<<@user-wf8xg8ff1g
says :
Umwana wiwacu imata hey honorine❤
>>
<<@uweraredempta3497
says :
Yoo. Pole mama.depression irahari cyane mubabyeyi. Abagabo rwosemwite kubagore banyu ntago arukwotetesha. Nuburwayi. Kd abagabo mubigiramo utuhare rukomeye.
>>
<<@imananibyose1762
says :
Ese ibi si private life? Ubu koko ntimuzi kuba umubyeyi icyo ari cyo? n ibyo mwita imvune ari ko nyine kuba umubyeyi? Emotion ni ibisanzwe mwa babyeyi mwe, si ibyo kwasasa. Nta depression mbonamo ahubwo ni ubuzima bwo kubyara butandukanye kuri bose
>>
<<@jacquelineuwimana9123
says :
Famille Bohoka Ruhogo et zerine turabaramukije Merci gu partagé ubuhamya Bwibyo mwabayemo. Uwiteka yakoze ibikomeye. Ahimbazwe.
>>
<<@utujebonita7750
says :
Zerine uri mwizaaaa
>>
<<@claudinebyiringiro15
says :
Abamama Imana ijye inaha imbaraga ,uziko umvugiye ibintu. Nanubu ndacyafitemo utuntu tutarashira kandi umwana agize imyaka2. Nta muntu numwe ubasha kumva ibyiyumviro byawe
>>
<<@tendotendo4279
says :
So kugutegamatwi mububabare atarukukwereka babinesheje .kera bantu bajyagiwabo ba nyina bakabitaho kugeza bakize arikubu nta mugabo basiga munzu wenyine amezi menshi😢😢😢😢
>>
<<@tendotendo4279
says :
Ako kantu ko kuvuga ko arujeitetesha karababaza shahu😢
>>
<<@priscillamukabagirigomwa3156
says :
Wamubyeyi we? Nibyo urakoze neza akubaza impamvu utarimo kubikora neza kandi ntako utagize wihirinze ntanyunganizi nabufasha ntaki😢
>>
<<@eliehavyarimana1401
says :
Imana Ibampere umugisha mushiki wacu Samantha
>>
<<@umutoniwasemariedominique5441
says :
Imana ibahe umugisha kubwiki kiganiro ndasobanukiwe Njye nageze naho nunva ngiye gusara kuko ntawasobanukirwaga baravugaga nduhuke birashira gusa😂😂 nubu sinzi😢noneho kuba uru muchristo gusenga birakugora kubera ibirikukubaho nabyo utazi iyo biva uba wunva umushiha agashihura umuntu no kukantu gato
>>
<<@teslea981
says :
Uwiteka aguhe umugisha kandi isubize aho mwakuye mwadufashije
>>
<<@uwizeyeliliane1675
says :
Abanyarwandakazi dushinjagira dushira, ibyo tubyita ubutesi
>>
<<@Monique.SABOUE2020
says :
Ni ukuzirikana mu masengesho ababyeyi ogihe cyo kubyara
>>
<<@AlthrayhGold-qh1ii
says :
Zerine yambiiii
>>
<<@kayirangamariefrance7592
says :
Hhhhh pole sana kabisa
>>
<<@kayirangamariefrance7592
says :
Yooo pole sana ahubwo urintwari.. nokubimenya nubuntu bwimana...
>>
<<@uwinezadinah1643
says :
My Doctor sammatha Ndagukunda cyaneeeee ❤️❤️❤️❤️
>>
<<@richardntirenganya6343
says :
murakoze cyane
>>
<<@TheRecords24
says :
Postpartum depression is real😢. This story is exactly like what happened to me.
>>
<<@kabandizesteven
says :
Mbega ikiganiro cyiza 😅👏🥰
>>
<<@NyandwiCharles-m4e
says :
Ikiganiro kiza ,Murakoze cyan Uwiteka IMA NA ibahe umugisha..
>>
<<@NyandwiCharles-m4e
says :
Very nice and very good ❤❤❤❤🥰
>>
<<@MukantaganzwaGrace-q8p
says :
Doctor ndagukumbuye cyane hallelujah and amen very nice ❤
>>
<<@Possible204
says :
Yesu abahe umugisha
>>
<<@chantaluwamahoro4236
says :
Dr Samatha numwana mwiza cyane yitakubamugana❤
>>
<<@marynyagato6253
says :
Thanks Dr Sam na Zerine, pole Zerine kubwa challenge wahuye nayo aho ubuzima buba bukomeye. Imana ishimwe ko byarangiye
>>
<<@WatchthistodayS
says :
Ikiganiro kiza. Murakoze cyane Uwiteka IMANA ibahe umugisha..
>>
<<@iradukundanadege7767
says :
Imana ibahe imigisha myinshi mufashije benshii kandi vous deux vous êtes ravissante ❤
>>
<<@elfridehakizimana8870
says :
YESU aguhumugisha
>>
<<@uweraseraphine5358
says :
Shn murakoze mukomeze mubivuge birahari arko abantu babifata nko kwitetesha noneho nabagabo ntibabyumva kdi shn nyirukubigira aba yumva yarashize nibura njye nabonye umu hearth aramfasha nibaza nkabo mucyaro batabizi uko bigenda aba arumwijima gusa nugusenga
>>
<<@dusengeaderine7312
says :
❤ gsa woe na famille yawe ndabakunda cyane❤️ murakundana nkabikunda
>>
<<@dusengeaderine7312
says :
Zerine we ndagusuhuje cyane ,ibyinshi tubihuriyeho cyane,iyi nkuru ndayumvishe zinyibutsa ibihe narindimo birandiza,gsa nanubu sindiyumvisha Impamvu narokotse kwiyahura kuko nari nageze kuri iyo etape!
>>
<<@ayijac7740
says :
Ndumva muri kwitetesha🤦🤦
>>
<<@tuyishimeantoine
says :
Amen
>>
<<@Mun710
says :
Yooo Samantha ndaryohewe gusubira kukubona after high school😍😍
>>
<<@honorinemukambabazi
says :
Mon nom Honorine ibintu byakubagaho kumwana wa2 bijya gusa neza nkibyajye ariko Imana ishimwe ko najye nakize!
>>
<<@libereeuwimana3405
says :
Mwakoze cyane Honorine na Samantha no kudusangiza isengesho. Ijambo ry'Imana rihore rituryohera, rituryohere kurusha ubuki. Mu Izina rya Yesu Imana iduhane imigisha.
>>
<<@libereeuwimana3405
says :
Bohoka yakoze! Burya kubohora roho biruta kubohora umubiri!
>>
<<@libereeuwimana3405
says :
Abafite agahinda gakabije kimwe n'ibindi bibazo bahamagare Imana mu Izina rya Yesu mbere na mbere.
>>
<<@libereeuwimana3405
says :
Abafite agahinda gakabije kimwe n'ibindi bibazo bahamagare Imana mu Izina rya Yesu mbere na mbere.
>>
<<@libereeuwimana3405
says :
Murakoze babyeyi kudusangiza iby'inzira mwanyuzemo bizafasha benshi. Naho kuba Irené yaragushyigikizaga Ijambo ry'Imana, ni byiza cyane. Ijambo ry'Imana ni Mwuka kandi ni ubuzima. Iyo duhamagara Imana mu bibazo byacu ntituba duta igihe! Bitanga ubuzima. Yesu aduhane imigisha.
>>
<<@HelloRwanda-ck5qz
says :
Uruhinja rutesha umutwe kuburyo umuntu atarebye neza yatora amashashi pe!mbyaye kabiri ariko ntababeshye no muri Génocide mu masaka warihengekaga agasaha kamwe😂😂😂naho kurara wicaye umwana arira,mukuru we ashaka ko umuterura ugashyira hasi uruhinja,hagati aho abakozi bagusajije,ntababeshye ni agahinda gakabije.
>>
<<@ingabirejoselyne1346
says :
Bjr Zerine disi n'umubyeyi mwiza,uhora usa neza narakubonye mu mujyi numva nagusuhuza.Never give up mama
>>
<<@ArletteUk
says :
Zeline no kubivuga n’ubutwari…. nziko ufashije aba mamans bakibyara! nibibabaho bazamenya ko bigira izina bamenye n’uko babyitwaramo Bravo Kandi Imana ishimwe ko ubu Umeze neza💐
>>
<<@Nyirabagenzibamurange
says :
Sha mba bwije ukuri nanjye ndimubihe bitoroshe ariko muriguseka nanjye nkamwenyura kandi nukuri ibihe ndimo ntibimpa guseka noneho njye ngeze mubihe nsigaye numva nakuramo imyenda nkiruka
>>
<<@StaryBoy-l9h
says :
Very nice and very good ❤❤❤
>>
<<@clementineminani842
says :
Zerine umvugiye inkuru mubyeyi ❤
>>
<<@Riziki577
says :
Birangiye ntabishakaga mugaruke vuba please
>>
<<@Riziki577
says :
Uwiteka abahe umugisha murasa neza kandi mwakoze ikiganiro kiryoshye
>>
NEXT VIDEO
>>