<<@jeanpierrentawanga7614 says : Amakuru ya mama Linda n'abana turabakumbuye twizeye KO Imana yabarinze>> <<@LovelyHikingTrail-lh6hq says : Nimudusengere nukuri twarashize>> <<@AnnoyedPenguinFamily-id8lo says : Ariko gusenga ukamenya amakuru njye numva atari bibi ahubwo wenda tujye tureka kuba aribyo twiyimikamwo>> <<@AnnoyedPenguinFamily-id8lo says : Murakoze ku duhumura mubijyanye no gusengerwa>> <<@VestineNkurikiyimfura-i2z says : Muraho Plaisi.Amakuru ya ALINE N'ABANA>> <<@nadiadushimimana5401 says : Nubwo ubu buhamya nabubonye ntinze ark buramfasha,donc buzakomeza kugira umumaro mubihe byose.merci Aline kdi ndagusengera n'abawe>> <<@GdjhfdGjd says : Icyakoze abahanuzi ni hatari kabisa>> <<@shamilele8998 says : Sha abiyita abakozi bi mana biyiminsi nta saw cyane haruwuherutse kuza murugo muri douch harimo imyenda yimbere ayiba ikina konje tumubajije aravuga ngo nuko nyine ntiyanagira byibura nu mutima umucira urubanza ngo asabe imbabazi>> <<@laetitialetty6860 says : Aline anjye nkunda ijwi ryawe pe!>> <<@TusabeGodfrey-r7b says : Muraho neza Plaizi. Uzatubarize Aline uti ese abo bana bandi wabyaye muburyo utazi ese icyo gihe warasengaga.>> <<@nyirarusalemualine7664 says : Muraho ese plaisir naAline babaye mahoro Episode yindi kontwayitegereje... Tugaheba>> <<@alicecadette4851 says : Icyombona cyo Imana niyo izi ukuri kubyububuhamya bwose mwatambukije>> <<@icyizanyemariegorette1683 says : Mutwereke amafoto y'abana bose. Ariko ni beza disi.>> <<@inezaolga7449 says : Imana ibahe umugisha mwinshi bakozi bimana>> <<@user-pq5zr3qe2y says : J’attends 21>> <<@anetkiiza6118 says : Iyo ntamata ntiyacunda wenda yashyiramo macye kuko numuziro harimo nigitutsi kubapagane.>> <<@hirwafrank-rf5tg says : Yesu abahe umugisha ,zaburinshya na family Aline .kandi abarinde ibitero bya daimoni zihora ,zarakaye. narabakunze mwanyuzwemo n'Imana menya ibyo ndwana nabyo>> <<@SolangeCyiza says : Shalom, icyo ni cyakigiro ubwo buzima nibwo mbayeho ndumva abayeho nkange neza, ntasenze nabyuka napfuye>> <<@Chance-yq1rx says : Twakumbuye arine 😢❤❤❤ dukumbuye kukunva kd>> <<@UgiringabireGloria says : Mama wange yarahinamiranye 25:49 25:49>> <<@UgiringabireGloria says : Mwiriwe neza mama wange ameze neza nkarinda Kandi nange sinorohewe cyereka duhuye>> <<@kidamage176 says : Jyewe nsinzira neza ndikumva Kanguka simenya igihe ibitotsi byantwariye 😅>> <<@niwewewowe9505 says : Plaisir rwose byagenze bite ko twategereje igice gikuricyira tukabura koko ! Aline turamunyotewe>> <<@nyiranezaspeciose9839 says : Humura linda!!! Ibyo byose nukugirango imirimo y Imana izerekanirwe muri wowe❤❤ uzagaruka turimo dushima imbaraga zisumbabyose.>> <<@dianeumutoni-iu3gi says : Mubyukuri wankweye itabi igihe wariwatawe naburiwese ariko YESU Yarahari>> <<@uwihoreyeamina8952 says : Dukumbuye Aline>> <<@victoirenizeyimana7801 says : Imana ibahe umugisha cyaneee ubu buhamya burigutuma turushaho kuba maso no gusenga byimbitse nokumenyako abagome bahari ariko imbaraga za Yesu kristo zisumba iza barozi kandi kwisengera nibyingenzi kuko gushaka ubuhanuzi benshi bahuriyemo nimyuka mibi impano zitarimo kwera imbuto zabihanye muzirinde cyaneee 😢😢😢😢>> <<@dusabimanatheogene4764 says : Uyu mwana ubabere uw'ibyishimo n'amahoro ibakize umubi isange Papa Lynda imuhe agakiza nkuko yasanze pawulo ikamitungura yari umwanzi w'ibyiza. Azakizwe nawe ajye atanga ubuhamya bw'ibyo yabagamo.>> <<@beathadusabemariya4194 says : Aline wivunika tumaze kumenya kwisengera, abatekamutwe tumaze kubamenya neza. Kuva numva ubu buhamya.>> <<@dianemuhoza-p7h says : Kumeza utsinde Aline wacu turagukunda imana yarakoze kukurinda ikomeze ikurwanirira ❤>> <<@MukagataliCeline says : Dutegereje no 21>> <<@noellairakoze5777 says : Mwaramutse neza muvyeyi nkunda!nukuri Imana yabanye namwe mubintu vyinshi bitandukanye nagumye numva!ariko ntimuze mwihebure numusi numwe kk Imana irabakunda cane!knd ivyo yakoze nivyo bikomeye cane nibisigaye izobikora!!!gusa imyuka mibi ibaho kwl!ariko ndaryohewe nukunva ko wagiye gusenga kwa pasteur julienne kabanda!Imana izobana namwe tuzoguma dusenga na cane cane ko satani yatsinzwe>> <<@alexandregasana9082 says : Another episode please>> <<@MarieOdetteNDAYIKUNDA says : Muraho Plaisir ? Aline Imana iguhe umugisha kandi umuhe imbaraga n'inkomezi. Ndakurikirana ubuhamya bwa Aline kandi biramfasha cyane. Muribuka ko mudufitiye ideni ry'ukuntu umwana wa Aline bucura igituma yitwa Président, mwarigeze gusoza ubuhamya Aline aratubwira ko azatubwira igituma yitwa Président, yaravyibagiye disi, azabitubwire uburaha.>> <<@marthanikuze8672 says : Aline Imana iguhumugisha nukuri nkurikirana ubuhamya bwawe nukuri uvuze ukuri twitondere abahanuzi nukuri ahubwo tubemaso nukuri>> <<@IngabireIsabelle-cr2ml says : Nkunda agaterme k'Aline yakunze gukoresha Ati UKO NIKO KURI!!!!!Ukuri kuganze>> <<@IngabireIsabelle-cr2ml says : Nkunda agaterme k'Aline yakunze gukoresha Ati UKO NIKO KURI!!!!!Ukuri kuganze>> <<@AudresArakaza says : Imana yomutananirwa uyumwaka ihindure amateka k,umuryango waw>> <<@AlineNdayisaba-y6r says : Imana izikurinda>> <<@ikagi-k8u says : ubugome nw'abantu nibwo dukwiye gutinya, satani nta mbaraga yagira ku bemera Imana.>> <<@clarissemukankaka2505 says : Ariko Imana irahari kandi ibakunda kurusha ibyo byose, naho ubundi ayo mata ni igihango, n'iyo nzoga, yabahaye ni ugusangira n'abazimu, kandi nabyo udasenze birakurikirana.>> <<@claudinekayitesi2844 says : Yoo sister Aline Imana yaguhaye ubwenge bwo kwihangana iguha umwuka wo kunva ijwi ryayo Kandi ukaryunvira Gusa Plaisir yihangane Ampe numéro zawe ndashaka kuganira Nawe nkumubyeyi nange wabana 3 Ariko nkeneye byinshi namubaza mubuzima ndimo Busa namayobera Imana ibahe umugisha>> <<@u.e2332 says : Aline afite ijwi ryizaaaa peee>> <<@jeanpierrentawanga7614 says : Iyi ni intangiriro ya ministère yagutse ya Mamà Linda avec ses enfants ariko ntabwo ndi umuhanuzi>> <<@keysbebe5731 says : Imana yumva gusenga itabare uyumuryango ntago njya mpaga kubu mvanaho ijjwi ryo turikunda turibenshi cyane Aline Imana ikuzigame nabawe❤❤❤❤❤>> <<@hakizimanaviolette1564 says : Ndabasubuje mwese>> <<@eimeefuraha51 says : Mungu anaendelea kutulinda na satani ntabubasha azatugiraho mwizina rya Yesu kristo>> <<@nijimberenehemie7777 says : Wewe kudafunga amaso ngutegere utaraba kuri screen? Nifujije kumubona ntabwo bikwiye kukubabaza>> <<@nijimberenehemie7777 says : Ivyo vyago vyababayeko vyabaye amaraso ya Yesu ataraseseka?>> <<@MusabuweraSabu says : Mwabantu mwe kuri yisi harabantu bahuye nibibazo pee ndumiwe Wamubyeyi we humura imbere niheza nukuri 🙏🙏>>
VideoPro
>>