<<@SvhVsjjd-x1g says : Lopez Patricia Hernandez Scott Allen Larry>> <<@munganyinkaaqqaaqxblenatha983 says : Plaisir Shaka uburyo icyemura ibibazo umfitanye n’abantu ibindi Yesu azabikora, iby’ibihe umunyamwuka wese utabibona afite ikibazo Imana. Imukore ku maso abone.>> <<@munganyinkaaqqaaqxblenatha983 says : Imana irashakako tuba abera>> <<@mariesybyllealianetunganda3905 says : Turagukunda cyane kandi Imana ikomeze ikwagure cyane.>> <<@gisasafi8345 says : Igiti kitagira amashami ntawugitera amabuye. Plaisire humura kora icyo ugomba gukora kuko ukora imirimo myiza Kandi ikunzwe nimana. Buriya umunt7 nakuvuga nuko uba ufite icyo umurusha kuko umuntu ufite ucyo akurusha ntiyagutaho umwanya. Kukuvuga nintambwe ugaragazako ukora Kandi ukunzwe. Inshyari ninshyano gusa uwiteka Ari kumwe nabihangana.>> <<@LadislasHarerimana-ix1ke says : Gusa je nkeneye kumenya aho ikoranira mugusenga>> <<@NM-fz3sy says : uwo ni zawadi.... nizere ko 'Tayo yamuhaye iryo bandi ry' umupasiteri>> <<@irakozejackline4584 says : Amen Brazil nukuri imana ikomeze I've muruhande rwawe❤>> <<@GenevièveNijimbere-l3y says : Yegoo IMANA ikomeze ikuduhezagirire plaisir ndi umurundi kazi nkunda kugukwirikiran>> <<@SylverMunezero says : Amabuye yurubura azoba h ondagura nimukomeze mwiyoberanye>> <<@SylverMunezero says : Twarabamenye uko mwiyoberanya basha>> <<@Cyrile-yv1er says : Mpendwa Plaisir usiogope songa mbele, indumwa za satani bashaka kuguchintege murugendo>> <<@habimanavincent4914 says : Ndagukunda sinzava kuri zaburi shya ni iyibihe byose kurinjye>> <<@habimanavincent4914 says : Komera. Ntakiba utakizi mutumishi komera kd humura>> <<@MuhorakeyeMediatrice123 says : Satani ahiga aharubutunzi, arintakikurimo ntacyo satani yagushakaho, komera nshuti yanjye kd turagusengera cyn kd satani ukorera muri bapenina turamutesha agaciro mwizina rya YESU ❤❤❤❤❤❤>> <<@mariejeannetuyisabe1989 says : ABAHANUZI BAGENZI BAWE BARI KUGUSEBYA KUMBUGA NKORANYAMBAGA IMANA IBABABARIRE CYANE BIME AMATWI KOMEZA WUBAKE KANDI IMANA IZAGUHEMBA TURAGUKUNDA CYANE.>> <<@user-xx3ht6wr5y says : Ndagukunda cyanee nukuri imana izaguhe ijuru kuko urarikwiye>> <<@CyatengwaJosiane says : Ntaratinda. Nsoma nanjye ndagukunda❤❤❤>> <<@MusabyimanaSpesiose says : Uge uvuga ibitabobisomwamo natwedusome>> <<@user-ib3tz5er2w says : Uwiteka aguhaze ibyiza by'isioni muvandimwe>> <<@GracielleNIZIGAMA says : ubwo buhanuzi vyishi vyatanguye gusohorera iwacu i BURUNDI Imana iturengere.plaisir merci bcp>> <<@NtakirutimanaDeborah says : Presire turagukunda cyane uca bugafi urafashanya rekana nizo nzererezi zidafiye umumaro ahubwo icyo bashoboye nishyari no gushaka gusebya ibyo imana yubaste>> <<@NtakirutimanaDeborah says : Presil ihangane mwana wa data reka gukamurwa na banyeshuri na bakozi ba satani batwihishemo rwihishwa>> <<@maombiedward619 says : Iyo karitafaramga ntabwo Ari ATM nk'ubivuze>> <<@maombiedward619 says : Plaisir iyo karita-faranga yavugaga izaba ikubiyemo imyirondoro yawe yose na passport ni digital Identity leta yarayisobanuye uko izakoreshwa bihuye n'ibyo ubwo buhanuzi buvuze>> <<@godwinnana209 says : sha plaisi ndagukunda cyaneee pee ark ibintu bakuvuga bintera umubabaro rwose, niba koko aribyo woe ubwae n'umutima wae urabizi ko aribyo cg babeshya sha ihangane ujye wirinda ntugakoze Yesu isoni dore uri ikibaho kirebwa nabose tubabarire pe kdi Yesu ukorera agushoboze ntibyoroshye ark nziko wabonye ineza y'Imana mubuzima bwae yikomezeho>> <<@UwizeyimanaJeanClaude-u6j says : Kobitavuzwe kera none ukaba ubivuze ubu urumunyamitwe myishi>> <<@JosephineMUKAKALISA says : Ntago ari ibyo umuntu ahanura ni bibiliya ubwayo ibivuga kuko umuntu wese wasomye neza bibiliya atayisoma amagejuru azi icyo leta zunze Ubumwe z'Amerika ivugwaho Kd iyo isaha yagihanuzi uyirebyeho biragaragara neza. Hasigaye umurongo wo mu byahishuwe 13:11 aho inyamaswa yavuye mu gitaka izavuga nk'ikiyoka>> <<@NinaZouzou-p4d says : Komera mwaana w'Imana dukumbuye Aline ariko pee>> <<@ntihemukagilbert9874 says : Mukunda kuvuga ngo ubuhanuzi burasohoye, mwitera ubwoba mubutera n'abandi, ibutsa abantu ico gukora mu minota ibiri gusa, ntabwo hakenewe isaha yose.Kandi hari ubwo budasohoye ejo nkuko mubitekereza>> <<@NTWALIObama says : Perezire turagukundacyane urumukoziwimana kuko ibyukorabiragaragara ❤❤❤❤❤ imana ikomeze ikwagure>> <<@mugeniclotilde5819 says : ❤❤❤>> <<@mukamanacharlotte5032 says : Bihorere Ni shyari bafite>> <<@TheoTheo-el7mr says : Umva usibye abantu bafana mwagiye murya ama frw yabantu mwatangije ibyumwuka muherutse ibyumubiri>> <<@hopemusabyimana2279 says : Yewe najyaga ngirango urumuyutuba gusa ariko nkwemereye ububuhanuzi.>> <<@rachelniyomugengagashugi3257 says : Narinziko ugiye kuvuga kubikuvugwaho none ndabona utuyobeje????>> <<@Ange-hp7lh says : Nanjye baransebya ariko ndaceceka byageraho bigahita>> <<@Ange-hp7lh says : Ngukundirako ko bagusebya ntuvuge ngo nawe ujye kuri camera ngowisobanure>> <<@MushimiyimanaImmacule says : Ntakizabuza ibigeragezo kubaho.komera Plaisir ni abanyamashyari gusa>> <<@foustinmbonabucya401 says : Yooooooooo komera komera mungu njo shefu💪💪>> <<@vestinemugisha7803 says : Uwo yarahanuye Koko>> <<@immaculeenyiransengimana921 says : Plaisir ndagukunda pe ibyo bavuga byose turagukunda nyagasani akomeze abane nawe>> <<@MdOman-x9s says : Amen Amen 🙏🙏🙏🙏🙏🔥🔥🔥🔥🔥>> <<@manasseniyikora2292 says : Reka ngufashe Amayero icyogihe ntabwo yari yakabaho. Amayero yatangiye kubaho muri 2002 gusa kuva yabaho ntanarimwe amadorari yayagiye hejuru.>> <<@dancilemariam4768 says : Ariko murashukwa nonese yamaze kwikiranura nabarikurira bamurirana?>> <<@dancilemariam4768 says : Njyewe ndimukazi ko kurwanya satani wiyorobeka mubantu ubwo muraje muntuke abagize plaisir nkikigirwa mana cyabo umuntu uziko ashyigikira plaisir arigushyigikira satani atabibizi noneho abazaniye urodinateur nonese ayo niyo ibaye uruhimbi Yesu we tabara ubwoko bwawe ntibujyanywe agaherere>> <<@dancilemariam4768 says : Ceceka wamusambanyi we nturarangiza ayo barikukuvugaho uzanye ubugoryi ngo nubuhanuzi plaisir narakubone dore uko asigaye areba wowe urinde uvuga ngo urigusohoza ubuhanuzi bw’Imana ahubwo niyasatani uribuka ibyo mwankoreyeho wowe na Chris Ndikumana umuntu wese uziko akorera Imana data ntimwumve ayuwo musatanike arikuvugira shebuja satani ese mubyo avuga harijambo narimwe rivugira Imana mwumvise avuga ayo maordinatere nayikuzimu kuko mbitiye gihamya umva ukuntu avugana umunezero ariko bavugira ijambo ry’Imana kuri Zaburi nshya akavuga nkubabaye>> <<@dancilemariam4768 says : Imbaraga zu Witeka Imana ibatsinde mwizina rya Yesu ashyizeho umwete kubera bigeze aho abasatanike bagamije Plaisir nimba mbivuze ndabizi neza untera urimumyuka yikuzimu urikumwe na Chris Ndikumana wa kanguka ayo mahano simwe muyazanye nonese ibyo niwowe ukwiye kubivuga ngo nubuhanuzi bwira abatakuzi ariko ibyo mukora mubikore vuba mumenye ko satani yamaze gucirwaho iteka simwe mwohereza mubantu amadayimoni guteza inzangano noguteza indwara zibyorezo vaho ngaho satani siyo ntengo murigokora kugirango abagiye hanze basubizwe iwabo siwowe nyine yanomero 666 uwo niwowe>> <<@MujawayezuElyne says : Yebabaweee uko byumvise ubuhanuzi bwarasohoye disi😢😢😢😢😢 Mana duhe kuba maso>> <<@YvonneMukamunana says : Ibyo bakuvugaho byose ibikorwa byawe bizajya byisobanura ntukavunike nshuti we love you ❤>>
VideoPro
>>