 Says:
Ndabasabira, ndabasengera, Imana ya amahoro nyirubugingo yabarinze ikabakura mu menyo yi intare, ibakize imyambi ya sekibi ibacyize, twese tuzaririmba indirimbo zo gushima🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽
Nanjye bashiki wu umugabo bambwiye ko nzahamba urubyaro rwanjye rwose mu mumuyaga ngo nzichwa na agahinda mbareba ubu niko bimeze ubuzima bwabo burambabaza cyn kd ahantu ndi hari opportunities kuri buri buturage wese waho nubwo natandukanye na musaza wabo bara cyatotezanya nabana banjye aho turi kubona abana bose baratwawe ni ibiyobya bwenge bitandukanye 😭😭😭😭😭😭😭
@hajatihajati5357 Says:
Nanjye ndiho nku utariho kubera umulyango na shatse mo kd imyaka ibaye myishi ibyo bankoze nabana banjye nuko ikibabaje cyn nuko banyangishije abana banjye kd nabo ntibabakunda
@maraym1118 Says:
Mukomere muri Kristo kuko akomeza kubana namwe abwagwanira imyuka mibi yasatani imana ya barinze mukiva Munda ya mama wanyu kugeza nubu naho muzoja
@maraym1118 Says:
Nanje muze munshimwo murugo rubuga rwogusenga
@هاجرالدوسري-ش7ض Says:
Yooooooo!!!!!
@antoniamukongango739 Says:
Imana Irabazi bana beza kandi turabasengera müziği ndetse mugere kure Imana ikomeze ibarinde amaraso ya Yesu abatwikire umwukan’umubiri birindwe n ‘Uwiteka Imana nyiribihe byose 🙏 🙏🙏🙏🙏🙏🙏
@alinemabiala4968 Says:
Nukuri Linda she is very intelligent nubwo aca mubikomeye.Imana iri kumwe namwe Ngabo za yesu. KEVIN azaba Umuvugabutumwa ukomeye.Aline keep it up, don't give up
@MukarugambwaAnneMarie Says:
Uwiteka azi byose mubye
@allliancechoir252 Says:
iri ni isomo ku barimu. quelques fois rwose tubona abana bameze batya tukagira ngo ni ubuswa gusa kumbe there is something behind? Mana ujye udufasha tubashe kubumva.
Aba bana bafite imyaka iingahe? Ndumva kevin ari umugabo. Imana ibagirire neza. Linda, uzakore amasengesho sec, nugira inyota wihangane, icyo gihembe kigutwara umwuka kizahunga. Uzajya utura imibi nibwo buryo kizasohokamo
@muhimpundumariegrace3230 Says:
Mwumve ukuntu Linda iyo asenga avuga neza!!!hari imbaraga mu isengesho , Ibya mubuzaga umwuka bihita bihunga ,satani ni umubeshyi kandi Yesu yaramutsinze by iteka ryose.
LATEST COMMENTS