Yesu mwiza weeee
Ibyo gutwita byo birahebujeee. Yesu uturengereee. Kandi uzomore Aline ibikomere
@MugishaJanet-cj4yh Says:
Just, just watinze kumenya Yesu neza n'imbaragaze uwo mutindi uba warahanganye nawe ukoreshe Gusenga
@elsaruhaya385 Says:
Niko nimyumvire ubugoryi ngo abayashakaga bose yarabaryamana muri dortoire, abakobwa bose beza yarababonaga? Mumbarize uti se ko wowe wabashakaga, bo se baragushakaga rà? Niko? Ubwo se icyo kigoryi ntabwo cyamenye se ko ntawagikunda rà ?😅😅😅😅
@AlolkAlkj Says:
Satani numugome nukur😢
@IngabireFrancoise-c7j Says:
Ese satani nawe ararema ko numva sekibi yarabaga abizi ko ugiye gutwita iyo nda yabaga ivuye kumana?
Is it possible to exchange with you on one of your topics in English or French, please?
@AfrobelOfficial Says:
Mwiriwe neza Plaisir Ntaganzwa. Umbabarire nkubaze ikibazo before going further. I can talk in Kinyarwanda a bit, but it's not my mother tongue language nor my usual language.
@angalmaria3889 Says:
Yezu weeeeee
Dutsindire Sekibi n'ukuri
@UwamahoroRebecca-ep8lw Says:
Mama humura dushobozwa byose na kristor uduhimbaraga ubuhamya bwawe bunyemezako yesu akiriho iyankijije umutwe udakira haburagato ngo nsare iracyakora kd kristor sumukene
@chishamakecatherine3882 Says:
Ese ko mwigeze muvuga ngo nyina wa Maman Linda yapfuye haribyo atamubwiye kdi kuriki gice ndumva ahari
@Capy-xo1 Says:
Hezagir
@veredianamukamazimpaka7008 Says:
Komera mubyeyi mwiza Uwiteka azabagirira neza
@MarieOdetteNDAYIKUNDA Says:
Yesu azigame abana bayo, kandi Imana ntawe itaha imbabazi mu gihe yihanye, Imana itabare uyo muntu akizwe aha ndavuga Se w' Abana ba Aline, kandi aho yagejeje akorana nimyuka mibi aronke inguvu zo kwamamaza Uhoraho, muze tumusengere Imana imutabare kandi Aline nawe umuhe imbabazi nubwo yakubujije, nta caha kidaharirwa
Mfite ikibazo kimwe uyu mubyeyi iyo avuga ko numva yakijijwe mbere ,abana yabyaye mbere atabyaranye n"umugabo we yabyaranye na nde ? Yasubiye inyuma arasamba ? None se uyu munsi uretse impano yo gusenga no kwerekwa numva afite ; arakijijwe yakiriye Yesu nk'Umwami n'umukiza we?
@clemauwingeneye5898 Says:
Imana Ishimwe ko Atakwanduje uburwayi
@graciaparker1840 Says:
Imana yo mu ijuru ni yo izi ikiri muri roho y'uyu mugabo. Jye ntekereza ko na we bamutambye ikuzimu, umubiri we ukaba wambawe n'umwuka mubi, hanyuma uyu mwuka mubi ni wo Aline yahuye na wo. Imana idakiranirwa ibohore uyu muryango nukuri😭😭😭😭😭 Ishyireho iherezo ry'iki kigeragezo, ihishe Aline mu maraso ya Yesu kdi ibohore roho y'uyu mugabo (Sekibi) kuko yo ntijya ikiranirwa, 😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭
@ikagi-k8u Says:
Uyu wa facebook we ni gaheza, yewe abagomba gukurikiranwa ni benshi pe, ubwo se ntibari baziranye n'umugabo akamutuma ngo nihazamo undi mwana azabone abana be.
@ikagi-k8u Says:
ubu nibwo numvise impamvu wamuhaye abana yari yagukuyemo umutima kubw'iyo nda ya 3; linda ariko yari yarabivuze ko mama yaje kubatwara atwite inda nkuru.
LATEST COMMENTS