<<@NisingizweCecile-ew1zh says : Imana izi byose ndizera ko umugabo wahoze aru wamama linda lmana izamubohora izongoyi maze nawe akazahagarara hano kuri zaburi nshya agatanga ubuhamya twese dufatanye kumusengera ngo abohoke ndavuga uwo mugabo naho mama rinda lmana imurimbere>> <<@muroramary3019 says : Mwizina ry' a Yesu Kristo wa Nazareth Aline nabanabe ntibazapfa ahubwo bazarama kugirango imirimo y'Imana igaragarire muribo. Mukomere mwihsngane kuko Satani numurwanyi ariko nikibwa ntajya anesha. Amaraso ya Yesu abagote uhereye ubu niteka ryose.>> <<@muroramary3019 says : Uwera wa Isirael, Imana ishoboye byose ndakwinginze rengera uyu mulyango ndakwinginginze wokabyarawe..>> <<@AnnoyedPenguinFamily-id8lo says : Yoo imana nigutabarane nabawe disi>> <<@mujawabegaantochadia4795 says : Jye ndumva uyo mupfumu,ari Imana yamumenesheje amabanga.>> <<@uwayisabamarielouise4420 says : Humura mubyeyi Imana irimo kukuremera ubuhamya ngewe ndizera neza ko muzakira Yesu arashoboye turakomeza no kugusengera ibitangaza bizakoreka abantu bose bamenye ko Imana ifite imbaraga kdi ntibizatinda>> <<@ujenezaclarisse4677 says : Aline ma chr uge usengera muri Kanguka nukuri bizagenda neza muri Kanguka hari Imana>> <<@Letters7 says : INAMA NABABWIRE , barandoze Cyanee ariko ikuntu yakira , najye narasenze ndiyiriza ndaririmba , ARIKO ICYANYIJIJE NUGUSOMA BIBIRIYA , MAZE GUSOMA BIBILIYA CYANE NKI YIRIZA NKASENGA , ASABE MWUKAWERA ABANE NAWE UMUBATIZE , NUKURI NAHISE NKIRA ARIKO IYO NTASOMYE IJAMBO RY'AMANA NTAJYIRA KUBONA BIGARUKA NUKURI IJAMBO RY' IMANA RINESHA AMADAYIMONI BOSE>> <<@davincikerr3942 says : Ngiye kwinginga Imana, yigaragaze nki Imana, icyize Linda mwizina rya Yesu 🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽>> <<@chrissthelovely827 says : 😢😢😢😢😢😢Mana weeee tabar uyu muryango>> <<@laetitialetty6860 says : Mama Linda urandiza neza ngahohogora. Ndwaza umwana nkarara nkanuye nakwibaza ibyo ubamo bikandenga nkibaza icyo nagufasha nkakibura. Imana isigaye imbyutse saa kenda ngasenga nukuri ndagusengera kandi Imana yacu iziyerekana!!>> <<@Anneeeeee495 says : Marijosee Niki????>> <<@mrbozzo545 says : Ariko Man😭😭😭Mana rengera uyu muryango nukuri tabara ubwoko bwawe, tesha agaciro imigambi y'abadayimoni ndakwinginze>> <<@MukabarisaAlphonsine-x5m says : Imana iriho knd irakora cyane harumurunzi usengera abarwayi knd atuye muruyumugi wakigali nukuri yagufasha arasenga pee! Nibirenze ibyo arabisengera bikanjyenda numwa Adpr ariko asengera abarwayi kuwa3 nokuwa6 ntawakuragira akabasengera?>> <<@BahatiAlpha-l5l says : Oya senga senga!>> <<@ericauwineza5504 says : Yesu weeeeeee Uwiteka nukuri nkwiyereke abana bawe bakire pe>> <<@noellamukahirwa3722 says : Yesu ni ashimwe bana b’Uwiteka, hari uwansobanurira icyo bita Marie Josée???>> <<@calvinlucky1320 says : Humura Aline imana yabarinze iyo myaka yose irahari ntaho yagiye izabatabara igihe mutazi.Gusa uwo mwana amazi agiye koga ajy’ayaturamo amaraso ya yesu umusige elayo nayo wayisengeye ndetse buri mugoroba n’igitondo jyunyanyagiza amazi wasengeye ahantu hose.Amaraso ya yesu abatwikire 🙏>> <<@mukandangafelicite4661 says : Uwo mwana uzamushyire umukozi w'Imana witwa Elyse amusengere.>> <<@MamaMimi-ur7sj says : Aline komera kandi utwaze kuko aho imbaraga zawe zirangiriye izi Imana niho zitangirira ariko reka ngusabe Linda mujyane kwa Yezu Nyirimpuhwe numvise unahazi umujyane bagutege amatwi ikipe y, impuhwe izagufasha umwana azakira kandi icyo Yezu nyir, mukundira iyo agukijie aba agukijije mbabarira unyumve ntushyireho amarangamutima ngo wumve ko bidashoboka birashoboka kandi pe humuraYezu nimuzima>> <<@DevothaNsengiyumva-hg4no says : Byarangiye abarozi banyimutse barampunga pe. Erega nanjye abarokore bajyaga banyimvisha ko basengera imiti, ariko ndabahamiriza nti nizeye Yesu Kristo gusa nimpfa nzagwa mu maboko ye. Gusa mbere Yuko witaba telephone utazi jya ubanza wiyaturireho Amaraso ya Yesu Kristo ubwire imbaraga z'Imana zikugote uvuge uti niba iyi tel.atari iyumugisha, umuriro w'Imana uyitwike mu Izina rya Yesu Kristo.>> <<@DevothaNsengiyumva-hg4no says : Njyewe nabonye Imana ku rwego nabyaye umwana amaze amezi 28 mu nda. Nta murozi numwe utarankoreyeho ubufindo, ariko nakize nta na nyirabarasanya nyweye ndetse nibyo bari barantongereye byose Yesu Kristo yarabinyuhagiye we ubwe. Izere Imana gusa Linda azakira agire uruhu rwe bwite kuko nanjye icyo gisuzuguriro Imana yarakinkijije insubiza uruhu rwanjye. Ndetse ubu ndi muzima. Nubishaka uzampamagare nguhe ubuhamya kurushaho maze ukomerere mu Mana birushojeho>> <<@DevothaNsengiyumva-hg4no says : Yesu Kristo nashimwe bakozi b'Imana. Imana ibahe umugisha kubw'umurimo ukomeye ibakoresha. Aline rero nakomeze kwikomeza ku Uwiteka kurusha mbere, kuko ntabushobozi nabuke bukorera mu byatsi, mu magi n'ibindi.>> <<@هاجرالدوسري-ش7ض says : Yoooooooo !!!!! 😭😭😭😭😭😭 Kwiyisi dufise ingorane zitandukanye>> <<@mariesybyllealianetunganda3905 says : Mana ishobora byose we tabara uyu muryango wa Aline,ushyire iherezo kuri uyu muriro wa satani, nubagirire imbabazi wongere ubasubize umwimerere wawe Mana nkuru,tubisabye twizeye muzina rya Yesu Kristo,Amena.>> <<@maniraguhavestine-yx9zy says : Aline komeza ugire kwihangana urugamba iyo rukomeye rubarugiye kurangira kndi Imana rwose ikugirire imbabazi ishireho iherezo kuko yo yakurindiye muri ibyobyo se pe igire icyo ikora ntakiyinanira nikurengere pe nanjye ngize umubabaro>> <<@FrédianeKabwa says : Chère Maman Linda urandengera ukuntu umeze nivyo wanyuzemwo .unyigisha vyishi surtout kuba uremye nanje urandema gose>> <<@DevotaUmubyeyi says : Imana itabare.Imana yarindiye saduraka,meshaki na Bedenego mw'itanura ry'umuriro ibasha gukiza Linda ikamusubiza umubiri we.>> <<@SudiSimaro says : Pole sana maman mbuze ico mvuga>> <<@esthermukanyirigira3813 says : Ndashima lmana ikibarinze ariko nagirango ntange inama ho gatoya kubijyanye nagacyiza mugomba kubatuka kukintu cyo se cyabagira imbata kumutima no kumubiri mbese mukeneye agakiza katavangiye kuko murwana nimbaraga zikomeye kuko haribintu dayimoni yinjiriramo wowe utabizi biri kumubiri wawe mbese mukeneye gusobanurirwa ibyagakiza nyakuri ariko nuwo munyamakuru haricyo abiziho azabagireho inama murakoze>> <<@mariaMaria-yq2hp says : Maman Linda ndakwinginze uzajye kwa Yezu Nyirimpuhwe mu ruhango kandi ntuzatinda kubona ukuboko kw Imana>> <<@Empower1tv says : Linda Azokira Mwizina rya Yesu Christo Ndabizi kdi Ivyo vyose Bizoba nkumugani kuri wewe>> <<@joycepeacebahati5606 says : Mwami Yesu christo tabara Aline nu muryango we turakwingize mwizina rya Yesu 🙏🙏🙏🙏>> <<@thaciennenyiransengimana says : Yooooo pole Mubyeyi Imana y,amahoro izagutaba humura nisaha iragera>> <<@u.e2332 says : MANA TABARA TABARA NDARIZEEEEEE MANA NUKURI TWUMVE TUBOHOJE LINDA>> <<@umutesiadeline3576 says : Mana weee nari naravuze ko nzashyiraho comment ubuhamya burangiye ariko biranze pe. Mana yo mu ijuru mbabarira utabare uyu muryango uburizemo imigambi y'umubisha mu izina rya Yesu>> <<@NatashaUmwali says : Muhumure imana yacu ishoboye byose>> <<@RukundoWilly-zz8uo says : Aline komera Nshuti Imana Urakuzi soma Yesaya 54:17>> <<@floraemerusabe303 says : Aline,genda muri youtube ,uterecharge application yitwa kanguka ,ya chriss Ndikumana,usengane nawe,muzokira vyooose,cane cane Linda>> <<@umuhozadiane7099 says : Babyeyi mube maso weee urumva ukuntu uyu mwana w'umukobwa yahuritse kubera imiryango yubatse nabi😢 ndavuga uwo mama Linda atubwiye ari kuganiriza>> <<@godisgood316 says : Aline komera nukuri ndumva mbabaye uri mu bintu bikomeye.Ariko ngiye kuza ndagushira mu masengesho Yesu wacu arashoboye.>> <<@kayitesigaudance6478 says : Plaisir mukozi w'Imana,ko nzi neza ko uli incuti ya Chris Ndikumana,koko wamuhuje na groupe Kanguka rwose ko natwe yadufashije cyane,urakoze cyane.>> <<@mbabazidodo5131 says : Icyo kintu cyama franga rwose nanjye mbona atarayumugisha rwose Aline ibyo ufuga ndabyumva cyane>> <<@RukundoWilly-zz8uo says : Aline nshuti ya Yesu uhumure Kandi ukomere ujye wibuka ko Yubu nawe yabaye cyane ariko igihe kimwe yaratabawe Reka dukomeze dutabaze Ijuri Rinda nawe ijururu ritabare nukuri.>> <<@uwimanaemelda7894 says : Yesu nashimwe ,mazigihe mbakurikirana , ariko komperuka mu Rda haba abanyamasengesho bahora kugicaniro ! Hagize abitanga ,bagasenga nka ayi 7 babohoza abo bana ,nanjye nigeze kurwaza umwana yarahinamiranye ashigaje gupfa ,ariko haje abanyamasengesho bumuriro barasenga umwana arakira kugeza nuyumunsi Kandi yari yatambweho igitambo ,m Linda , arikurugamba ,ariko yarakeneye abandi nkawe ,bagafataniriza hamwe , nkuko Alice yavuye ikuzimu kubwabanyamasengesho .nukuri haracyariho ibihumbi 7 bitarapfukamira baari>> <<@mujuniemma6750 says : Iyakoze ibyobyose ukaba ugejeje ikigihe izakora nibindi kugirango ababyumvise twese tuzagarukemo imbaraga kandi abatari bakijijwe nabobakizwe bamaze kumva gukomera kw'Imana ibya Yobu tubisoma nk,amateka ariko ibishaka kutweraka byabayeyeho ubuse uyumugore si yobu koko?>> <<@uwumuremyichristine55 says : Igihe kirageze cyo gushaka ahantu hiherereye mu ibanga rikomeye n'abanyamasengesho bakomeye Paisir Aline nabana bakahifungiranira iminsi itatu cga uko Uwiteka azabitegeka Imana igatabara uwo mwana kuko njyewe byarandenze nuzuye ishavu numubabaro kubera uriya muziranenge Linda. Mana weee tabara.>> <<@fabienhabyarimana6551 says : Mana yo mwijuru Rengera uyu muryango nabandi bameze nkawe Amen amen❤❤❤❤>> <<@kaliremarierose4120 says : Plaisir wakoze urubuga rwabantu babishaka babishoboye tugakora amasengesho yiminsi 3 yo gusengera Aline nabana be nukuri bishyireho umutima Imana Izabikwibukira>> <<@AlinneAlinne-l1f says : Kko.nanje.baradogeye.umwana.aba.umusazi.ariko.yesu.yamugize.muzima.aho.nanje.narahaciye.>>
VideoPro
>>