UMWANA WA ALINE????Nicaye ku Ntebe ya RUGAGI nuzura ABADAIMONI????Ndarana n'INZOKA????PAPA anyinjiramo Akavug
UMWANA WA ALINE????Nicaye ku Ntebe ya RUGAGI nuzura ABADAIMONI????Ndarana n'INZOKA????PAPA anyinjiramo Akavug
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

LATEST COMMENTS

@ZuwenaKgl Says:
Nukuri lmana ishobora byose pe
@mutonijustine3465 Says:
Muduhe channel ya Kanguka. Mutabare abantu b'Imana abananijwe ni benshi cyane
@mutonijustine3465 Says:
Ohhh my Goddess! Ntabwo mbasha kwiyumvisha ubu buremere bungana gutya😢😢😢 Mubyeyi Aline warababaye pe ariko humura pe iyatabaye biriya bihe byose byatambutse iracyahari p! Mwa bavandimwe mwe mutwarire umutwaro uyu muryango😢😢 Nizemo byinshi cyane cyane! Burya Koko abo turwana nabo si abantu b'inyama n'amaraso. Intambara yo mu mwuka irakomeye ariko Imana iri hejuru ya byose
@LovelyHikingTrail-lh6hq Says:
Nziyuko ushobora byose ntakibasha kurogoya imigambi yawe 🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
@muroramary3019 Says:
Humura mubyeyi nturi wenyine kuko abo mufatanije urugendo rujya mw'Ijuru tuzajya tubasengera kandi Yesu arakora kandi ntakimunanira komera rero satani ntabwo arusha Imana yacu imbaraga.
@muroramary3019 Says:
Nyamuneka Plaisir uyu mubyeyi tumushinganishe mumaraso yayesu atazaba nka wawundi baboneye akaga kwa Rugagi bikarangira anapfuye.
@yvettemunezero5599 Says:
Imana irikumwe nawe Aline. Humura abavuga ko urimo guhimba ukongorera umwana kuruhande bareke, twe dusenga turabizi ko imyuka mibi ibaho. Ndakumva cyane.
@ChantalIngabire-gf9sn Says:
Uwo bamutanze ikuzimu 😢😢 aba paster biyiminsi bakoresha imbaraga za Satan 😢😢 pole sana
@SandrineAjeneza Says:
Mama Lynda vyukur ur Niman mur wew ikomez ikugwanir gushik ahuzotahir
@MudubitsiKevin Says:
Iyo uri igishwi n' Imana irakureka, gukubitwa, gufungiranwa, gushukwa, iyo mbwa irinda kukugira gutyo nta bwenge ufite? ubuhamya bwawe narabukurikiye ariko uri fake, nge nari kucyica.
@UwanyirigiraAimeekevine Says:
Kk ubuzima bwabana Bana nase n'ibwo nabayemo ninkuru ndende arko lmana yaye muruhande rwange
@UwanyirigiraAimeekevine Says:
Yoooo😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢 ubunibwo byumvise niriwe Indira umusi wose none wampuza na Aline ndakwinginze
@kamikazigracia2529 Says:
Yesu wee mbega ikigabo cigikoko uraba igikoko nokubana bawe uyo numu sociopath anezezwa nokubabaza abantu. Imana itabare uyu mu innocente wumu mama nabana biwe.
@jacklynmusemayiremuganga832 Says:
16:16 Ayo magambo iyo dayimoni iri mur'uwo mu papa, ateshejwe agaciro mw'Izina rya Yesu Kristo, amaraso ya Yesu yatandukanije ubwami bwa Satani n'abana b'Imana. Nti mwizere Ibyo yavuze ahubwo mwizere Ijambo ry'Imana, niryo kuri kandi niryo buzima. Aline wowe n'abana bawe mutwikirijwe amaraso ya Yesu kandi Imana ibafiteho umugambi mwiza, icyo yabavuzeho nicyo kizasohora. Mukomere, turi kubasengera rwose kandi Imana ni nziza.
@Letters7 Says:
NUKURI IMANA IRASHAKA KO ABAROKORE TWESE IMANA IRASHAKA TWIYIRIZE NGO DUSEJYERE ABABANA NUKURI N' IMANA UTUYOBORA DUSENGE
@Letters7 Says:
Nukuri dushobora kubana nimero twafashiriza ho aline , kuko Imana iribikutubwira ryose , niyo yaba atariye ariko yubutumwa
@Letters7 Says:
Mbega indirimbo imfashije cyaneee 🎉🎉❤❤🎉🎉❤❤🎉🎉
@ujenezaclarisse4677 Says:
Kanguka ya chris Ndikumana rwose hakiriramo benshi Uyu muryango rwose muzasengane na Chris muzakira
@davincikerr3942 Says:
Imana ihabwe icyubahiro kurukundo rwayo, ihabwe ikuzo ku bw' imbaraga zayo. Ihabwe ikuzo igihe cyose.
@davincikerr3942 Says:
2016? Ese ibibintu nobya cyera gutya? Imana iguhe umugisha mwana w'Imana
@dieuestamourjesusnotresauv6353 Says:
Mana yanje Garukira uyu mubyeyi nurubyaro rwe Mana Iyerekane ko URI IMANA Usumva byoose. Uyu mubyeyi aririmbiye Imana ndarira Mana kora ibitangaza wiyereke isi kubwuwu muryango weeeee ndafashijwe cane kandi ubahezagire kubwAmaraso numubiri wa YEZU KRISTU ISAKRAMENTU RYERANDA RY UKARISTIIYA AMEEEEEEEEN. YEZU KRISTU YEZU KRISTU YEZU KRISTU ububasha Bwawe bubabeko isi yoooose imenye ko Uri kungoma ameen
@CarineNdayishimiye-g9h Says:
Imana ikugwanirire
@cutiesandfunny107 Says:
Uzahuze Aline ba Mama Leatitia ❤
@mujamberebrigitte2528 Says:
Imana iguhe kwihangana yonggere ibohore uwomugabo Aline nabana amaraso ya Yesu abatwikire
@maniraguhavestine-yx9zy Says:
Ko meza ugire kwihanga Yesu ntazakureka muracyari kumwe
@anastasieumubyeyi4347 Says:
Humura Aline we turahari dusengera mu matorero atandukanye n'uko tuba tutabonye umwanya wo kwandika
@d.r5870 Says:
Ntawe uhitamo aho avuka kweli, aba bana babyawe nuyu mugabo Imana ibarengere
@mathieuniyimbona7985 Says:
Yesu akuzigame mubandanye gusengana na kanguka by Chris NDIKUMANA
@nellyndayihaya9984 Says:
Ewe Mana uri Imana nkuru !!Aline n'abana humura mwegamiye umugabo akomeye kuko Yesu yaranesheje
@alinemabiala4968 Says:
Kubera iki mutajyana Rugagi muri RIB?
@oma3795 Says:
Nuri ndabikubwiye ndumva uyu muvyeyi arimwo ihishurwa rikomeye guko ariko anduhumurira kwama turi imbere yimana guko iyataba yaramenye lmana aba yarafuye😢😢
@athanasiebampire420 Says:
Plaisir we nawe ufite umutima ukomeye pe gusa Imana irahababaye
@NiyonkuruPauline-i1r Says:
Ariko mujye mudusabira kuri nyasani aduhe kwizera gufatika ko ibigusa aribyishi kwisi
@NiyonkuruPauline-i1r Says:
Nukuri numvise Aya mateka ikinigi kiraza niguteumuntu imana itanga kwihangana kungana guty
@NiyonkuruPauline-i1r Says:
Nukuri imana irakora ariko ndibaza niba uwo muntu akiriho
@pascalbukuru-ws1fk Says:
Ubuhamya bukwije ivya ngombwa 100%
@pascalbukuru-ws1fk Says:
Mutitaho cane abagira commentaire ,abo muri gufasha n'ubwo buhamya barahari ,ubundi kiremwa muntu ni ikiremwa kigoye cane
@abezabrain7259 Says:
Uwiteka we nyeza untunganye
@abezabrain7259 Says:
Wa mubyeyi we warabonabonnye, gusa komera
@chishamakecatherine3882 Says:
Uziko wagirango ni film kweri!Mana we birababaje Imana ikubere maso nukuri
@LovejoySlachuubo Says:
Ubu buhamya narabukurikiye kuva butangiye nkajya numva ijwi riri kumbwira ngo phone yawe bazayiba ntuzaburangiza none koko barayibye ikigice ngombye gutira phone uko byagendakose nange nizera kuzakirira muri ubu buhamya so ntitwakurambirwa kuko nImana yagutumye tukuri inyuma cyane ko aritwe bifitiye inyungu God bless u
@TYFashion_cosmetics409 Says:
Musengere muri kanguka muzabohoka.Plaisir ayiguhe izagufasha
@cecilebukuru2298 Says:
Plaisir uvuze neza.Nta wabuza abantu ko bandika comentaire bishakiye.Kwandika disi.
@mujawayezuannonciata4014 Says:
Mukomeze musenge Yezu ni muzima !!! Bazajya bavuga ngo nawe uraroga kuko ibyo bakora siko bibageraho!! Ibyo bya marie josée nibyo n'imiserebanya aba ali umuntu!! Mbifitiye ubuhamya nanjye. Aho mbonye bili nshobora kubona amazi ashyushye mbimenaho kuburyo iyo bimbonye biranyitsimba!!! Komera mubyeyi uli mw'ishuli ariko uzarisohokamo amahoro. Wazampa number yawe tukavugana!!
@nurusafitv3594 Says:
Bnjr plaisir, mrc pr la belle chanson
@suzannenibizi9594 Says:
Aline ni intwari. Imana irakomeye iteye ubwoba. Iratabara pe. Mugabo nunva avuga ngo akana gato. Bivuga KO hari uwundi mwana mugabo sinigeze nunva ryari uwo mwana yavutse. Kandi ngeze ku gice ça 11. Ntavyo ndunva.
@patriciauwimbabazi8634 Says:
Mana tabara izi nzirakarenganeeee.
@rosebahizi7805 Says:
Mubyeyi nagukurikiranye inshuronyinshi nicecekeye nabuze ayoncira nayomira gusa ubuhamya bwawe bwarankanguye buntera guhindura isengesho kuko burya zambaraga ziriho kdi zirakomeye bamwe turazimva tukabifata nkibisanzwe Imana igihe umugisha uri intwari mubyeyi uwiteka agukomereze amaboko mubyeyi urokoye benshi
@clemauwingeneye5898 Says:
Mbega satani weee Imana Ikomeze Imugutsindire Umuntu ugera kurwego rwo kujya kumashuri yabana guterayo amabuye uzi ko satani yamuhinduye imbobo😢😢😢 Imana Ikomeze Iguhe Imbaraga cyane Arine komera pe
@ThacienneMURERWA Says:
Imana yo mwijuru izaguhe ubugingo naho isi yo yarakubabaje mubyeyi gusa isi yo ndabona Ari danje

More Evangelical Videos