<<@GikundiroNikore says : Iby,imisatsi urakoze kubivugahi nubwo baguteye amabuye presire urakoze>> <<@mariaMaria-yq2hp says : @Plaisir iby umusatsi we ntacyo bitwaye kandi ntaho bihuriyw nikiganiro ntimukinjire muri private life y umuntu kuko Imana ntidusaba amabara y imisatsi ahubwo umutima muzima murakoze>> <<@JacquelineUwimana-f2j says : Imana ikomeze kuguha umutima ukomeye mubyeyi. Kandi ukomeze urwane kubana bawe ahubwo usenge akwibagirwe kuko ubwo bwoko ni bubi ubwo kuba uri mubibazi nibyo bimushimishije kuko aba yarapfuye ahagaze ntabumuntu habe na kirazira. Nimumufashe kubona akazi murebe ko atazaza kumusaba imbabazi! Benuwo imibare ye iba icuritse cyane nkiyasekibi>> <<@AngelizaPilbuck says : Nukuri uwomugabo ni shitani p>> <<@thabithamuhawenimana3787 says : uzamushyire abana abarere. ntuba waravuye mu kazi kawe.>> <<@mukandayisengaclaudine1206 says : Umusatsi urakureba kwinjirira umuntu bibi>> <<@LAPROTECTIONDEMONCOEUR-eb8mb says : Babyeyi muraha mwumva iyi nkuru mwaba mufite abagabo bakijijwe mwaba mufite abagabo badakijijwe mumenye ko ingo nyinshi zirimo ibibazo byabagabo baryamana nabakozi,ubonye umukozi atangiye kugusuzugura byindengakamere burya aba yararangije kuba mukeba wawe.inama hano nuko umugore wese akwiye gushaka ubundi buryo yabaho atazanye umukobwa wumukozi mu rugo rwe>> <<@nyanziratatou5404 says : Ihangane muvyeyi🎉🎉🎉>> <<@munganyinkaaqqaaqxblenatha983 says : Mubyeyi angera Yesu aguhuze>> <<@florenceuwamariya57 says : Ndakugaye plaisir , umuntu afite ikibazo ko umugabo atigeze amubwira ko arimwiza none nawe uramusenye nkubwo ibyimisatsi ubizanye ute , niba utazi gutanga compliment jyuceceka>> <<@icyitegetsehawa3609 says : Uravungango imisasti wamujingawe?indaya nabarozi ntibarikubarozwa mubarokore>> <<@NyirahabimanaHawa says : Nukuri birababaje gusa uwomugabo yagira umutima wimpuhwe agafasha abanabe basi>> <<@NyirahabimanaHawa says : Gusa ufite icyo yabona yamufasha akabona nagatike akazabijyana mubuyobozi bakamuha indezo>> <<@NyirahabimanaHawa says : Ihangane pe warufite numutima ukomeye pe yaragusuzuguraga cyanee>> <<@NyirahabimanaHawa says : Ubwose nyokobukwe urunva yaguha imiti yoguha umwanawe Yooo babyita kibi cyabene gusa warakoze ubwo mm wawe yakugiriye inama yokutajya kuwureba bashakaga banarebe niba utazamugira mubafpumu>> <<@luciemukamuhoza5251 says : Ubu se uwo mukozi akagusuzugura gutyo akakurarira mu rugo?uko se nukwiyoroshya gusa?>> <<@cedriqueced306 says : Uwo mugabo ni umuhanga wo guhemuka>> <<@nshamihigosafariange6587 says : Mujye mwihangana burya hari ibiba bitarahura ariko biba bizashyira bigahura gusa umugabo usiga abana batatu aba azagaruka,niyo atagaruka aba atazongera kwishima wowe jya wikorera ibya umugomba igisigaye azizana.😢😢😢>> <<@ndahayoolivier-oi4oc says : Mbega weeee sha ndumiwe>> <<@higuys4372 says : Ndumva duhuje>> <<@julienakiyimbakikonyogo8585 says : Abagabo bamwe ningurube pee!!!>> <<@globalvisualizationgis2855 says : Jya mu mategeko mutandukane Mugabane byose>> <<@jeankanamugire8043 says : Iyi nkuru y'uyu mubyeyi irababaje. Ikigaragara ni uko gukomeza kubana n'umugabo we bitagishobotse. Iyo umuntu akubwiye ko azakwica ntakubikinisha. Abana bo bagomba gutungwa n'ababyeyi babo. Se w'abana agomba kubatunga. Bagomba gukora gatanya (divorce) bakagabana ibyo bashakanye, ubundi buri wese akabaho ubuzima bwe. Gusa bagomba kumvikana uko bazarera abana babo. Nibanirwa kumvikana inkiko (umucamanza) azabategeka uko bagomba kurera ababa bano. Niko bigomba kugenda kugira ngo buri wese agire amahoro.>> <<@MushimiyimanaDrocella says : Intego yayigezeho kuba yaragukuye kukazi byararagiye ihangane>> <<@MushimiyimanaDrocella says : Iyo wihangana nuve kukazi ? Kuva waravuye kukazi ntazagaruka nicyo yashakaga>> <<@bitwayikijeanpierre4771 says : Ubu se uyu mugabo ni gitifu w'umurenge koko? Bamwe ni ukubabona bagenda birwa babeshya abaturage kumbi na bo harimo abafite ubugome nk'ubu🤭>> <<@uwumukizamarieleatitia8818 says : Uwo gitifu bazamusezerere mubayobozi aradusebeje cyane>> <<@bitwayikijeanpierre4771 says : Mubyeyi komera wihangane, gusa uri mwiza kuko wari ufite umutima wo kubaka uhura n'umutubuzi wabaswe na satani>> <<@jeaninentabangana5972 says : Namujane muri Ribu>> <<@sosomh5430 says : Ko mbona benshi baravuze ku mushatsi,iki kiganiro cavuze ku mushatsi???kuki abantu dukunda kuraba aho umuntu yatsinzwe gato?ariko muvyo uyu mu mama yavuze vyose murabona mwohagarara kukantu Plaisir yacishijemo k'umushatsi,ahaaa,ndabona bitoroshe>> <<@ndayambajeaugustin7728 says : Manukana abana mumusange ibibazo bizakemurwa muli kumwe.>> <<@christella5092 says : Abanyarwandakazi muravugaweeeeeeeeeeeeee😂😂😂😂😂😂 huuuuuuuuu mbuze nicomvuga pe😂😂😂😂😮>> <<@SinzamuharaCharlotte-nl9cy says : Umva madam ibyo kuvuga ngo amaticket, fata abana usubire Aho umugabo akorera ujyane abo bana agufashe kubarera. Nuhagera akakwanga ubuyobozi bukurenganure. Atangiye kwandikisha impapuro zuko wataye urugo.>> <<@kayitesiYvonne-d9g says : Ntiwari kwemera kugurisha pe>> <<@JudithMukakalisa says : Konumva byanze kera ubundi warutegereje iki?>> <<@favorumutesi6100 says : Ese uyu numunyamakuru ?? Ubuse birakureba ? Imyumvire iragwira>> <<@UwinezaPacfique says : Ndumiwe koko?>> <<@UwinezaPacfique says : Mbega ibikomere bahaseka weee>> <<@UwinezaPacfique says : Ngo wowe wagenda? Ndumiwe koko??>> <<@UwinezaPacfique says : Gusa nawe wabazaga ibintu byinci>> <<@UwinezaPacfique says : Nazibonye kuri make?😂😂😂>> <<@UwinezaPacfique says : Ubundise wabazaga iki umukozi? Wifata kumutima ukumirwa ma>> <<@KireheMushikiriRwanyamuh-hb7bm says : Ibyimisatsi ntibikureba vanaho ibyabapene>> <<@lbm3234 says : Yesu weee, ni gute umuntu yemera agasuzuguro kangana gutyo? Umugabo nkuwo umuntu amwihanganira gute ko numva nta kibi yasize? Mu byukuri Imana imbabarire, sinshobora kugirira imbabazi abagore nkaba!>> <<@lbm3234 says : Plaisir iyo ni shaming ku mutumirwa. Ubwo se gushyira teinture mu musatsi bihindura ko iba amarende? Irende, n'ibara ry'umusatsi ntaho bihuriye. Ikindi abarokore mwaravangiwe, umusatsi siwo werekana igipimo cy'uburokore!>> <<@kaze2000Kaze-k7r says : Ariko adashaka kwakira abantu badafise imishatsi nkiyo vyiza wobarika kuko nkaho ntuzi nukwo yavyakiye>> <<@queenmat5773 says : Umva ma humura uri na mwiza mama❤ icyo kigabo ukireke kizicuza.>> <<@Nduwimanajeanclaude-qj5yo says : Plaisir ntabwo yarengereye yamuganirije kd guhugurana ntacyo bitwaye yabivuze murukundo>> <<@rozy_mnk7550 says : Njya kumurega aho akorera>> <<@deborahuwamahoro426 says : Ihangane mubyeyi>>
VideoPro
>>