<<@ZABURINSHYA says : Turifuza kurangiza iyi nzu babamo tugakurikizaho ikibazo cyo kureba ko twabona uburere bw'Abana. TURABINGINGA OUBW'IMBABAZI Z'IMANA NGO MUDUFASHE UYU MURIMO MWIZA TURANGIZE KUBAKA INZU. duhamagare kuri 0786388010>> <<@JdnjdjdjEjjeejeie says : Arik plaisi iy nkuru kutatwerets UK byarangiy koko>> <<@kyliegubradshaw3883 says : Hernandez Jose Anderson Deborah Anderson Michael>> <<@user-if9un7ee2t says : Ariko njye iyo nsubije amaso inyuma nibuka ko ababana aribo baba baziranye. Sinzi niba byakunda ariko uyu mudamu ntakwiye guhatirwa kujya kuba muririya nzu ahubwo nuko bitashoboka yagashakiwe inzu ahandi( aho mwa musanze) akajyana abana be kuko burya nta mama wanga abana be ahubwo atinya kuzicwa akabata kugasozi uku.>> <<@SylviaFerguson-u8g says : Clark Larry Rodriguez Kimberly Walker Thomas>> <<@FelipeClark-o7u says : Lopez Michelle Lopez David Brown Richard>> <<@dativeicyimpaye9226 says : Imana iguhe umugisha,itorero nkiri niryo abanyarwanda ducyeneye>> <<@hagenimanaodette6977 says : Mbifurije kwibuka imyaka n'ibihe byiza mwagiriye kuri uyu musozi!!!!!>> <<@ChristellaAkimana says : IMANA iguhezagire plaisir 🇧🇮🇧🇮🇧🇮>> <<@sifaakogutona3550 says : Nimurebe uko Emanuel avugana nanyina n'ubwuzu bwinshi🤩❤️‍🔥💖💞>> <<@MICKIRA says : Plaisir uriho urakora neza cyane gufasha uwo muryango. Bibaye byiza Mama w abana agasubira mu bana be byaba aribyo byiza. Ariko umva iki, uriya mubyeyi wundi ingingo yavuze uyiteho; umugabo iyo yatuye ko yakwica umugore we niyo yaba yasinze riba rimucitse ariko aba abifite muriwe. Nta muntu, umubyeyi yararucitse, aho kugirango apfe yabaho nabo bagakomeza bakarwana n ubuzima amaherezo ikibazo kikazasobanuka. Mwimuhata gusubira kumuntu ushaka kumwica, reka rwose! Ikindi ikibazo cy urugo n icya benecyo wowe nka Z.S aho ugejeje ni heza ariko uruhare rw abashakanye nibo bombi n imiryango yombi. Jye nakugira inama ko wabirekera imiryango n ubhyobozi ejo atazamukubita agafuni da! Yari inama yanjye.>> <<@aminatauwase9101 says : Ubuse arasinzira ukuntu guta abana bangana uko koko…ubu ko ise yagiye yabasanze koko ubu araryama agasinzira>> <<@MuhawenimanaJeanette-lf5iq says : ❤❤❤❤❤❤❤>> <<@GaudenceNyiramuhire says : Imana ijye ibaha imigisha myishi cyane🙏🙏🙏🙏🙏🙏♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️>> <<@user-di1th2eh9q says : 😢😢😢😢😢Umva disi uko babwiye murumuna wabo ngo twitahire😢😢😢😢>> <<@neemaemmanuelmaman1919 says : Imana iguhe umugisha❤❤❤❤❤🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉>> <<@ndayizeyebella5780 says : Plaisir komera caane Yesu akurinde impande zose ❤ from Burundi>> <<@rwandarwejo7760 says : Ariko koko abayobozi bashizwe ibyabana nwashatse ukuntu mukemura ikibazo cyaba bana koko 😭😭😭 gute abana bafite 11 bibana munzu koko 😭😭 unva plasir washatse phone ukayiha uwo mugore agasubira murugo umugabo yamukubita agahamagara nwibanga>> <<@fafaTtn1995 says : Plaisir IMANA izoguhe umugisha urintwari peeee❤❤>> <<@BazubagiraDative says : Ngo wariye amafaranga y'abandi harya waramaze nibakureke wayajyanye Aho yarakenewe>> <<@RegineMurekatete-f7c says : Umubyeyi nka Plaisil aboneka hake,ikinyamakuru kizewe nka zaburi nshya gikora ibikenewe ntiwapfa kukibona.Uwiteka akomeze abatere ingabo mu bitugu muri intwari z'Uwiteka.Umwuka w'Imana akomeze akorane namwe rwose abahe iyerekwa ryagutse ndabakunda cyane.>> <<@MosooName says : Plaisir Imana iguhe umugisha ivyukora birambimbara cne>> <<@rachelniyomugengagashugi3257 says : Kuberako Imana yonyine niyo ireba ahiherereye niba ibyo bakuvugaho aribyo ubireke? Ariko niba bakubebeshyera komeza ukore gutyo>> <<@DusabeVestine-bo2us says : Plaisir nanone ndumva yashaka numugabo bakaganira hanyuma akabahuza bakaganira agasinya ko atazongera>> <<@DusabeVestine-bo2us says : Yewe disi urabona ntabwuzu 😢uyu mubyeyi yahuye nibibi murushako pe>> <<@SolineMunderere says : Imana iguhumugisha nikwagure muribyose uruwa1.ndagukundaaa❤❤❤❤❤❤🎉🎉plaisir😊😊>> <<@niragiredyna9854 says : Imana ibahe umugisha>> <<@MuhawenimanJean says : Disi iyinzu Nuko bitatekerejweho yagombaga kubakwa ahandi hatari mwisambu yuwomugabo uwo mugore akabona uko arera abanabe nahubundi uwomugabo afite uburenga zira bwokugarika murugorwe Kandi akababuza kuryama bigashoboka sinzi ukobyakorwape bizabaho>> <<@FelizBimenyimana says : Abo Bana barateye ikigongwe Kabisa. Nkunda Plaisir wabagarukaniye ibyishimo. Ariko Plaisir uzagira Umugisha n'ukuri IMANA izaguhemba Neza Neza we love You Mukozi w'Imana❤>> <<@Noboardy says : Nonese ko Yatorotse ubuyobozi,Wakwisangiye,Abana ubundi,yabaje ugahamagara Ubuyobozi uti wamugabo yagarutse kuntesha umutwe.Ubundi Abayobozi Bakagukiza Gasiya>> <<@Noboardy says : Reka Nkubwire,We paizire Iriyanzu,uyubakiye Abana Nanyina,Ugomba Gushinganisha uyu Mubyeyi,N,Abana.Uwo Mugabo.agarutse Azafungwa Nubundi yaratorotse.Ntampamvu yo kutisangira Abana.!!>> <<@uwababyeyigrace7362 says : Imana murikumwe muri byose muvandimwe imbere cyane umwanya urimo niwo Imana ikunda guca bugufi gufasha abatishoboye Imana ijye ibiguhera umugisha nabandi bakurebereho>> <<@صافي-ق9ض says : Mungu akubarikisana>> <<@FelizBimenyimana says : Nimwabona Plaisir ahezagiwe ntimuzavuge ngo yibye cg se ngo aja ikuzimu.uwo IMANA izamuhezagira cyaaane bosee bareba. Ivyo ntibizijana.Courage Plaisir Mukozi w'Imana ufise umutima wa Kristo pe>> <<@Nshimiyimana-z2h says : Imana lkomeze ku ashyigikira izabahe iherezo ryiza❤>> <<@Uwera-uq3ne says : Imana iguhe umugisha Ukuntu banana utabamenya plaisir nyiri byose azaguhemba nukuri>> <<@manijado says : Imana yamahoro ijyi uhorayagura zaburishya nangefite umusanzu ngombakubaha wogufasha uwomuryango>> <<@Alice-ux3pc says : IMANA ikumpere ikinezera umutima wawe ❤❤❤>> <<@ChristineNSHIMIRIMANA-m4k says : Plaisir Hi! Komera ku ngabir Imana yaguhaye. Si vya bose🇧🇮>> <<@habinezabosco5138 says : Izondirimbozirafashacyaneeee❤❤❤👍👍👍👍👍👍🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏❤❤❤❤❤🎉🎉🎉🎉🎉🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌>> <<@NiyongaboEpaphorodite says : Yooo😰😰 be blessed brother>> <<@uwerajane7687 says : plaisir nuko ntagira inka nakayiguhaye>> <<@Irenemusizina says : Nkukundirako utajya ucibwa intege ni mirindi y 'imbeba naho abirirwa babunza amagambo byarabananiye bakarimi kashyari babsbbazwa nokubona uriho>> <<@NiyidufasheSelaphine says : Nukur iyondeby izi vidio zawe ndarira cyn kukombona Iman arigitangaza bikomey Cyn mbonukuntuyagukuye kure ikaguhuz nababana yewe ndanyuzwe ntakindinarenzaho Imana ihaze kwifuz kwawe kd nshimyi Mama mutima wanjy>> <<@sandrinemujawamariya5730 says : Nukuri uri umubyeyi pe much respect>> <<@sandrinemujawamariya5730 says : Nukuri uri umubyeyi pe much respect>> <<@sandrinemujawamariya5730 says : Nukuri uri umubyeyi pe much respect>> <<@NsabimanaDaniel-t2b says : Imana yamaboko ijye ikojyerera muvandi>> <<@alicem.3156 says : Yewe Plaisir we uracyafite byinshiiii kuruwo muryango kuko ndabona mukuru we atazamugira inama yo gusanga abana 😢ark byibuze musaza wabo we urabona akeneye ko yasubira mu rugo rwe>> <<@uwajenezaFiette says : Noex nidanje kbx ubu aba bana Koko mama wabo ko numva adashaka gusubirayo bizagendute nidanje too usa Iman izabarengere>>
VideoPro
>>