<<@jeannekamuhanda7926
says :
Ahubwo hari ukuntu ntajya nsobanukirwa. Kuki amadini avuga kumyambarire y'igitsina gore gusa ? Yesu yigishaga yambaye ikanzu imwambitse pe. Ntabwo yahagararaga imbere yabantu abereka umubiri we wose uko uteye ngo nuko ari umugabo. Murabona uyu mwigisha imyambarireye iterekana uko ateye ! Haลya ngo nuko atari igitsina gore ? Mwuka wera atwigishe kwambara twikwije
>>
<<@cyizaxavier
says :
๐๐๐.. uyu mu paster afite ikibazo cyimyumvire . That's why abapaster nkaba bahora Ari aba local ntiyarenga imipaka niyimyumvire yubukoloni bwamadini , ubuc nkuyu yajya US akabwiriza niyimyumvire abakristu Bose ntibahite basoka
>>
<<@ninatunga2609
says :
Uretse ko nabarimo kubyigisha mbona bitanabareba, wenda iyo ubyigisha mumujyi
>>
<<@ninatunga2609
says :
Izo nyigisho ntizikwiye rwose kumukozi w Imana nkawe twubaha, igisha abantu Yesu arahagije, uwamumenye byukuri ibyo byose arabizinukwa
>>
<<@FietteAline
says :
Amรฉm gostei
>>
<<@muvunyijeanclaude5756
says :
Amen hallelujah hallelujah hallelujah Pastor Yesu aguhe imigisha urumwarimu mwiza Yesu akomeze aduhe kumva icyo Umwuka abwira amatorero
>>
<<@douglasrucogoza2190
says :
Hhhhhhhh
>>
<<@Hagayi
says :
Icyampa nkazicara mumateraniro papa wacu yayoboye ndamukunda cyane yigisha neza kandi akavuga ukuri kose!
>>
<<@benimanaclaire6467
says :
Ibintu byose byarejejwe nicyo abantu bishakira Izi nyigisho zumva umwana w'ubugingo wifuza kugorora no gukosora . Abandi baragutuka kowabinjiriye mubuzima.komeza urangurure pasteur wacu
>>
<<@eliasmpozamarira2536
says :
BABWIRE MUTAMA. ABAMAMA NABAKOBWA BARINJIRIWE NAMADAYIMONI NTIBABIMENYA!! Hano mumahanga usanga umukobwa mwiza Imana yahaye akaranga keza agacagenda akayorora IBISHATSI VYABANDIYA AKIRUNDAKO NINZARA ZABANDIYA AKIRUNDAKO!' NUBWIZA YARAFISE BUCABWONEKARA. BIGISHE TURABE NUKO HOKIZWA NABABIRI
>>
<<@uwaseannette2620
says :
Imana ijye uguha umugisha mushumba wacu ndagukunda
>>
<<@TwagiraZachee
says :
ndagukunda pst uvugisha ukuri
>>
<<@gahongayirelillian966
says :
Isi igeze habi irarembye: inzara nkizibikona, ibibuno bitera, imyenda migufi ikabije... mbese tuvugiki ko ishyano ryaguye
>>
<<@m.claireagatesi7560
says :
Ariko mwebwe kuvuga ko asebany bibiriya ivugako amatawi yabo azababarya bashaka abigisha babuje nirari ryabo.ubu ibi sibyanyu Banyirabyo turabyumva neza cyane kandi abana bugingo barahari nabo kuribuka murahari mudakeneye guhinduka no gukunda isi mudakeneye ibyijuru nukenera ibyijuru uzamutega amatwi
>>
<<@CandideNzomunda-kr4hf
says :
Turakumbuye Aline plus
>>
<<@muhirenadinenadine1950
says :
Ubwo nawe bigaragara ko ubikoresha ariko byabazivye amatwi niyo mpamvu mudashobora kumva
>>
<<@mukakagenzadancille218
says :
Babwize ukuri, abantu bakosora Imana nayo iraje ibakosore๐ฎ
>>
<<@sylvie3732
says :
Abagore bazababuza ijuru๐ murabakunda birenze๐
>>
<<@ingabiremariegrace3922
says :
Plaisi turashaka Aline part 17
>>
<<@Goodvibes-ky4ed
says :
๐๐๐๐๐๐arko nukuri ufite impano yogusetsa pe ndagukundaโคโคโค
>>
<<@estellaniyonzima3031
says :
๐๐๐
>>
<<@Userkrdsxg0
says :
Ariko ubwo ikibuno ninzara harimo ubuhe butumwa bwiza bwa Kristo Nimubwire abantu Yesu wabacunguye bamwizere nibamara kumwakita mu bugingo bwabo Mwuka wera niwe uzabayobora abigishe icyo gukora no kureka. Naho kunegura no gusebya no kuvuga ku kibuno, inzara, ingohe ni discipline y'idini ryawe ariko sibwo butumwa bwiza duhamagarirwa kubwiriza kuko nawe haricyo ushobora kuba ukora undi atemera kuko ubikora ntuzi impamvu ze zituma abikora . Kumenya Yesu nimbabazi ze yatugiriye nibyo bihindura uwamwakiriye agahinduka uko abwirijwe na Mwuka wera.
>>
<<@solan138
says :
๐ ๐ ๐
>>
<<@mfashingabosostene96
says :
Kabisa ibyo uvuga ni ukuri
>>
<<@Muhammad-d8i9c
says :
Kuvuga abagere sicyaha kuko nibo boretse isi, ninabo bakorana nasekibi cyane kuko bagira akarimi kareshya kuzuye urwango.
>>
<<@biancadavidov3393
says :
Abagore ntimukajye mujya kumva icyo kibura pasiteli
>>
<<@biancadavidov3393
says :
You are so sick. Yezu yababariye abagore b'indaya .Rekeraho abagabo nkawe nabo birirwaga babajora .Read your bible.
>>
<<@biancadavidov3393
says :
Bibiliya iri hehe?
>>
<<@biancadavidov3393
says :
Ariko uyu icyo avuga n'abakobwa gusaa?
>>
<<@dusabumukizaboaz9813
says :
Kugarura ibibwiriza
>>
NEXT VIDEO
>>