BIBIANE Ararize????MUSENYERI yahagaritse indirimboze muri KILIZIYA????Kubera UBUTUMWA BUKOMEYE Ari Gutanga
BIBIANE Ararize????MUSENYERI yahagaritse indirimboze muri KILIZIYA????Kubera UBUTUMWA BUKOMEYE Ari Gutanga
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

LATEST COMMENTS

@ZABURINSHYA Says:
REBA IBIGANIRO BYA BIBIANE HANO https://youtube.com/@bibianemanishimwe-nyemerer2759?si=8lLMS7s3evJ27Vo7
@terezaniyonagira7498 Says:
None se ko nduzi urira mama niba utumwa n'lmana komera weme guhindura idini nibisanzwe
@terezaniyonagira7498 Says:
Gusa urumvikana pe kuko muri Kiliziya ntabwo wari bubone ko weretswe Ubwo rero wagombaga gushaka aho uvugira ibyo urota kweli lmana ikubabarire Twese itubabarire
@DianeUWIMANIDUHAYE-h7s Says:
Kd namwe urabyivugira ubona imindukapee mbega ukunu kubwiiza nka pasiteine bitakunereye nikamaseri wakuyemovivarapee
@DianeUWIMANIDUHAYE-h7s Says:
Kubonawararirimbaga nkabamarayika ukaba usigaye uririmba ucyo tega amatwi roho mutagatifu agusobanurirepe ngendumva bitewenijwi ubufite aho amuhamagaro wawe uharipee
@mukabazigavictoire8769 Says:
Guma kumana❤
@GratienManirakiza-dp9ky Says:
komera humura ntacyo uzaba mw'izina rya YESU
@mabukwemariette5333 Says:
Ariko narumiwe .Abakkristo baragwira.kuki kweli gusebanya? Kuki abantu tutasengana ubwenge.byose mujye. Musaba ubwenge. Gusebanya ni ikimenyetso cy ubuswa
@bayiringirejeanmarievianne3251 Says:
Bibiane uzasome igitabo INTAMBARA IKOMEYE, wige ibyuwitwa John Wikirife atandukana na Kiliziya gaturika,abambari ba PAPA bamushungereye arwaye yenda gupfa,baramukoba,maze umwuka wera aramugenderera amuha isezerano nkiryo wahawe. Umwami agukomeze.
@petronillawanipendanakintu2921 Says:
Ngutuye indirimbo yanjye:Yesu Wanipenda!B.Mariya agutwikirize igishura cye, Amen!
@petronillawanipendanakintu2921 Says:
None se ko wivanye ku Muzabibu ubwo ntuzuma?Ni ukuvuga ngo uhakanye Amasakaramentu yose harimo na Eucharistie?Ndumva waragiye kera pe!Yezu na Yesu ko ari kimwe kuki utakomeza kuvuga Yezu?Erega Yesu ni Igiswayire kandi nanjye iyo nkiririmbamo mvuga Yesu ariko ni Yezu ni Identity kumugatorika!Ndakwinginze garuka murwuri uzakirwa na yombi,icyingenzi nuko wasubijwe byinshi kandi neza kuburyo natwe twabironkeyemo cyane!Rwose warakoze kubariza benshi.Turagukunda cyane!
@petronillawanipendanakintu2921 Says:
Muhanzi mugenziwanjye turahukunda,Ariko niba image gusobanukirwa n,Igisubizo Abapadiri baguhaye kuki utangiye gusambanywa amadini?Ntukibasha kwemera Ikimenyetso no kugikora?Ntukibasha kubaha B Mariya?Eşe uwo mwuka ukuvugisha wagutesha Umubyeyi ni Roho Mutagatifu Koko? Bibiriya Ntagatifu uyinenze iki ko utakiyikoza kandı Abarokore benshi bayiririra bakayibura?Rwose akariro gake na Feri!Njye ndagusabira ngo Roho wa Data na Kristu akumurikire,Amen!
@UwuzuyinemaEpiphane Says:
Mbese ugiye mu rihe dini ra?Sha uzagaruka pe!
@betterlife-uk3zn Says:
None c abaye yahungabanye byaba impamvu yo guhagarika indirimbo ze? Ese ubutumwa zitanga bwaba bwarahindutse?
@mariejoseeuwimana9507 Says:
Bibiane wowe umvira umwuka kuko nturi uwawe ngo wigenge.
@nyiransabimanajeannedarc4761 Says:
Nonese Roho yakubwiyeko bimubangamiye?
@nyiransabimanajeannedarc4761 Says:
Sekibi yaragutwaye rwose
@nyiransabimanajeannedarc4761 Says:
Yewe byaragucanze pe! Bagusabire nukuri.
@giselleuwimana9557 Says:
Ariko mbabaze Imana yanga kiliziya gaturika kuburyo uwikunze imubwira ngo navemo age ahandi cyangwa yamutuma kuburi abarimo kugirango batatimbuka kuko twese yaturemye idukunze .tukirimwisi turimuntambara kandi no kuvangirwa bibaho .
@helenenyaguheka Says:
Rimwe narimwe abayobora kiriziya bakoresha amaranga mutima atarimo gusenga nta na logique pe!Izi ndirimbo zahimbiwe Imana ntizahimbiwe musenyeri cyangwa padiri,bivuze ngo bazireke kuziririmba Imana izakomeza iririmbirwe. Ubu se ntimuzi indirimbo zahimbwe n'abapadiri b'abasambanyi bafite abana banze no kwitaho ariko ntimukiziririmba nkanswe uwo mwana w'umukobwa wanenze bimwe mubyo kiriziya ikora.Les pharisiens vivent mieux que les autorités catholiques
@bibianenyirabaziga5656 Says:
Yewe murarushywa n'ubusa mwese ko ari Ijuru mukorera,kdi nta dini n'imwe idafite umugeni!!!!!mutuze rero mugendane neza ntimuharabike abandi!!!!!buri wese acungane n'izamu rye!!!!! Ngo n'uhagaze aritonde atagwa!!!! Ntiwamenya niba ugaze cg udahagaze,Imana niyo yonyine ireba ibyo twirukira!!!!!
@jmvmuhoza9943 Says:
Bibiane niba indirimbo zawe waraziririmbye mu kwemera Gatolika none ubu ukaba uyifata nk'iyayobye ubwo yo urumva yagufata ite Koko bivuze ko waririmbaga ibyo nawe utemera not mpamvu rero yo kuumana indirimbo zitahanganywe ukwemera Kandi ni uburenganzira bwawe natwe ni ubwacu
@MaremboJmv Says:
Nubundi hazaza abiyita ko Bazi ijambo ry lmana
@mbarushimanagodefraid5537 Says:
Bibiya ukomere cyane Imana irikumwe nawe Amen
@mbarushimanagodefraid5537 Says:
Umvamweneda Ugutakwe atakira Imana Yaramwumvise Iramutabàrakoko Amena
@jeanbaptistendaruzaniye9787 Says:
Sekibi yaramaze kumutera ahagabire. Azobona ingaruka yavyo. Ukwo gukira kwiwe ngo yasengewe hahahahaaaaa. Ahagabire. Sekibi ntiyirukana iyindi hubwo irirabika kandi irinze igaruka izanana ubundi bukana.
@niyigenaalexis9713 Says:
Ngewe ndanenga icyemezo cyoguhagarika indirimboze Kuko zirimo ubutumwa kandi zifasha benshi ikindi zirakorenshwa mukiriziya hose no hanze yayo nonese abafite indirimbo muri katoreka nibazanjya bahindura idini muzanjya muzihagarika ?nyakubanhwa munsenyeli mubikorane ubushishozi Kuko ndahamanya naroho mutagatifu ko icyicyemezo mwagifatanye uburakari kandi tubemera nkaba tuyoboye kugana mubwami bwijuru none nirugeroki muduhaye? Mugire amahoro
@angelinagikundiro1463 Says:
Ntanubwo urumuhanuzi , umuhanuzi nu Mubyeyi Maman Marie Louise Umurarungu , utubwira ibyo Yezu amubwira , ibyo Bikira Mariya amubwira , ntanubwo ibyo uzi amasengesho Bikira MARiya yamubwiye , ura pH’a jwiyemera gusa , Marie Louise a kuruta n arahati bene wanyu bari giye ku mutwara Yezu amurwanaho none ubu aganira na Yezu imbibe nku one hamwe na Nyina naho shitani iragusoroma maze ukayemerera , okay , ntacyo Kiliya yakubonyemo gyendaaaaaaaaa .
@angelinagikundiro1463 Says:
Oya Bibiane nubwo waririmba ute ntabwo nabyemera nukuri ,ubwo n ubwenge bwa shitani nuko , none se ugiye kuvuga ko urishaga Umubyeyi wacu Maman Louise Umunararungu , wo Yezu yabujihe kuva muri Kiliziya ?Iyo uba ura uri muri Kiliziya , none waruvuyemo urihakanya Umubyeyi wacu ile nihakiri ya shitani .
@alphonsinenyirasingeza1584 Says:
Nuko rero urashaka views😁😁😁😁😁 no kwamamara. Erega n’ubundi ufite uburenganzira bwo gusengera aho ushaka , niba utari ubizi ahubwo wayobye kera. Genda gake mu minsi mike uzaba utakivugwa. Igendere rwose ariko si ngombwa gusebya Kiliziya Gatulika.
@UwimanaJaquirinne Says:
Uko ni ukuri lmana ishimwe
@jeanninewilliams8961 Says:
Uyumubyeyi ni mumuhehe amahoro Imana imukomeze kandi Imurinde abazima babi Mubyeyi humura umunyamaboko asumba ayibiguhiga arakurinze Yesu Christ agutwikirize amaraso ye❤
@munganyinkaaqqaaqxblenatha983 Says:
Bibiane ninjye Imana yagitumyeho komera shuti yanjye nanjye ubu ndahagurutse , akira Code mukobwa wa Yesu Tuzatsinda mu izina rya Yesu kandi Yesu araje komera shikama Imbere aho tujya niheza.
@nkundimanabernard5434 Says:
Ubu wemeza ko aho wasengeraga, ariho hari abanzi bawe bari baguteye? Urambabaje!
@ibuyerizimatv Says:
Hhhhhhh icyo nicyo gisobanuro cyubugome,umugambi mubi,nikinyoma by'idini ark rata Bibiane komera komeza va mukinyoma rwose aho uri niho sawa congratulations kuva mu bafarisayo
@angeliqueuwera4343 Says:
Ese indirimbo waririmbaga zo si umurimo wimana? Ahubwo wayobewe ibyo igushakaho uyibaze neza
@tuyishimejeanclaude9807 Says:
Jyewe iyo ndikumva ikiganiro cye imba numva ndiguhindurwa mushya Kandi Uwiteka akomeze amushoboze
@florenceuwaduhimana2726 Says:
Yego mukoziwimana hhh ese wagiye udasebanya ko ntakibazo koko? Iyo ni depression
@kizaubugingobgawe Says:
Ariko bene Data birateye isoni kubona MUSENYERI muzima atazi icyari cyo AGAKIZA (le salut)!!! Twobatara gute? Aba Kristo bo, bariko babaganisha hehe? Ko umuntu atanga icyo afite! "Kand' abacira umugani, ati Mbeg' impumyi yoshobora kujana iyindi mpumyi? Zompi ntizogwa mu cobo?" Luka 6:39
@girituzeiradukundamireille5382 Says:
Hoya ntiduca cg ngo duhagarike abantu muri kiliziya gaturika, isaha nisaha iyo ugarutse turakwakira. Kuko Kiliziya numubyeyi gusengera aho ushaka kwizera ibyo ushaka nuburenganzira bwawe ariko wigenda usebya ibyo abandi bizera. Uzahirwe nukuri kandi kuba indabo zidasa nibyo bigira decoration nziza ntakibazo rwose guhindura idini, but respect others believes.
@NdikumukizaTheoneste-gk1tm Says:
Mbona ntawukujomba ahubwo mukizanwa amatiku kdi ndadini ryerade kereka Yesu wenyine
@themixtvRw Says:
Uyu mubyeyi arimwo Imana pe amavuta amavuta ntumwa y’Imana 🙏
@silasmisago3198 Says:
Dear Plaisir, Uyu Bibiane ndamuzi kandi muzi atarava muri Catholique, twakoranye muri BNR, rwose ibyo avuga ni impanduka z'Umwuka Wera zamujemo kandi abyitwaramo neza, agubwe neza naramukunda bisanzwe nk'umukozi dukorana ariko amaze kwakira Yesu yagize ubundi bwiza narushijeho kumukunda. Yari byinshi namwigiyeho ku butumwa Imana yamuhaye, akomereze aho kandi Imana umufate ukuboko Imukomeze.
@iribagizaviviane5825 Says:
Yoo hose ni ukwitagatifuza muvandi kd Imana dukorera ni imwe.courage rwose Imana ikomeze igushyigikire
@angeliquemuhimpundu2682 Says:
Niba yaravuye muri catholique ndumva atari ngombwa ko indirimbo ze zikomeza gucurangwa kubitangazamakuru bya Kiliziya kuko ntitujya tuvanga ngo ducurange indirimbo z'abarokore cg abo tudafite ukwemera kumwe. Ikindi rwose twe turi muri Kiliziya turayikunda ibyo dukora turabyumva kandi turabikunze biradufasha cyane. Ku mugani n'umuntu wasaze ntabyemera uzajye kwa muganga i Ndera urebe
@niyomucyonadine387 Says:
Uzikoko ijwibaritwaye ngahore
@niyomucyonadine387 Says:
Guhagarika indirimboze ntabwarukumuhima mwemwarihimye iyomuzireka zikariribwa harabozafasha nibayara ziriribye koko arimumumwuka mwiza harabozabohora
@MukarugwiroConcilie Says:
Amen amen
@solangemukashema3004 Says:
Najye ndamukunda kandi nkunda nindirimbo ze ndazikunda. Ariko jye niyo yabona reation yajye azabyibuka ko nabivuze ko yibeshye guhangana ni dini
@mukamazimpakajuliette599 Says:
Hhhhhhhh.Iyo umuntu ahinduye idini aranshimisha pe! No comments.

More Evangelical Videos