Nkurunziza,ujue witondera uko Bobiliya yera yahinduwe kuko akensho yanahinduwe n'abari bafite imyumvire yo kwumvikanisha ibyo mugenderaho ngo B.M yari afite abandi bana.Ikindi mukunda kwitwaza ngo ntitugomba kunyura kuri B.M ngo adusabire,mwe ko bababwira ngo mudusengere,ari wowe w'umunyabyaha basaba ko ubasengera,ari na B.M w'umuziranenge ninde ukwiye gusengera undi?
@jeanmariekanyankore3428 Says:
Ariko nk'iyo titre washyizeho wigeze ubona hari Kiliziya yaje kumushaka cg igira uw ihamagara ngo ivuge kuri Bibiane uretse mwe abanyamakuru muba mushaka vues?
@barahiraj.claude3535 Says:
@Plaisir [ amayobera] mubyonakongeraho nuko habaho 3D na 2D ariko kimwe muri ibyo kiri hejuru y'ikindi. Bityo niba urebera muri 2D utabona ibiri muri 3D cg 4D cg 5D .
Ubwo niba Yezu yarari muri 9D akemera kuza muri 3D ni gute washyikira umwuzuro we bwite wa 9D kdi wowe ukuri muri 3D?
@nganzocele294 Says:
Emmy Pro aganira neza rwose.
@angelinagikundiro1463 Says:
Umu ati o wa Yohani ntabwo uherekejwe na Roho Mutagatifu , none muyobewe ko abatijwe na Yohani nongeye gusa ha Yezu nawe akababatiza ? Niba utanızı umenye kuhamenya , Kuko nutabatizwa ku no ku muriro , ariko gukomeza ugabwa Roho Mutagatifu ! Ntabwo uzinjira mwijuru bibaho .
@izerejoycemary3414 Says:
Kuva ubu ngubu amasekuruza yose azamwita umuhire
@ClaudineMugisha-sg9pf Says:
Ababantu babakaturika nabo kuririrwa
@MarieUmubyeyi-b3n Says:
Sha blezi uzemera nakumvishe😂😂😂😂😂
@MarieUmubyeyi-b3n Says:
Emmy ntabwo blezire yapfa kumva ibyo uvuze kuko nta phirozophi yize kd umucatorice aho ava akagera yarerewe muri phirozophi niyo mpamvu aho umu catorice aho ava akagera usanga nta butiku agira bazi phirozophi cyane
@MarieUmubyeyi-b3n Says:
Emmy uri umuhanga peee❤❤❤
@MarieUmubyeyi-b3n Says:
Bibiriya isomwa nabahanga igasobanurwa nabandi
@MarieUmubyeyi-b3n Says:
Ese blezire ushaka iki kuri kiriziya ???
@tendotendo4279 Says:
😂😂😂😂abatagatifu barigukina diru zo mwijuru
@AntoineRwakabuba-ex9dx Says:
Emmy Pro azi kuganira neza, Iby'Iyobokamana biragoye kubisobanura!!
@Inzirangufi1532 Says:
Iki kiganiro nakunze mukomerezeho
@NEWSTVRWANDA Says:
Emmy rwose wavuye mu iseminari ya Kabgayi nta gipadiri wagezemo!!!!!
@NEWSTVRWANDA Says:
Uyu munyamakuru ni ikimara!!! Synod ntabwo yigeze yiga n'ibyo bintu uvuga!!! Shaka IMYANZURO ya synod wa njiji we y'umunyamakuru!!!!
Yezu yaramuvuze ,yavuze ati nguyo nyoko wawe abibwira Yohani ati nguyo nyoko wawe none aho ntabwo wumvako Marie ari umuvyeyi wa twese Yohani nawe ari.mucicaro c,abana
@claudinengendakuriyo4696 Says:
Plaisir nawe va murujijo kuko mwebwe mwama muvuga ko yavyaye abandi bana umva mwebwe musama une seul ligne gusa mugaca muvuga commentaire ubwonyene yezu yishuye ko abavukanyi be ari uwowese ymera ijambo ryiwe, ikindi ibuka ko munsi y,umusalaba yaduhawe n'a yezu ubundi nuko muvyirengagiza gose
@ayingeneyeeuphrasie4151 Says:
Ukwemera k'umuntu Niko kuzamujyana mu ijuru, nta dini cg itorero rizajyana umuntu mu ijuru, dusabe inema yo kuyoborwa na Roho w' Imana
Plaisir, kuko Roho Mutagatifu yakuyeho amayobera. Mfasha gusobanurira umuyisilamu uvuga ati abakristu ntibemera Imana imwe kuko bavuga Imana Data, Imana Mwana n’Imana Roho Mutagatifu/Mwuka wera. Bakongera bati Iyo abakristu bavuga ko Yezu ari umwana w’Imana biba bivuga ko Imana yabyaye indi Mana, bityo ntikiri Imana imwe. Ngaho sobanura Ubutatu Butagatifu ukuntu ari Imana imwe. Usobanurire umuyisilamu ku buryo asobanukirwa n’imirimo ya buri muperisona. Urakoze
@marielouiseukizemwabo4703 Says:
Hello muvandimwe Plasir njye ndifuza ko twaganira kuri izo ngingo zananiye uyu muvandimwe Emmy pro. Kandi uzabyumva birenze.
@rosinem.1620 Says:
Abatagatifu rero si abazimu, Yezu ubwe yavuze ko « umwemera wese n’aho yaba yarapfuye, azabaho iteka,,,: Yohani 11:25 ».
Imana yibwira Musa igira iti: « Ndi Imana ya Abrahamu, ya Izaki na Yakobo, (Matayo 22:32; Iyimukamisiri/Kuva 3:6). Ntabwo ari Imana y’abapfuye ni Imana y’abazima.
@rosinem.1620 Says:
Amahoro ya Kristu bavandimwe,
Dusome bibiliya:
1) Bibiliya Ntabwo itubwira amakuru yose y’ubuzima bwa Yezu igihe yari mu buzima bwa muntu (Yohani 21:24-25).
2) Icyo gusabira abapfuye rero, byose biterwa n’ukwemera k’umuntu. None se ko Yezu yavuze ngo iyaba mwari mufite ukwemera kungana n’a kabiri ka sinapisi mwabwira umusozi ngo imuka ukabumvira (Matayo 17:20), none se niba abagatolika bafite ukwemera guhamya ko impuhwe z’Imana zitagira umupaka, kuki mubitimdaho??? Impuhwe z’Imana rero nta dini rishobora kuzitangira, Imana y’imbabazi ishobora byose no kubabarira uwapfuye irabishoboye. Kera ho ngo habagaho no kubatirizwa abapfuye batabatije ( 1 Kor 15:29)
3) Muti kuki abagatolika biyambaza abatagatifu ngo babasabire. Ese wowe kuki usaba abinginzi mu rusengero uteraniramo ngo bagusabire? Ese wowe ntiwakwibwirira Yezu directement?
=> muti ninde muntu ufite uburenganzira bwo kwita undi umutagatifu?. None se ko ntarabona muvuga ko gutanga imidari y’intwari mu bihugu ari ikibazo? Kiliziya itora intwari zayo ikazambika umudari wo kuzita abatagatifu. Nk’uko intwari zose zo mu gihugu zitahawe umudari (hari intwari zitazwi) niko hari imbaga nyamwinshi y’abatagatifu mu ijuru ariko siko bose kiliziya yabambitse umudari w’ubutagatifu ariko Imana yarabakiriye nicyo gikuru ( Ibyahishuwe 7:9)
@SBT_24 Says:
Abantu twitwako dukurikiye Kristo dukwiye kumenyako amadini yose kuva kurya mbere kugeza kurya nyuma dufite mu Rwanda yifitemo ubuyobe bwatuma utagera kuri Kristo. Ntago guhindura idini nabyo ari igisubizo ahubwo nimureke dukosore ibitameze neza (umuntu ku giti cye).
@abajenezasolange6811 Says:
Koweyambaza pastor se nabagenzi bawe, wajya wifasha isengesho. Ubwo se ko yanavuzengo abobazakiza ibyaha bazabikira, abo batazabikiza bazabigumana.
Ariko kiriziya yarababeshye iranabemeza koko ngo bikiramariya ni isugi kandi yarabyaye? Gute se?
@habyarimanaernest2513 Says:
Uwo mugabo musomere mu gitabo cy'Abagaratiya 1:19 havugako mu ntumwa zose ntayindi yari ihari keretse Yakobo mwenenyina w'Umwami Yesu
@mboningabajeanbosco444 Says:
Kuva mu iseminari si kuva mu gipadiri kuko umufaratiri si Padiri
@mboningabajeanbosco444 Says:
Courage Emmy
@mariemuhire9285 Says:
Ibyo amayerekwa ya Bikiramariya, mwibuke ko turi mu iminsi y’imperuka! Satani ari gukora uko ashoboye kwose ngo ayobye abantu! Ntacyo Satani atakora gisa nacyo!
@NM-fz3sy Says:
plaisir we kuki mujya kwiga théologie ?
@NM-fz3sy Says:
ariko mujye muvangura ibintu église catholique ifite amahame yayo, adeper ufite ayayo n'andi madini afite ayayo. ibyo ni nk'uko adeper ibamo abantu bumva ko abantu bagomba kwambara agatambaro abandi bati oya mukabipfa... ntago église catholique yemera ubutinganyi... ntimukabeshye... ntago wabuzza abatinganyi kuza muri église kuko n'abandi bose bazamo bakora ibindi byaha abo no mu yandi madini hose barimo no muri sphère zose za société abamo ahubwo ntibideclara ngo turi bo...
naho ibya purgatoire c'est simple na Luther yaratanze aragenda donc niba atabyemera aragenda église igasigara ihagaze nta bubasha buzayinyrganyeza izaguma ihari...
ku blessinga ntago ari gusezeranya biratandukanye.. il faut arrêter les conneries plaisir.. mujye mushaka ibisobanuro kuko les sens des mots dans le catholicisme ntaho ihuriye n'iyanyu
LATEST COMMENTS