<<@NiyoDonna3404 says : Noe kuki twahenzwe nabanyamadini kuki bino bintu bitigishwa?Noe umuntu azokizwa aruko higishijwe ikigiracumi?💔😭Imana itange ikanguro many turi mukutamenya.>> <<@umuhozadiane7099 says : Murakoze cyane ndi gusobanukirwa cyane❤>> <<@PacisMwiza says : Yesu yatubabariye ibyaha, nibindi birahari muriwe ariko byaribisanzwe binahari mbere yuko apfa. Kandi abantu babigeragaho nkuko tubigeraho ubu.>> <<@Mugeni_2 says : Arko kutaduha number ya prof samuel??>> <<@JNissi-pu2rq says : SI UKUGUTEGEKA CG KUGUTOTESHA KU KWANDIKIRA AHUBWO NI UKUKWINGINGA KABISA, MUZADUKORERE IKIGANIRO KITWIGISHA UBURYO TWIHUZA N'IBYACU PE KUKO BYOSE TWARABIHAWE. MU YANDI MAGAMBO DUKENEYE GUHINDURA IMISENGERE NO KWEGERA IMANA BUNDI BUSHYA TUBIHESHEJWE N'IKIGANIRO KIZAKURIKIRA IKI NGIKI. MURAKOZE>> <<@JNissi-pu2rq says : ZABURI NSHYA, MURAKOZE CYANE, UBU NIBWO NSOBANUKIWE IBY'IRI JAMBO KANDI NSANZWE NDIZI, NDIRIRIMBA. ⏬⏬⏬⏬⏬⏬⏬⏬ Yesaya 53:3-5 3. Yarasuzugurwaga akangwa n'abantu, yari umunyamibabaro wamenyereye intimba, yasuzugurwaga nk'umuntu abandi bima amaso natwe ntitumwubahe. 4. Ni ukuri intimba zacu ni zo yishyizeho, imibabaro yacu ni yo yikoreye, ariko twebweho twamutekereje nk'uwakubiswe n'Imana agacumitwa na yo, agahetamishwa n'imibabaro. 5. Nyamara ibicumuro byacu ni byo yacumitiwe, yashenjaguriwe gukiranirwa kwacu, igihano kiduhesha amahoro cyari kuri we, kandi imibyimba ye ni yo adukirisha. Hari indirimbo ya chorale Bethlehem ivuga ngo "Yesu weeee, oooohhhh Yesuuu weeee ni woweee wabanje kudukunda n'iyo mpamvu natwe tugukunda..." Baririmbamo ayo magambo. BETHLEHEM NDAYISUHUJE NUKURI nibwo mbyumvise neza ko twirirwa dusaba ibyo TWAHAWE RIMWE GUSA aho kugira ngo dusenge twihuza n'ibyo TWAHAWE. Mu yandi MAGAMBO twirirwa dusaba ibyo dufite, ndumiweeeee peeeeeeee Ahubwo murangiza gukora ikiganiro mukurikizaho uburyo TWAKWIHUZA. NAVUGA BYINSHI, REKA NDEKERE AHO. MURAKOZE QUE DIEU VOUS BENISSE RICHEMENT.>> <<@KwizeraJeanLuc-qc9fy says : Njye nongeye kuryoherwa kurushaho na Kristi wanjye. Imana ibahe umugisha❤️>> <<@ijurutujyamo7047 says : HALELUYA IMANA Yamahoro ibahe umugisha cyane rwose ahubwo muduhe link yibindi byigisho byabanje>> <<@TuyiringireAlice-h1z says : Uyumugabo muzaze kumwumva kucyumweru tariki 22/9 tuzaba tumufite nkumushyitsi kuri ADPER Rukurazo.guhera saa15h.>> <<@catherinem9765 says : Byari biryoshye, Imana ibahe umugisha 🙏🏾>> <<@nindemanarouise5926 says : Amen>> <<@marinusvanstijn8054 says : Ubukoko iyo twigishwa uku kuri kw'agakiza kera, tuba twarahetswe n'inzovu rwose ntitube twarayihetse iyi myaka yose😢 umwuka akomeze adusobanurire ukuri.>> <<@bugingojeanbaptiste2154 says : Kwambara umusaraba ni ikimenyetso cy'umutsindo kuko Yezu yatsindiye ku musaraba ni yo dukoze ikimenyetso cy'umusaraba dukora kugahanga dutura Imana ibitekerezo byacu, mugituza duyitura urukundo rwacu dukora kuntungu dutura Imana ibikorwa byacu by'amaboko yacu tubimwegurira.Dukoresha ukuboka kwiburyo kuko Yezu n'Umwami iburyo bwa Imana Data.Ndagira ngo Prof Mukosoreho gato aho yavuze ngo nk'Umwarimu mwiza .Umwiza n'Imana yonyine.(Luka 18,19) Yezu aramubwira ati Kuki unyita mwiza?Nta mwiza ubaho, keretse Imana yonyine. Tujye twitondera ibyo tuvuga cyane cyane iby'IMANA.Murakoze>> <<@umutonipascaline7442 says : Uvuga iki kumategeko,yesu yaravuze ngo ntidutekereze ko yaje gukuraho amategeko ahubwo yaje kuyakoneza>> <<@umutonipascaline7442 says : Uhoraho aguhe umugisha cyane,kuko uhuza nibyanditswe muri bible>> <<@murekatetelaetitia4843 says : Mana we mpa kubyumva cyane kuko biraryoshye pe>> <<@Ahishakiye-vj7dc says : Amen cyane 🎉>> <<@mutuyimanaemanwel4303 says : Ndabizi abanyedini bazabarwanya kuko ntagobashakako abantu bamenya ibyobintu kuko birabahombya yesu abahe imigisha>> <<@chantalmukamurangwa2360 says : Be blessed>> <<@gotraysGT says : Sasa ibiganiro nk' ibi nibwo zaburi nshya iba ubaye ishakiro RY' ubutumwa bwiza noneho, courage izi nyigisho nizo dukeneye ahubwo lmana idufashe zizagere mu matorero kuko benshi baracyari hasi cyane>> <<@uwasedollyparton6314 says : Iyo ndirimbo ya 69 nayikundaga kubi ariko noneho ndumva ndushijemo ndetse no kuyumva neza Thank you Pastor and Plaisil God bless you all>> <<@MukaruginaPetronille-t4x says : Umva izi nyigisho nizo twari dukeneye rwose Ahubwo Dr Samuel adufashije mwabigira ibiganiro bihoraho Bitewe na disponibilites ze nibura 1x/ week akajya aduha ikiganiro Ndabibasabye Murakoze>> <<@m.gracekagoyire2945 says : Plaisir muzatubwire ku kintu gikomeye ku bantu bitwa "Abantu beza"cg se "Imfura "ndavuga bagira neza batanga cyane bakora ibikorwa byiza bigaragarira amaso yabantu benshi ndetse bamwe iyo bapfuye hari abantu benshiii baza kubatangira ubuhamya tugahita tuvuga tuti uyu muntu Ibikorwa bye bizamugeza ku Mana...ubwo se abaye atarigeze ajya mubyo gusenga ntibyaba biri guarantee ko ijuru azaritaha😮mumbarize Dr Sam.Murakoze>> <<@BeatriceNindaba says : ❤❤❤❤>> <<@DomithilleNdayishimiye-dm7od says : Nukuri Imana idutahuze ingene twosenga .kuko nsanze harabatazi ukuntu bosenga>> <<@francoisrugero3873 says : Oko nukuri pee>> <<@alicebitanga-t7z says : Urakoze prof wongeye kutwibutsa igitambo kimwe kizima Yesu christu.God bless you>> <<@amahirweisrael says : Plaisire Murakoze gs nanone mwihangane buri uko mukoze ikiganiro mujye mukora small summary y'inyigisho zose mwatanze kugeza Aho mugeze kugirango turusheho gusobanukirwa rwose>> <<@SindikubwoboAlrbert says : Muhabwe umugisha murabantu babagabo muradufashacyane>> <<@cecileuwimana8149 says : Ibyo mushinja ababigishije babigishije ibyo bazi kurugero rwabo none namwe niba mwaramenye byimazeyo mureke kwishyira hejuru ngo muhinyure abandi kandi namwe haraho mutaragera wasanga ibyo munavuga mutanabihagararamo mubivangavanga ururimi ntaho ruhuriye numuntu>> <<@gajuselaphine3054 says : Plaisir uzamutubarize niba gutuka satani no kumuvuma haricyo bimarira ubikoze cyangwa bimuhombejeho mugihe atabikoze.>> <<@ebenezerchannel2833 says : Hallelujah>> <<@pattyipmemes says : Ese ubwo bwambure bwe mwarabubonye ko mubivuga nkaho mwari muhari . Umunsi umwe uzabisobanura imbere y'imana uvuge umurongo byanditsemo . Reka tuvuge ko Ari ukuri Ese imana yabatumye kuvuga ibyabereye I goligota cyangwa ni ukwigisha ubutumwa bwiza bwo kwihana no kwakira yesu . From now sinshobora kwiga Theology. Illuminati ubwayo niyo yigisha amashuri makuru abize cyane Satani yarabarangije ntabutumwa>> <<@pattyipmemes says : Ese ubwo bwambure bwe mwarabubonye ko mubivuga nkaho mwari muhari . Umunsi umwe uzabisobanura imbere y'imana uvuge umurongo byanditsemo . Reka tuvuge ko Ari ukuri Ese imana yabatumye kuvuga ibyabereye I goligota cyangwa ni ukwigisha ubutumwa bwiza bwo kwihana no kwakira yesu . From now sinshobora kwiga Theology. Illuminati ubwayo niyo yigisha amashuri makuru abize cyane Satani yarabarangije ntabutumwa>> <<@anne-marienkurunziza2918 says : Imana ibahezagire cane Ninze vyishi cane, simfise ingene nobisigura. Yesu ashimwe cane>> <<@tetakundwa9260 says : Imana iguhe umugisha pe>> <<@user-kx4nf1sd9d says : God bless you i m learning more about your preaching>> <<@murerapaul1233 says : Komerezaho ubirimo neza cyane>> <<@Isange804 says : Halelluaaa Halelluaaa Halelluaaa Halelluaaa Halelluaaa Halelluaaa Halelluaaa Ndanezerwa iyo mbonye Izina rya Yesu ryamamara. Ntakintu na kimwe cyasimbura Igitambo cya Yesu ku Musaraba , mukomeze mpakaaa.>> <<@NadiaRutanga says : Si inyama namaraso byabiguhishuriye pe>> <<@sibomanajmv5603 says : Plaisi nawe wari wabarimiyeho ibisinde! Guca imanza si ibyacu abantu>> <<@KubwimanaEgide-u6u says : natwe sitwe impamvu bitugora kubyumva n'ikibazo cy'amadini twabayemo n'inyigisho twaherewemo ariko turajyenda twumva. niba har'ikintu gikomeye nungutse nukumva ko agakiza katadusaba gukora ngo twemeze Imana ahubwo dukwiye kuba mubyo Imana yakoreye muri Kristo.>> <<@HabaruremaEmmanuel-wj1kq says : Ahubwo abantu nkaba kuki tutabaha umwanya uhagije koko njyewe sam na senga ndetse nabandi bavuga ubutumwa bwiza rwose mureke tubumve bigishoboka wenda abantu basohoka mumadini pe>> <<@NiyonsengaJeanxavier says : Imana ishimwe cyane njyewe narafashijwe cyane turagukeneye cyane pe>> <<@user-sd4cn4xc6k says : Amahoro plaisir ndi umurundi kazi hari inyigisho Sam yigishije ivuga kubwoba yarambohoye na mana ubwoba budashira.Ariko na menye ko ubwoba bwose buva kumwasi.Mushishikare gukorera Umwami azobahemba.>> <<@pierrecelestinu. says : Plaisir niba uri kwiga koko nzashima Umwami uhagaritse abanyabinyoma uzana kuri Zaburi nshya ngo barahanura, nubwo ahari baguhesha views rwose ndabyumva nabyo ariko nubitera umugongo uzabona ibiruta views, kubona ibiganiro byiza nk'ibi , ejo ugakurikizaho ngo umuhanuzi uri kubeshya abantu ni agahinda, Reka abantu bizere igitambo cya Kristo n'abo bahanuzi ukwiye kubigisha bakava muri ibyo bagakizwa. Wakomeza ibikorwa by'urukundo ukora, no gutabara abakene ariko ubutumwa ukareka uku kuri akaba ariko gutambutswa Umwami azaguha umugisha>> <<@gajuselaphine3054 says : Imana ishimwe kuba ugarutse rwose. Umaze kutugeza kuri byinshi kubutumwa bwiza.>> <<@ishimwepacifique8483 says : Amen>> <<@cyubugingotv01 says : Ariko nge mbona mudakwiye kwirirwa mumeze nk' abantu bari murubanza>> <<@nizeyimanadeo7530 says : Matayo 11: 12 uhereye migihe cya Yohana umubatiza ubwami bwomwijuru buratwaranirwa kandi intwarane zibugishamo imbaraga>>
VideoPro
>>