<<@jeanpierrentawanga7614
says :
Amakuru ya mama Linda n'abana turabakumbuye twizeye KO Imana yabarinze
>>
<<@LovelyHikingTrail-lh6hq
says :
Nimudusengere nukuri twarashize
>>
<<@AnnoyedPenguinFamily-id8lo
says :
Ariko gusenga ukamenya amakuru njye numva atari bibi ahubwo wenda tujye tureka kuba aribyo twiyimikamwo
>>
<<@AnnoyedPenguinFamily-id8lo
says :
Murakoze ku duhumura mubijyanye no gusengerwa
>>
<<@VestineNkurikiyimfura-i2z
says :
Muraho Plaisi.Amakuru ya ALINE N'ABANA
>>
<<@nadiadushimimana5401
says :
Nubwo ubu buhamya nabubonye ntinze ark buramfasha,donc buzakomeza kugira umumaro mubihe byose.merci Aline kdi ndagusengera n'abawe
>>
<<@GdjhfdGjd
says :
Icyakoze abahanuzi ni hatari kabisa
>>
<<@shamilele8998
says :
Sha abiyita abakozi bi mana biyiminsi nta saw cyane haruwuherutse kuza murugo muri douch harimo imyenda yimbere ayiba ikina konje tumubajije aravuga ngo nuko nyine ntiyanagira byibura nu mutima umucira urubanza ngo asabe imbabazi
>>
<<@laetitialetty6860
says :
Aline anjye nkunda ijwi ryawe pe!
>>
<<@TusabeGodfrey-r7b
says :
Muraho neza Plaizi. Uzatubarize Aline uti ese abo bana bandi wabyaye muburyo utazi ese icyo gihe warasengaga.
>>
<<@nyirarusalemualine7664
says :
Muraho ese plaisir naAline babaye mahoro Episode yindi kontwayitegereje... Tugaheba
>>
<<@alicecadette4851
says :
Icyombona cyo Imana niyo izi ukuri kubyububuhamya bwose mwatambukije
>>
<<@icyizanyemariegorette1683
says :
Mutwereke amafoto y'abana bose. Ariko ni beza disi.
>>
<<@inezaolga7449
says :
Imana ibahe umugisha mwinshi bakozi bimana
>>
<<@user-pq5zr3qe2y
says :
J’attends 21
>>
<<@anetkiiza6118
says :
Iyo ntamata ntiyacunda wenda yashyiramo macye kuko numuziro harimo nigitutsi kubapagane.
>>
<<@hirwafrank-rf5tg
says :
Yesu abahe umugisha ,zaburinshya na family Aline .kandi abarinde ibitero bya daimoni zihora ,zarakaye. narabakunze mwanyuzwemo n'Imana menya ibyo ndwana nabyo
>>
<<@SolangeCyiza
says :
Shalom, icyo ni cyakigiro ubwo buzima nibwo mbayeho ndumva abayeho nkange neza, ntasenze nabyuka napfuye
>>
<<@Chance-yq1rx
says :
Twakumbuye arine 😢❤❤❤ dukumbuye kukunva kd
>>
<<@UgiringabireGloria
says :
Mama wange yarahinamiranye 25:49 25:49
>>
<<@UgiringabireGloria
says :
Mwiriwe neza mama wange ameze neza nkarinda Kandi nange sinorohewe cyereka duhuye
>>
<<@kidamage176
says :
Jyewe nsinzira neza ndikumva Kanguka simenya igihe ibitotsi byantwariye 😅
>>
<<@niwewewowe9505
says :
Plaisir rwose byagenze bite ko twategereje igice gikuricyira tukabura koko ! Aline turamunyotewe
>>
<<@nyiranezaspeciose9839
says :
Humura linda!!! Ibyo byose nukugirango imirimo y Imana izerekanirwe muri wowe❤❤ uzagaruka turimo dushima imbaraga zisumbabyose.
>>
<<@dianeumutoni-iu3gi
says :
Mubyukuri wankweye itabi igihe wariwatawe naburiwese ariko YESU Yarahari
>>
<<@uwihoreyeamina8952
says :
Dukumbuye Aline
>>
<<@victoirenizeyimana7801
says :
Imana ibahe umugisha cyaneee ubu buhamya burigutuma turushaho kuba maso no gusenga byimbitse nokumenyako abagome bahari ariko imbaraga za Yesu kristo zisumba iza barozi kandi kwisengera nibyingenzi kuko gushaka ubuhanuzi benshi bahuriyemo nimyuka mibi impano zitarimo kwera imbuto zabihanye muzirinde cyaneee 😢😢😢😢
>>
<<@dusabimanatheogene4764
says :
Uyu mwana ubabere uw'ibyishimo n'amahoro ibakize umubi isange Papa Lynda imuhe agakiza nkuko yasanze pawulo ikamitungura yari umwanzi w'ibyiza. Azakizwe nawe ajye atanga ubuhamya bw'ibyo yabagamo.
>>
<<@beathadusabemariya4194
says :
Aline wivunika tumaze kumenya kwisengera, abatekamutwe tumaze kubamenya neza. Kuva numva ubu buhamya.
>>
<<@dianemuhoza-p7h
says :
Kumeza utsinde Aline wacu turagukunda imana yarakoze kukurinda ikomeze ikurwanirira ❤
>>
<<@MukagataliCeline
says :
Dutegereje no 21
>>
<<@noellairakoze5777
says :
Mwaramutse neza muvyeyi nkunda!nukuri Imana yabanye namwe mubintu vyinshi bitandukanye nagumye numva!ariko ntimuze mwihebure numusi numwe kk Imana irabakunda cane!knd ivyo yakoze nivyo bikomeye cane nibisigaye izobikora!!!gusa imyuka mibi ibaho kwl!ariko ndaryohewe nukunva ko wagiye gusenga kwa pasteur julienne kabanda!Imana izobana namwe tuzoguma dusenga na cane cane ko satani yatsinzwe
>>
<<@alexandregasana9082
says :
Another episode please
>>
<<@MarieOdetteNDAYIKUNDA
says :
Muraho Plaisir ? Aline Imana iguhe umugisha kandi umuhe imbaraga n'inkomezi. Ndakurikirana ubuhamya bwa Aline kandi biramfasha cyane. Muribuka ko mudufitiye ideni ry'ukuntu umwana wa Aline bucura igituma yitwa Président, mwarigeze gusoza ubuhamya Aline aratubwira ko azatubwira igituma yitwa Président, yaravyibagiye disi, azabitubwire uburaha.
>>
<<@marthanikuze8672
says :
Aline Imana iguhumugisha nukuri nkurikirana ubuhamya bwawe nukuri uvuze ukuri twitondere abahanuzi nukuri ahubwo tubemaso nukuri
>>
<<@IngabireIsabelle-cr2ml
says :
Nkunda agaterme k'Aline yakunze gukoresha Ati UKO NIKO KURI!!!!!Ukuri kuganze
>>
<<@IngabireIsabelle-cr2ml
says :
Nkunda agaterme k'Aline yakunze gukoresha Ati UKO NIKO KURI!!!!!Ukuri kuganze
>>
<<@AudresArakaza
says :
Imana yomutananirwa uyumwaka ihindure amateka k,umuryango waw
>>
<<@AlineNdayisaba-y6r
says :
Imana izikurinda
>>
<<@ikagi-k8u
says :
ubugome nw'abantu nibwo dukwiye gutinya, satani nta mbaraga yagira ku bemera Imana.
>>
<<@clarissemukankaka2505
says :
Ariko Imana irahari kandi ibakunda kurusha ibyo byose, naho ubundi ayo mata ni igihango, n'iyo nzoga, yabahaye ni ugusangira n'abazimu, kandi nabyo udasenze birakurikirana.
>>
<<@claudinekayitesi2844
says :
Yoo sister Aline Imana yaguhaye ubwenge bwo kwihangana iguha umwuka wo kunva ijwi ryayo Kandi ukaryunvira Gusa Plaisir yihangane Ampe numéro zawe ndashaka kuganira Nawe nkumubyeyi nange wabana 3 Ariko nkeneye byinshi namubaza mubuzima ndimo Busa namayobera Imana ibahe umugisha
>>
<<@u.e2332
says :
Aline afite ijwi ryizaaaa peee
>>
<<@jeanpierrentawanga7614
says :
Iyi ni intangiriro ya ministère yagutse ya Mamà Linda avec ses enfants ariko ntabwo ndi umuhanuzi
>>
<<@keysbebe5731
says :
Imana yumva gusenga itabare uyumuryango ntago njya mpaga kubu mvanaho ijjwi ryo turikunda turibenshi cyane Aline Imana ikuzigame nabawe❤❤❤❤❤
>>
<<@hakizimanaviolette1564
says :
Ndabasubuje mwese
>>
<<@eimeefuraha51
says :
Mungu anaendelea kutulinda na satani ntabubasha azatugiraho mwizina rya Yesu kristo
>>
<<@nijimberenehemie7777
says :
Wewe kudafunga amaso ngutegere utaraba kuri screen? Nifujije kumubona ntabwo bikwiye kukubabaza
>>
<<@nijimberenehemie7777
says :
Ivyo vyago vyababayeko vyabaye amaraso ya Yesu ataraseseka?
>>
<<@MusabuweraSabu
says :
Mwabantu mwe kuri yisi harabantu bahuye nibibazo pee ndumiwe Wamubyeyi we humura imbere niheza nukuri 🙏🙏
>>
NEXT VIDEO
>>