<<@frankminani2265
says :
Warampemukiye Sina ujye ubyibuka Kandi ubizirikane, imana niyo nkuru Kandi irabizi, enjoy tu....
>>
<<@IREBERECOMEDY-o3k
says :
UTAB
>>
<<@IREBERECOMEDY-o3k
says :
N'AGAHINDA KENSHI😔😭. BWANA Dr. SINA Gerald, nitwa NISINGIZWE Emmanuel, nkuko ubivuze ngo" WAKUNDA KMANA UTE UDAKUNZE MUGENZI WAWE)" nyamara naragupfukamiye ndemera nshinga amavi imbere y'imbaga nyamwinshi y'abanyeshuri ba UTb ngo unyemere kunyigisha nobura igicuruzwa 1 mubyo ukora. Nyamara mwaranyirengagije. Hashize amezi arenga 6/7 unyemereye ko uzampamagara, gusa amaso yaheze mukorere. Gusa nzineza ko ikibazo ari IGIHE. Nishimiye kuba naragukoze mubiganza, ntegereje ko IGIHE nikkgera nzabiriramo. Sinasoza ntakunwiyeko nkomeje guhangana nibikomere byababwira ko napfukamiye umwana w'muntu ntacyo ari bumarire. NDABAKUNDA♥️.
>>
<<@EmmanuelNZAYISENGA-v1j
says :
Wagifashe utarwanye cha iryohere
>>
<<@jay-se1986
says :
Uyu mubyeyi acya bugufi,nka mukunda ntacyo impaye
>>
<<@ManirahoKanizius
says :
Gushimira ni sawa
>>
<<@TwizeyimanaWellars
says :
Kristu akuzwe bavandimwe!?
>>
<<@pablonsanzumuhire2024
says :
Imana ishimwe abo Bashumba muracyahari hashize imyaka myinshi mbize muri region catocholigue. Goloria Mwijwiryawe Mt Gerard!Jah be blessed our that Capella
>>
<<@mutaG250
says :
Imana ikomeze ikwagure muvandimwe❤
>>
<<@radegondebayisenge24
says :
Byose bihira abakunda Imana, muryango mwiza turabakunda
>>
<<@HappyRacoon-uc2it
says :
Nsengera mu itorero rya adepr , ariko Sina Gerard ndamukunze mukundiye ko yubaha imana , musabiye ku mana ngo ijye yivanga mubye.
>>
<<@musengimanabetty270
says :
Imana ni nziza ibihe byose nkunze ukuntu mwicishije bugufi Kandi wabaye urugero rwabandi
>>
<<@umojawote9878
says :
Sina disi ni umu Kristu Imana iracyaturinze.Amen
>>
<<@kuradusengejeandedieu6900
says :
Umunyamafaranga no kuri altari arahemerewe
>>
<<@dusabimanapetronille1539
says :
Wow .Iyo ntore yanyagasani nikomeze imubere intumwa . Nakomeze arerere Imana n,igihugu .Kandi iri sengesho rye ryagejejwe n,umumarauika kuri alitari yo mu Ijur.,,Nyirububasha yangiriye ibitangaza .Izina rye ni ritagatifu.,, is ikeneye aba bantu. .
>>
<<@theodorempere3129
says :
Sina Gérard, Ukwicisha bugufi kwawe n' umuryango wawe, Kwibuka ko byose bihira abakunze Imana, Gushishikariza ingo zose gukundana bya gikristu binyuze mu ma Sakaramentu, Gufasha abatishoboye kuri Roho no ku mubili, ngo nabo bumve ko Imana yacu idukunda twese kimwe, Kwifuza no guharanira ko Kiliziya na fondation yakwitiriye yibaruka abihayimana, Kutirengagiza abakene bose duhura nabo, tugasangira ibyiza Imana yaduhaye, Kumva ko umuntu ari nkundi, ko Roho nziza igomba gutura mu mubili mwiza, Uzabikomeze, kandi uzaharanire iteka icyatuma intama zose zimenya uwaziremye, uwaduhanze, akatubeshaho, byose bibumbiye mu rukundo. Gutunga ibya mirenge, ukibagirwa Imana yabiguhaye, ukirata ku bakene n' abafite inkokora zidandabirana, si byiza. Tujye twibuka ko Imana ari umubyeyi wa twese udukunda, kabe niyo twamukosereza. Uwo mutima mwiza uzawuhorane, uwurage abo ubyaye, abuzukuru n' ubuvivi ndetse nabo uhura nabo bose bakubonemo ishusho y' urukundo, bityo ubaruhure uko ushoboye. Nta turo rishimisha Imana nko kuyubakira ingoro imwizihiye. Dusabe Imana Rurema, yo musumba byose, azakongere ubuzima bwiza wowe n' abawe, maze koko uzasige isi dutuye tuyihinduye nziza kurusha uko twayisanze. Impuhwe z' Imana zitahe iwawe, zigukomeze, zikulinde ikibi cyose, maze urwo rukundo n' umubano ugaragaje ubikuye ku mutima, bizaguherekeze iteka ryose. Tugize ba Gérard 12, Urwanda rwiza twifuza, rwaba Ingoro y' uhoraho, bityo Kristu Mwami n' umubyeyi we Bikira Mariya bakarutaha uko bwije uko bucyeye, nta miborogo yindi ,nta maraso yandi yongeye kumeneka i Rwanda. Ahali urukundo n' umubano, Imana iba ihali. Duharanire kubaka Kiliziya y' umusumba byose. Nyagasani umwe, Kiliziya imwe, ukwemera kumwe, batisimu, Imana imwe ni nayo mugenga n' umugaba wa byose. Imana ikumpere imigisha, mbiyisabye mbikuye ku mutima wiyorosha yampaye. Ukomeze ubere bose urugero, uri intumwa itageraranwa urwanda rutigeze rugira. Amahoro iwawe Amahoro ku bawe Amahoro ku mutima wawe Ntacyo Imana yakwimye, kandi izahora iri kumwe nawe iteka ryose. Ntugasaze Ntugasitare Ntukigere ugwa mu bishuko Uzaharanire ukuli n' urukundo Wimakaze Iyaturemye, yo iduhora hafi iteka ryose. Ndayikuragije, ngo ibane nawe, nkuko nawe wifuriza abakene ineza.
>>
<<@SmilingBoxer-oc2xk
says :
Imana,ige,ihora,ibaha,umvugisha
>>
<<@Umuganwarose3720
says :
Mbega byiza
>>
<<@kankuyochristine6330
says :
Muri ababyeyi beza mwatumye ubuzima bwanjye butari bufite ishusho bugira ishusho ubwo mwampaga akazi ntafite shinge narugero mwarakoze narakuze nateye imbere mwagize uruhare rukomeye ndabakunda.
>>
<<@ByukusengeAppolinarie
says :
Ooohhhh family nziza Yaba christu ndabakunze cyane kdi mbasabiye umugisha utagabanyije❤❤❤❤ oooohhh birandenze mbega ukuntu bicisha bugufi🎉🎉🎉🎉
>>
<<@DufatanyePatrick-eg2sy
says :
Nyagasani agukomeze.mubyo ukora byose🙏🙏🙏🙏
>>
<<@UwamahoroAngelique-l1k
says :
Nyagasani ajye akurinda inabi yibyo yaremye
>>
<<@theophilenshimi6202
says :
Warakoze cyane muvandi,Imana ikomeze ibishimire kdi ibiteho
>>
<<@WibabaraJeanPaul
says :
Na kenisi azabikore
>>
<<@abajenezasolange6811
says :
Yoooh ariko Mana. IMANA Uhoraho ishimwe iteka ryose Amen 👏🙏
>>
<<@UwAmayizinaImakire
says :
Nyagasani,akukomerezemubiganzabye,Kandi akomezekwagura. IbikorwabyawemuriRohomutagatifu. Amen 🙏🙏
>>
<<@elisabethmusafiri939
says :
Nyagasani, uyu mugabo ujye umushyiraho uburinzi budasanzwe, umurinde ibigeragezo bigusha abagabo bateye imbere. Amen
>>
<<@MukankusiSeraphine-hc6bw
says :
Tubasabayiye uburinzi ku Mana mukomeze kuba abakristu bitangarugero
>>
<<@AbagarukaAgricole
says :
Turabyishimiye cyane pe. Niba abanyarwanda Bose bagiraga umutima nk' uwa Yezu nk' uko mbona wowe ubifite. Rwose pe mbikuye ku murima, ngusabiye umugisha w' Imana.
>>
<<@nshimiyimanajeandedieu1051
says :
Gukira kuri roho no ku mubiri.
>>
NEXT VIDEO
>>