Yooo???? UMUKOBWA MWIZA wanzwe n'ABABYEYI BE BOSE???? Ngiye kwicwa n'AGAHINDA???? Njya Nicara nkavuza INDURU????
Yooo???? UMUKOBWA MWIZA wanzwe n'ABABYEYI BE BOSE???? Ngiye kwicwa n'AGAHINDA???? Njya Nicara nkavuza INDURU????
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

LATEST COMMENTS

@ZABURINSHYA Says:
Numero ze (GATESI: +250 788 238 504)
@KANANIJanvier Says:
Uyu mukobwa ni umusazi
@KANANIJanvier Says:
Uyu mukobwa ni umtubuzi yarananiranye nda muzi yarazengurutse ingo zose zo muri gatsibo arabananira, gukorakora kutumva ,kubeshya cyane ,yarananiranye rwose ,murebe niyo number yatanze niba ariye
@KANANIJanvier Says:
Uyumukobwa nta sobanura ibintu neza harimo no kubeshya nubwo yiriza
@eugenientihabose1196 Says:
Mpore mpore mukobwa mwiza
@mwariwasenoella Says:
Sinkunda kuvuga ariko uyu mwana nawe sishyashya pe uburyo avugamo adasobanura ibintu sinzi gusa yarababaye niyihangane ariko njye yanshanze
@ThéclaMugiraneza Says:
Kubera abantuu bafise agahinda barira muze murondera papier mouchoir mubahe canke mubabwire batwizanire kugira bazee bihanguza amarira canke uruseru
@nezaalphonsine3076 Says:
Oyaaaa ibyoyavuze birahagije,mukase yaramwokeye,mukuruwe avayo adatwaye n,imyenda,ise yanga kumurihira,kwa nyirasenge bati uratwiba etc...ugirango yimenindaaa,wimushuka
@sibomanajoseph2498 Says:
Habayiki ngo bagutware
@sibomanajoseph2498 Says:
Amatek ye niyo yange gus mwakurikira indirimbo nasohoye yitwa narahindutse by joseph
@nirereangele4605 Says:
Gatesi uzemerere Yesu yomore umutima wawe ni ubwo bitakoroheye, we ashoboye byose
@leonilleanny8758 Says:
ariko PLAISII uwo mwana umuhaye serviette akihanagura waba iki? zirahenda cyane kokooo? MANAAA
@Ange-hp7lh Says:
Iyantabaye nawe izagutabare
@Ange-hp7lh Says:
Komera lmana iracyakora imirimo ntabwo ijya ihinduka
@Ange-hp7lh Says:
Narinziko mwisi arijyewe njyenyine wanzwe numubyeyi
@Ange-hp7lh Says:
Aroko ndashimira lmana yankuye mumubabaro ikampa umugabo unkunda akamara umubabaro
@Ange-hp7lh Says:
Yooo ihangane nanjye mama yaranyanze ageza nubwo ajya kunyihakana murukiko
@karambizicyprien1924 Says:
Mpora nibaza igihe cyose ku mpamvu leta itarengera aba bana babuzwa uburenganzira bwabo n'ababyeyi babo kdi mubyukuri bifite. Bakagombye gukurikiranwa na RIB.
@estellaniyonzima3031 Says:
😢😢😢
@umumararungunizeyimana5560 Says:
Baguhoyiki?
@niyomucyonadine387 Says:
Njyushaka udupapiye mushwari abantu bihanagure
@Alice-y2g Says:
Babyeyi mujye mufata ibyemezo mubanje gutekerezaku ngaruka zabana banyu
@KayesuAnnet-k5s Says:
Njewe nago nasobanukiwe pe ibintu bibi nibicyi bagukoreye nibanga se kubukivuga kandi waje kuvura ibikomere koko ibyiza wavuga byose kuko ibitse byinshi watinye kuvugira hano kubera family yawe baguteye ubwoba pe ariko mbabarira ubohoke byose ubivuge kugirango ubashe gukira nukuri
@MunganyinkaJeanne Says:
Ababyeyi bagusiga, abavandimwe bakwanga, umugano yahusiga ariko yezu ntiyagusiga. Gusa imana yaguhaye ubuzima izanabukurindiramo knd amahoro uyabone uyageze kubandi ndetse uyashyire nabatazi imana.
@GatoWilliam Says:
Imana yo mwijuru irahari mam kandi uri mu Rwanda rugukunda
@InyenyeriYurumuriTV Says:
Ubuzima mubotwita inshuti ninkamahwa ateye ateye mugiti cyumuzabibu ,ahanyurwa abashonje ,babuze ibyokurya,humura mushiki wanjye
@mosesmpfizi3229 Says:
Yoooo disi uwiteka aguhumurize kuko ufite ihungabana rikomeye
@adelineniyonshuti5507 Says:
Pore mama
@topcbmtv Says:
Plaisir, nubwo ari temoignage, ni byiza gukora recadrement , kuko abantu bose batagira enchenement logiquey'ibitekerezo, bamwe usanga ari nko guhuzagurika,
@munezerosarah-ur7vi Says:
Komera kuri Yesu arashoboye azagukira mugahinda akwinjize mumunezero
@isaacntaho3219 Says:
Yooooooooooo, humura Imana niyo ikomeretsa ikanomora, umunsi yakomoye ibikomere amarira yose ufite ntazagaruka ukundi.
@uzamukundasophie8844 Says:
Pole sana kbx oe ujye ubyereka uwiteka azagufasha nshuti yanjye
@Speedremarks Says:
Umugore wa So yaragukubitaga?ndakumva cyane nanjye narezwe na Mukadata,ariko nabayeho ndiho nawe uzabaho.nawe ibyo ucamo nizo mbaraga zejo Kibondo komeza imbere niheza
@Speedremarks Says:
Komeza ube imbere y Imana uyikomezeho izaguha ibyiza, ntucibwe intege nibyo ucamo uzahinduke uwo kwifuzwa Mwana mwiza
@Speedremarks Says:
Ihorere komera bihorere uzabaho,kubera Imana yakuremye,iirema ubundi buryo bwo kubaho ubuzima bugakomeza,wisanze mu maboko mabi nawe ndakwihanganishije,ariko Imana niyo yakuremye mbere yuko ugaragara hano ku isi icyo ukimenye.kuba ubashije kuvuga nabwo nuburyo bwiza bwo gukira rwose
@syrivainishimwe2383 Says:
Yooooo Mana we Komera Mama kd Ubuhamya bwawe nizo mbaraga Zawee.
@vennyblessed3813 Says:
Ariko Gatesi ni mwiza shenge. Imana imuhe amahoro n'ibyo yifuza kandi imwomore ibikomere byose.
@numukobwadelphine1988 Says:
Mwishavu niho hashibuka imbaraga humura
@Uwimana-xq1dt Says:
Yooo urashavuye mama ariko humura nyuma yicyo gihe urimo hazabaho ikindi gihe,abagutaye bazakugarukira humura. Yesu aragukundaaaaa cyane.
@Rugwizajane Says:
Komera ma cherie uyu munsi si ejo Imana niyo ifite ejo hawe mukiganza!komera!
@manzitheoneste8931 Says:
Gatec komera imana irakuzi bambii
@umurerwadivine6592 Says:
Mwihangane Yesu ajya yomora ibikomere kandi byose birashoboka.
@yankurijerodia3497 Says:
Nubwo uri guca mubikomeye, Imana irakuzi izakugirira neza siko bisaba kuba mwiringira humura
@UwasePauline-u4o Says:
Sorry Gate humura kuba waramenye Imana birahagije uyikomereho nabo igihe kizagera abaguhemukiye babone ko bahemutse
@UwasePauline-u4o Says:
Tesi humura nubwo wakomeretse bigatika ariko Imana yita ku bababaye ititaye kubyanaye knd ubwo wabonaga ko umuryango ariwo wagufasha Imana yo yabonaga ko ariyo washaka kuruta kwizera umuryango
@UwasePauline-u4o Says:
Chr humura Yesu azakomora iyo abantu bagutaye Yesu abatihafi yawe cyanee
@ingabirediane9701 Says:
Uyu mwana afite depression ikomeye cyane. Imana ikurengere pe. Gusa hamwe no gusenga cyane Yesu azakomora ibyo bikomere byose
@epiphaniekamanzi8820 Says:
Plaisir wakoze kumutegamatwi❤
@consoleeuwanyiligira233 Says:
Mpore shenge
@kinyanaeva9480 Says:
Ihangane mukobwa wa Yesu, gusa biraryana ndakumva barakujugunya ariko humura hari Mana igutoragura ikagukunda kdi izaguhoza' amarira aya mateka araryana ishuri ryu muryango riraryana Uwiteka akwiteho akomore.

More Evangelical Videos