<<@GikundiroNikore
says :
Iby,imisatsi urakoze kubivugahi nubwo baguteye amabuye presire urakoze
>>
<<@mariaMaria-yq2hp
says :
@Plaisir iby umusatsi we ntacyo bitwaye kandi ntaho bihuriyw nikiganiro ntimukinjire muri private life y umuntu kuko Imana ntidusaba amabara y imisatsi ahubwo umutima muzima murakoze
>>
<<@JacquelineUwimana-f2j
says :
Imana ikomeze kuguha umutima ukomeye mubyeyi. Kandi ukomeze urwane kubana bawe ahubwo usenge akwibagirwe kuko ubwo bwoko ni bubi ubwo kuba uri mubibazi nibyo bimushimishije kuko aba yarapfuye ahagaze ntabumuntu habe na kirazira. Nimumufashe kubona akazi murebe ko atazaza kumusaba imbabazi! Benuwo imibare ye iba icuritse cyane nkiyasekibi
>>
<<@AngelizaPilbuck
says :
Nukuri uwomugabo ni shitani p
>>
<<@thabithamuhawenimana3787
says :
uzamushyire abana abarere. ntuba waravuye mu kazi kawe.
>>
<<@mukandayisengaclaudine1206
says :
Umusatsi urakureba kwinjirira umuntu bibi
>>
<<@LAPROTECTIONDEMONCOEUR-eb8mb
says :
Babyeyi muraha mwumva iyi nkuru mwaba mufite abagabo bakijijwe mwaba mufite abagabo badakijijwe mumenye ko ingo nyinshi zirimo ibibazo byabagabo baryamana nabakozi,ubonye umukozi atangiye kugusuzugura byindengakamere burya aba yararangije kuba mukeba wawe.inama hano nuko umugore wese akwiye gushaka ubundi buryo yabaho atazanye umukobwa wumukozi mu rugo rwe
>>
<<@nyanziratatou5404
says :
Ihangane muvyeyi🎉🎉🎉
>>
<<@munganyinkaaqqaaqxblenatha983
says :
Mubyeyi angera Yesu aguhuze
>>
<<@florenceuwamariya57
says :
Ndakugaye plaisir , umuntu afite ikibazo ko umugabo atigeze amubwira ko arimwiza none nawe uramusenye nkubwo ibyimisatsi ubizanye ute , niba utazi gutanga compliment jyuceceka
>>
<<@icyitegetsehawa3609
says :
Uravungango imisasti wamujingawe?indaya nabarozi ntibarikubarozwa mubarokore
>>
<<@NyirahabimanaHawa
says :
Nukuri birababaje gusa uwomugabo yagira umutima wimpuhwe agafasha abanabe basi
>>
<<@NyirahabimanaHawa
says :
Gusa ufite icyo yabona yamufasha akabona nagatike akazabijyana mubuyobozi bakamuha indezo
>>
<<@NyirahabimanaHawa
says :
Ihangane pe warufite numutima ukomeye pe yaragusuzuguraga cyanee
>>
<<@NyirahabimanaHawa
says :
Ubwose nyokobukwe urunva yaguha imiti yoguha umwanawe Yooo babyita kibi cyabene gusa warakoze ubwo mm wawe yakugiriye inama yokutajya kuwureba bashakaga banarebe niba utazamugira mubafpumu
>>
<<@luciemukamuhoza5251
says :
Ubu se uwo mukozi akagusuzugura gutyo akakurarira mu rugo?uko se nukwiyoroshya gusa?
>>
<<@cedriqueced306
says :
Uwo mugabo ni umuhanga wo guhemuka
>>
<<@nshamihigosafariange6587
says :
Mujye mwihangana burya hari ibiba bitarahura ariko biba bizashyira bigahura gusa umugabo usiga abana batatu aba azagaruka,niyo atagaruka aba atazongera kwishima wowe jya wikorera ibya umugomba igisigaye azizana.😢😢😢
>>
<<@ndahayoolivier-oi4oc
says :
Mbega weeee sha ndumiwe
>>
<<@higuys4372
says :
Ndumva duhuje
>>
<<@julienakiyimbakikonyogo8585
says :
Abagabo bamwe ningurube pee!!!
>>
<<@globalvisualizationgis2855
says :
Jya mu mategeko mutandukane Mugabane byose
>>
<<@jeankanamugire8043
says :
Iyi nkuru y'uyu mubyeyi irababaje. Ikigaragara ni uko gukomeza kubana n'umugabo we bitagishobotse. Iyo umuntu akubwiye ko azakwica ntakubikinisha. Abana bo bagomba gutungwa n'ababyeyi babo. Se w'abana agomba kubatunga. Bagomba gukora gatanya (divorce) bakagabana ibyo bashakanye, ubundi buri wese akabaho ubuzima bwe. Gusa bagomba kumvikana uko bazarera abana babo. Nibanirwa kumvikana inkiko (umucamanza) azabategeka uko bagomba kurera ababa bano. Niko bigomba kugenda kugira ngo buri wese agire amahoro.
>>
<<@MushimiyimanaDrocella
says :
Intego yayigezeho kuba yaragukuye kukazi byararagiye ihangane
>>
<<@MushimiyimanaDrocella
says :
Iyo wihangana nuve kukazi ? Kuva waravuye kukazi ntazagaruka nicyo yashakaga
>>
<<@bitwayikijeanpierre4771
says :
Ubu se uyu mugabo ni gitifu w'umurenge koko? Bamwe ni ukubabona bagenda birwa babeshya abaturage kumbi na bo harimo abafite ubugome nk'ubu🤭
>>
<<@uwumukizamarieleatitia8818
says :
Uwo gitifu bazamusezerere mubayobozi aradusebeje cyane
>>
<<@bitwayikijeanpierre4771
says :
Mubyeyi komera wihangane, gusa uri mwiza kuko wari ufite umutima wo kubaka uhura n'umutubuzi wabaswe na satani
>>
<<@jeaninentabangana5972
says :
Namujane muri Ribu
>>
<<@sosomh5430
says :
Ko mbona benshi baravuze ku mushatsi,iki kiganiro cavuze ku mushatsi???kuki abantu dukunda kuraba aho umuntu yatsinzwe gato?ariko muvyo uyu mu mama yavuze vyose murabona mwohagarara kukantu Plaisir yacishijemo k'umushatsi,ahaaa,ndabona bitoroshe
>>
<<@ndayambajeaugustin7728
says :
Manukana abana mumusange ibibazo bizakemurwa muli kumwe.
>>
<<@christella5092
says :
Abanyarwandakazi muravugaweeeeeeeeeeeeee😂😂😂😂😂😂 huuuuuuuuu mbuze nicomvuga pe😂😂😂😂😮
>>
<<@SinzamuharaCharlotte-nl9cy
says :
Umva madam ibyo kuvuga ngo amaticket, fata abana usubire Aho umugabo akorera ujyane abo bana agufashe kubarera. Nuhagera akakwanga ubuyobozi bukurenganure. Atangiye kwandikisha impapuro zuko wataye urugo.
>>
<<@kayitesiYvonne-d9g
says :
Ntiwari kwemera kugurisha pe
>>
<<@JudithMukakalisa
says :
Konumva byanze kera ubundi warutegereje iki?
>>
<<@favorumutesi6100
says :
Ese uyu numunyamakuru ?? Ubuse birakureba ? Imyumvire iragwira
>>
<<@UwinezaPacfique
says :
Ndumiwe koko?
>>
<<@UwinezaPacfique
says :
Mbega ibikomere bahaseka weee
>>
<<@UwinezaPacfique
says :
Ngo wowe wagenda? Ndumiwe koko??
>>
<<@UwinezaPacfique
says :
Gusa nawe wabazaga ibintu byinci
>>
<<@UwinezaPacfique
says :
Nazibonye kuri make?😂😂😂
>>
<<@UwinezaPacfique
says :
Ubundise wabazaga iki umukozi? Wifata kumutima ukumirwa ma
>>
<<@KireheMushikiriRwanyamuh-hb7bm
says :
Ibyimisatsi ntibikureba vanaho ibyabapene
>>
<<@lbm3234
says :
Yesu weee, ni gute umuntu yemera agasuzuguro kangana gutyo? Umugabo nkuwo umuntu amwihanganira gute ko numva nta kibi yasize? Mu byukuri Imana imbabarire, sinshobora kugirira imbabazi abagore nkaba!
>>
<<@lbm3234
says :
Plaisir iyo ni shaming ku mutumirwa. Ubwo se gushyira teinture mu musatsi bihindura ko iba amarende? Irende, n'ibara ry'umusatsi ntaho bihuriye. Ikindi abarokore mwaravangiwe, umusatsi siwo werekana igipimo cy'uburokore!
>>
<<@kaze2000Kaze-k7r
says :
Ariko adashaka kwakira abantu badafise imishatsi nkiyo vyiza wobarika kuko nkaho ntuzi nukwo yavyakiye
>>
<<@queenmat5773
says :
Umva ma humura uri na mwiza mama❤ icyo kigabo ukireke kizicuza.
>>
<<@Nduwimanajeanclaude-qj5yo
says :
Plaisir ntabwo yarengereye yamuganirije kd guhugurana ntacyo bitwaye yabivuze murukundo
>>
<<@rozy_mnk7550
says :
Njya kumurega aho akorera
>>
<<@deborahuwamahoro426
says :
Ihangane mubyeyi
>>
NEXT VIDEO
>>