<<@francoisnininahazwe9598 says : Tube maso !>> <<@HabimanaVincent-nv9ec says : Antichrist yaje, gukora kwa satani>> <<@munyamahoroaimable3433 says : ni mukihe gihugu>> <<@NzamwitaJeanbosco-d4o says : Abadiventiste murasetsa ryose iyo mumvuga isabato ubwose murusha abayuda bayibanje ahubwo namwe abadiventiste nimutizera umwami yesu murakomera kumigenzereze nki yabayuda muragowe>> <<@GasigwaLaurent says : Ubu nibwo butatu butagatifu>> <<@NicaiseTwagirayezu-cj9nv says : Mana wee nkr plaisir utumye ndushiriza gukunda yesu ngiy kurushiriza urakoze yesu kristo akumpere unugisha ndagukunze NDI I burundi>> <<@mukakamaliemmerance3778 says : Ntiwatubwiye aho uru rusengero ruherereye gusa nigize kubona ahanditse UAE ni dubai?>> <<@mukakamaliemmerance3778 says : Wakoze cyane plaisir kidusanhiza aya makuru,haricyo nkubaza aya majwi abitse muri ahahantu wagiye ntiwongere kuvuga nawe?cg nabasenga batandukanye bika wenda system ibibika muhantu tudasobanukirwa?>> <<@trophywilson7211 says : Those are for devil>> <<@NIYONGABOMames says : NDIHO DUHE KUBA MASO TWAME TUMESUYE IMYAMBARO YACU TWAME TWEJEJWE TWITAHIRE MWIJURU IWACU>> <<@NYOMBAYIREPatrick says : Ayo ni amatiku>> <<@CecileNyirashyaka says : Imana iguhe umugisha kd ubwenge bwayo bukugumeho Amen 🙏>> <<@kwizeralaban7253 says : Nimukihe gihugu>> <<@grandmachannel8828 says : Ese uru rusengero rwubatse mu kihe Gihugu?>> <<@Imanirakomeye says : Kuki uri kubona turiya dutambaro ubona ari rose ?>> <<@Imanirakomeye says : Ni mu kihe gihugu?>> <<@ClaudiaNesi-pn4zd says : Christu wacu aduhagarareho>> <<@fideletuyishime2781 says : Iyo nzu yubatse hehe ?>> <<@murekatetechantal-yt1qu says : Ese ni mukihe gihugu hano>> <<@habimanajeancloude1475 says : Urakozecyane umugeni wa kristo ahari mumpande z, igihugu nakanguke>> <<@AffectionateHorse-wu3gt says : Yesu aturengere duhumike urakoze ese igice 2 kirihe ngonacyotukirebe>> <<@DusabeMarieRuth says : Ndumiwe ayamajwise aba mwaya mabuye>> <<@DusabeMarieRuth says : Imana izabihurutura ntizemera ko izina ry,umwana wayo ritukwa ntikomeye kurusha inkinke z,iyeriko Amen>> <<@DusabeMarieRuth says : Yezu mucunguzi turengere>> <<@InshozayumucoOfficial says : https://youtu.be/bKeBr_Ab67M Yesu niwe Gisubiza cya byose>> <<@karangwajustine9200 says : Thank you Plaisir arko byari kuba byiza iyo ujyana na Dr Sam naho hno nukureba inyubako ntabusobanuroo buhagije nawe wifitiye cyagwa uzamudusabire ! adusobanurire ikintu kukindi ndetse n'ibigendanye niyi nyubako. thank you plaisir>> <<@nasafricatv3510 says : Aho kugirango barwane se , no kwiyunga mubona ikiza ari ikihe?>> <<@MukankurangaRose1979 says : Mwiriwe!ntabwo ari ibitambaro by'iroza ni move kuko muri catholique ibintu byose mu gihe cy'icyumweru gitagatifu bategereje Pasika babitwikiriza ibitambaro bya move kandi n'abapadiri niryo bara bambara>> <<@RukundoDesire-u9t says : Usobanuraibintu nkutaruhari ubwowaruhari kurizonyubako koutahavuganeza haraburaiki wabuze ukuyobora ntabwoubivuga ngo unabisobanureneza>> <<@umutesinadia2674 says : Plasir Imana Igihe umugisha>> <<@KwizeLee says : Plaisira uhezagirwe urumukozi w Imana vyukurinemeranya numutima wanjye uzakomereze aho,>> <<@bizimanaemmanuel7250 says : Nugusohoka mumadini kuko ndabona ariyo babuloniyuyu munsi HUNGA UDAPFA>> <<@umutonisophie2332 says : Igitambaro ni Mauve cheri si irose>> <<@umutonisophie2332 says : Ni mukihe gihugu?>> <<@ndayishimiyeprosper1671 says : Aya ma camera areba mu isanzure ryose,no muburyo bw'umwuka naho bakagerayo.ndagira nte isi barayifite Kbsa.Dushimiye Imana yabahaye ubu bwenge>> <<@AlineIGiraneza-zc4nf says : Wubahw waragenz kwer>> <<@isingizweprovidence1042 says : Ahahantu ni mukihe gihugu??>> <<@ndayishimiyeprosper1671 says : Wirebera muri iyo Ndorerwamo rero.None s Imana niyongeye igahuriza zandimi zabari baratatanye ku munsi Wa Pentecote,igihe burumwe yunvaga Mugenzi we avuga ururimwe rw'iwabo Kavukire. Icyo kiba ikimenyetso cy'uko bavuze Ururimi rumwe.Nimurubwo buryo Roho Mutagatifu yagirango abereka ibanga ry'Ururimi rumwe rw'Urukundo kubari abanyamahanga.Rwose mwibeshya amahanga Ntabwo ururimi rumwe kuvuga ngigifaransa,icyongereza, bizakunda kuko Ntanicyo izo ndimi zitwaye Imana. Ahubwo idushakira Ururimi rw'Urukundo Nubwo twaba turi mu budasa. Nimureke Urukundo rujye imbere,gucagagurana no gushihana no kunenana bicibwe mu izina rya Yezu.Ku munsi Wa Penteconte Bimaze kumera gutyo,Kiliziya imwe yaravutse,KRISTU wakomeje kugenda ayikomeza kd ayubaka,cyane ko yari yarayiragije Petero. Aho Yezu yagize ati Petero ragira Inama zanjye ,ragira abana b'Intama zanjye. Yezu ati nzaguha imfunguzo zingoma y'ijuru. Yezu ati Uri Urutare kd kururwo rutare nzubakaho ......;muri Bible birimo kd Nawe urabizi.Ariko Nyamara igihe havukiye andi madini namatorero by'ibyadukano kubw'Umwanzi Sekibi kgr ngo abantu bajye Bahora bacagagurana,byaje kuvuka Nyuma bikajya birwanyana ndetse binarwanya Iyo Nzu ya Nyagasani uwo muryango iyo Kiliziya y'Imana. So rero Imana ishatse kubahuza, ubumwe bw'IDINI rimwe ryaba ritaba ,muri byo byose Imana igambiriyemo kutugirira neza.Nawe wemera neza ko Nyuma haje kuza ibyamadini,Nyuma haza ibyo kwisohora mu madini nk'uko kwawe kd Nyamara urifite.Kd iyo musohotsemo bimwe mugenda mubikandagira kd Nyamara Wenda arinibyukuri.Briefly, Kiliziya igamije kuzabumba ariya mahanga abiri yandi, Muhumure. Namwe Ahubwo nimwemere KRISTU n'amahame ye Abeshaho. Dore TWE twabaye Aba YEZU Aba Kristu kd twabaye abana ba MARIYA Ntabwo tuzaba ab'Ubundi.Gusa namwe muri bo Nubwo mutabyemeye. Ndetse kubirenze ibyo, turarenga kuba abo mubyaro za Hagara cg turenge Ibyaro za Ketura,n'urwa Sara cg ,Ahubwo tube abana ba ABRAHAMU,Kuko Umuyahuti nutariwe,Bose KRISTU yakuyeho urukuta rwabatandukanyaga. Mvugira UTI Amen. Uwemeye rero arishyira akizana. Kd ahari twabifata nko kwegeranya ibicaniro byabahanuzi ba Bayari nicy'Imana yacu Yo Mana itazwi na benshi nzamamaza ko Ari Imana y'imbazi itarobanura,ikitari icy'Imana y'Ukuri Imana izagitwika. Muhumure.Dutegereze hazavemo igicaniro kimwe cy'Imana. Nonese igihe turi mumadini UTI ni ugukora Kwa Anti KRISTU, igihe twerekeje mu Itorero rimwe Nabwo muti ni ugukora Kwa Anti KRISTU.Tukiri mu isi ibyo ntibizabura.Twemere ugushaka kwayo,Twigora Imana.>> <<@louiseumuhoza7729 says : Bera b'Imana mugerageze kuba maso nkuko umuvabdimwe asoje atwibutsa,tugiye gutaha,bidasubirwaho!igihe kigiye kugera gusinzira/gupfa bihinduke zahabu kubihawee,tugiye kwifuza gupfa bidashoboka,iki nigihe Cyo kwambara imbaraga zamwuka wera !umwijima ubaye mwinshiiii, urujijo narwo nuko,ducyeneye imbaraga ! ducyeneye imbaraga !>> <<@eline1800 says : Mwarakoze kudusjakira n'ayo makuru 😊, harya ubwo ni uwuhe mugabane, naho igihugu???? Urarenze mubanyamakuru!!>> <<@AlineMukunda says : Ubunibwonitegereje ngizeubwoba benedata tubemaso umucyo numwijimantibibana dusengecyane Yesukristo agiyekugaruka tubemaso>> <<@Muhozajoselyne-ft9kt says : Imana ikomeze ibagure mumurimo. Ahari byatuma bamwe barecyera kwinangira Imitima. Kuko muvuga ukuri bamwe ntibabihe agaciro. Warakoze kutuzanira amakuru nk'aya 🙏>> <<@Christene-xt1yz says : Haherereyehe ahohantu??>> <<@Christene-xt1yz says : Ntibizoroha peee imana nitabare ubwoko bwayo nukuri pee>> <<@josianetubane1344 says : Ariko se ibintu mwihaye byokumva ko arimwe muzi ukuri kurusha abandi nibiki? Ubundi mukarema ubuzima bwoguhora muca imanza . Mwasenze Imana ubundi mugatunganya inzira zanyu ko ijuru ariryumuntu kugiti ke? Ubu ibi nibyo bitumye mucika ururondogoro ngo isi yarangiye? Ubuse kombona iyi chaine nayo ntacyo ikoze nko bubyamamaza nokubimenyekanisha>> <<@AlisAlison-p5u says : Aho nimuri dubai>> <<@a.n4988 says : Bagira bakureho isabato>> <<@NkundaJeanClaude-ny7py says : A mon avis ibi ntakidasanzwe kirimo ils ont investi mu bukerarugendo bw'amadini pour attirer le tourisme. Kuba voute zidasanzwe nuburyo bwa design des architects kubibona muyindi shusho ni ubwoba abakoloni n'amadini yatubibyemo nta kintu kidasanzwe kirimo. Gusa niheza hazashyirwe muri world heritage UNESCO.>> <<@NM-fz3sy says : Aho wzhereye hari urukarabiro ni hébreux...>> <<@NM-fz3sy says : plaisir wakoze ikiganiro cyiza 50% kuko description yaweahenshi ntihura na réalité ubundi washoboraga gukamera ubundi ukaba za ibisobanuro bya buri kimwe ukabona kugenda u ihuza na Vidéo n'iyo waza ukicara ubundi ukagenda uhitisha ishusho gusobanura ariko biri byo... nka hamwe winjiye uvuga ko yanditse icyara u ni igihebureyi, ibitabo byabo ibyinshi ni torah, ikigitambaro mu bakirisitu ni mauve ntago ari rose, et puis n'andi makosa menshi ntago mbikubwiranye inaba ni uku gukosora juste et puis à propos des style architecturale ntago wavuga ngo ntibihuye n'insengero usanzwe insengero zo mu bihugu bya kure ntizishobora guhura n'izacu kuko imyubakire ifata en Compte climat na stle za cyera ahenshi uzahasanga ibyo bita style gothique etc.. fin bref ni ngombwa gushyira orgueil ku ruhande ukaka ibisobanuro neza kugirango utabeshya abantu cg ibintu ukabijyana mu marangamutima yawe>>
VideoPro
>>