None se ko wivanye ku Muzabibu ubwo ntuzuma?Ni ukuvuga ngo uhakanye Amasakaramentu yose harimo na Eucharistie?Ndumva waragiye kera pe!Yezu na Yesu ko ari kimwe kuki utakomeza kuvuga Yezu?Erega Yesu ni Igiswayire kandi nanjye iyo nkiririmbamo mvuga Yesu ariko ni Yezu ni Identity kumugatorika!Ndakwinginze garuka murwuri uzakirwa na yombi,icyingenzi nuko wasubijwe byinshi kandi neza kuburyo natwe twabironkeyemo cyane!Rwose warakoze kubariza benshi.Turagukunda cyane!
@petronillawanipendanakintu2921 Says:
Muhanzi mugenziwanjye turahukunda,Ariko niba image gusobanukirwa n,Igisubizo Abapadiri baguhaye kuki utangiye gusambanywa amadini?Ntukibasha kwemera Ikimenyetso no kugikora?Ntukibasha kubaha B Mariya?Eşe uwo mwuka ukuvugisha wagutesha Umubyeyi ni Roho Mutagatifu Koko? Bibiriya Ntagatifu uyinenze iki ko utakiyikoza kandı Abarokore benshi bayiririra bakayibura?Rwose akariro gake na Feri!Njye ndagusabira ngo Roho wa Data na Kristu akumurikire,Amen!
@UwuzuyinemaEpiphane Says:
Mbese ugiye mu rihe dini ra?Sha uzagaruka pe!
@betterlife-uk3zn Says:
None c abaye yahungabanye byaba impamvu yo guhagarika indirimbo ze? Ese ubutumwa zitanga bwaba bwarahindutse?
Rimwe narimwe abayobora kiriziya bakoresha amaranga mutima atarimo gusenga nta na logique pe!Izi ndirimbo zahimbiwe Imana ntizahimbiwe musenyeri cyangwa padiri,bivuze ngo bazireke kuziririmba Imana izakomeza iririmbirwe.
Ubu se ntimuzi indirimbo zahimbwe n'abapadiri b'abasambanyi bafite abana banze no kwitaho ariko ntimukiziririmba nkanswe uwo mwana w'umukobwa wanenze bimwe mubyo kiriziya ikora.Les pharisiens vivent mieux que les autorités catholiques
@bibianenyirabaziga5656 Says:
Yewe murarushywa n'ubusa mwese ko ari Ijuru mukorera,kdi nta dini n'imwe idafite umugeni!!!!!mutuze rero mugendane neza ntimuharabike abandi!!!!!buri wese acungane n'izamu rye!!!!! Ngo n'uhagaze aritonde atagwa!!!! Ntiwamenya niba ugaze cg udahagaze,Imana niyo yonyine ireba ibyo twirukira!!!!!
@jmvmuhoza9943 Says:
Bibiane niba indirimbo zawe waraziririmbye mu kwemera Gatolika none ubu ukaba uyifata nk'iyayobye ubwo yo urumva yagufata ite Koko bivuze ko waririmbaga ibyo nawe utemera not mpamvu rero yo kuumana indirimbo zitahanganywe ukwemera Kandi ni uburenganzira bwawe natwe ni ubwacu
Ntanubwo urumuhanuzi , umuhanuzi nu Mubyeyi Maman Marie Louise Umurarungu , utubwira ibyo Yezu amubwira , ibyo Bikira Mariya amubwira , ntanubwo ibyo uzi amasengesho Bikira MARiya yamubwiye , ura pH’a jwiyemera gusa , Marie Louise a kuruta n arahati bene wanyu bari giye ku mutwara Yezu amurwanaho none ubu aganira na Yezu imbibe nku one hamwe na Nyina naho shitani iragusoroma maze ukayemerera , okay , ntacyo Kiliya yakubonyemo gyendaaaaaaaaa .
@angelinagikundiro1463 Says:
Oya Bibiane nubwo waririmba ute ntabwo nabyemera nukuri ,ubwo n ubwenge bwa shitani nuko , none se ugiye kuvuga ko urishaga Umubyeyi wacu Maman Louise Umunararungu , wo Yezu yabujihe kuva muri Kiliziya ?Iyo uba ura uri muri Kiliziya , none waruvuyemo urihakanya Umubyeyi wacu ile nihakiri ya shitani .
@alphonsinenyirasingeza1584 Says:
Nuko rero urashaka views😁😁😁😁😁 no kwamamara. Erega n’ubundi ufite uburenganzira bwo gusengera aho ushaka , niba utari ubizi ahubwo wayobye kera. Genda gake mu minsi mike uzaba utakivugwa. Igendere rwose ariko si ngombwa gusebya Kiliziya Gatulika.
Bibiane ninjye Imana yagitumyeho komera shuti yanjye nanjye ubu ndahagurutse , akira Code mukobwa wa Yesu Tuzatsinda mu izina rya Yesu kandi Yesu araje komera shikama Imbere aho tujya niheza.
@nkundimanabernard5434 Says:
Ubu wemeza ko aho wasengeraga, ariho hari abanzi bawe bari baguteye? Urambabaje!
@ibuyerizimatv Says:
Hhhhhhh icyo nicyo gisobanuro cyubugome,umugambi mubi,nikinyoma by'idini ark rata Bibiane komera komeza va mukinyoma rwose aho uri niho sawa congratulations kuva mu bafarisayo
@angeliqueuwera4343 Says:
Ese indirimbo waririmbaga zo si umurimo wimana? Ahubwo wayobewe ibyo igushakaho uyibaze neza
LATEST COMMENTS