<<@LovelyHikingTrail-lh6hq
says :
Umwa bavandi Reka nibwirire abo bantu bahakana ko bitabaho njye byambayeho binamviramo kubyara umwana umwe imyaka 24 irashize nanditse amateka mubitaro bya Ndemba mugakenke abantu barumirwa abaganga birabarenga nanubu izo mbaraga nakuye murushako kuko njye mvuye kwamuganga sinasubiyeyo ukundi ariko biracyangiraho ingaruka abo bababwira ko muri gushaka indonke hano nimubareke kuko ntibari bamenya iyi si
>>
<<@kuradusengejeansothere6130
says :
Impinga ni agasongero k'umusozi, numva kubura impinga Ari ukubura Aho hejuru mu gihe uri ku rugamba, kuko umuntu ufite impinga niwe utsinda urugamba
>>
<<@UweraJuliette-f3y
says :
Plaisir uwo mumama yitonde guhura nabantu babimusaba kuko uwo sekibi afite imbaraga namayeri ashobora kwigira umwe murabo akamushyikira
>>
<<@NiwemutoniMarie-mj6jg
says :
Imana nishimwe cyane, nubwambere numvise Aline aseka kuva yatangira gutanga ubuhamya🙌
>>
<<@hakizimanaviolette1564
says :
Nkumbuy aline ndiko nsubiramo ubuhamy
>>
<<@mujawabegaantochadia4795
says :
Cyokoze uyo musaza wawe aragukunda cyane.uzajye umusabira umugisha,buli munsi.
>>
<<@TTT80533
says :
Ese ubwo utinyuka akabona ko Ubu buhamya ari ibinyoma ubwo siwe Satan ahubwo ?? Umucamanza arahari rata Mubyeyi Mwiza , ubwo uwo mugabo yamuciyeho ngo asebye Undi Mwana ,Uwo Jeanne Furaha ubwo numurungi ntawashimwa Cg ngo yumvwe na bose Utumva Aline ko arimpfura numupfapfa
>>
<<@AliceUwitonze-eq2oc
says :
Njye uko mbyumva ntabwo yabyaranye ni igini ahubwo yamutezaga abantu ariko akabakoresha muburyo utamenya buri satanic ariko uko nabyumvise ntago yabyaranye ni igini.
>>
<<@florencesafi4432
says :
Ali, Iryo zina jya urivuga wemye rwose kuko ni Sekibi wuzuye,. Harabo numvise bakubwira kumusengera ngwazakizwe, ariko ndagusabye ntuzamusengere kuko uriya mugabo numwana wo kurimbuka,.☝️😭 Kandi nshuti yacu Plezier rwose ntuzongere kubwira Aline ngo umugabo wawe,.😢🙏kuko Nanjye iyo ubimubwiye birandakaza cg bikambabaza. Ali Imana ikugirire neza mukundwa 😭❤️
>>
<<@DianeGirukwishaka
says :
Bene Data turi gufashwa cane gose burya nkumuntu yubahuka akavuga ko atamwana yovuka aboshe ibiziriko jewe umwana nzi yavutse yambaye inkofero ijishe muntsinga nubu izo ntsinga ahozaca haricapuye kndi ariko arakura vyarase guhera rero ntibabateshe umurongo komeza utwibwirira ababipinga bapinge ham mukomere reka tubafashe urugamba Yesu ni muzima ibihe vyose
>>
<<@DianneKanyange
says :
Ndabasuhuje Aline WE ndi umurindi ,ewe wahuye na sekibi ubwiwe ntiwihenze ni sekibi pe! Ni shetani yaje kw'isi gukora amahano gusa non nkabo bantu yirirwa asambanya mu buryo batazi vy'ukuri wumva atari sekibi vy'ukuri?
>>
<<@davincikerr3942
says :
Uwo marie jeanne yaba ali mushiki w' uwo sekibi, akaba ashaka ku mu couvra... iyo# ya telephone ye ubanza atuye Edmonton ho muli Canada, Imana imubabarire.
>>
<<@MUTUYIMANADenyse-e8w
says :
Aline hamwe nabana bawe turabakunda namwe muri ubuhamya Uwiteka abakomeze kd abavugako ubeshya bareke,turimo twumva neza umuhamya bwawe kd buri kutwubaka
>>
<<@user-vq1oz7wb7p
says :
Imana ishobora byose
>>
<<@mjnbr4622
says :
🤝🙏🙏🙏🙏
>>
<<@maniraguhavestine-yx9zy
says :
Ariko Mana yanjye abavuga ko ari ukubeshya nabo ntabwo aribo ahubwo nifuhe jya satani kuko ubuhamya bwa Aline burigufasha abantu benshi kandi mwibuke ko abantu barigukizwa bagasobanukirwa nimikorere ya satani humura izo nintumwa za satani mugire umwaka mushya
>>
<<@clementhabarurema9462
says :
Yesu n'ashimwe, Ubuhamya bw'Aline bwadufashije kandi bwaduhumuye amaso kuri byinshi twagiye duhura nabyo nubu tugihura nabyo. Gusa nabasabaga kudatinda kubarwanya cg abahakanya ubu buhamya. Ngirango murabizi ko bidashoboka ko abantu bose bakira ubutumwa, ubuhamya, inyigisho kimwe. Hari abemera, hari ababihakana yewe n'ababirwanya. Mushime Imana kubafungutse amaso, ababohowe kubw'ubu buhamya ariko mwe gutinda kubabirwanya. Kuko aho uzabona Nehemia yubaka, Saniballat nawe aba ari hafi aho. Shalom !
>>
<<@izerevalerie9477
says :
Impinga nahantu kumusozi hirengeye cysne kunuryo iyo uhari ureba hasi ukabona arinkikuzimu
>>
<<@clarissemukankaka2505
says :
IMPINGA: Ni impehe (isahane) za kinyarwanda, zabaga zikoze mu giti.
>>
<<@ZawadiHonoree-lp7xl
says :
Ariko abavuga film baransetsa rwose uyu muntu ntadukangisheko ari hanze rwose ngo ni film erega nayo irigisha Aline komerezaho tukuri inyuma tunagufasha gusenga
>>
<<@abayisengatheodette8517
says :
kubura impinga ni ukwangara
>>
<<@abayisengatheodette8517
says :
abo bavuga ko ari ugushaka frw mubareke. ubonye koko byabaye ari ukubeshya bikaba bitaramubayeho.kuko nge rwose numva umutima wange wenda gucika
>>
<<@babayalonyaben1579
says :
Impinga ni imbehe yabapfumu bakoresha baragura
>>
<<@adelenziratimana114
says :
Mugire tres attention! Abo bantu biyita antu bakomeye cyane wosanga ari Sekibi. Ntimuzi se ko atari ubwambere akoresha izindi numero de tel ngo a troumatize Aline . Pleasir nuze uritaba tel za Aline, abanushaka baze baragucako. Just be very very careful Aline . We love you and pray for you .
>>
<<@georgetteuwimana4568
says :
Mwitonde kd mukomeze Musenge birashoboka ko uyu ubahakanya ashaka kubayobya ngo mutinde mwisobanura kd nyamara ubwo buhamya butegerejwe na benshi kandi bufasha benshi rero mwitinda ku ngabo za Satani ushaka kubahinyuza kuko na Yezu yaje batamwemera. Aline komera yezu ari kumwe nawe!
>>
<<@angalmaria3889
says :
Kubura impinga ni ukubura intaho ngirango
>>
<<@angalmaria3889
says :
Ikindi abo babipinga, ni nabo bitsikamiye kurusha abandi, mujye mubasengera bazahumuke bamenye intambara bagomba kurwana n'ubarwanira. Ikindi bajye bareka gushinyagurira umuntu
>>
<<@angalmaria3889
says :
None c abo bavuga ko Aline ashaka amafranga hari ayo yabasabye ? Nabo ariko nta wabarenganya hari ikirimo kubavugiramo kdi cyaratsinzwe cya sekibi
>>
<<@kalisainnocent3
says :
Nizereko ALINE aramahoro pe dutegereje episode 17
>>
<<@niwewewowe9505
says :
None ko twategereje Party 17th tugaheba byagenze bite cg sekibi yinjiriye Zabuli nshya ! Nyamuna nimutubwire
>>
<<@alicedusabe7510
says :
Ese igice cya 17 kirehe bavandi kuko tugitejyerezanyije yombi cyangwa byararanjyiye
>>
<<@mpozembizisylivestre1388
says :
Mana yange komwatinze kuduha ikindigice mbese Aline wacu yabayamahoro mfitubwoba ko yashitani yamuteye.plaisir natuvane murujijo pe
>>
<<@TSW321
says :
Sinkunda kumva iby'abadayimoni kuko ntaho mpuriye nabo. Uwo tubana akunda ubuhamya bwabyo ndacyashaka umwanya nzamuganirize kuko utarahuye nabyo mumuryango simbona igituma abyumva kuko byanamwangiza bikamutera kurota nabi gutekereza nabi no gukora nabi abitewe n'ubwoba ! Abo bibaho babiganiriye hagati yabo byaba ari bizima ariko abo bitabaho bagombye kutabyumva rwose njye niko mbibona
>>
<<@tumusifujudith1622
says :
Ese aline ko twamubuze bimeze bite
>>
<<@Jeannette-q3s
says :
Kabure impinga bisobanura kabure ubuturo cg kabure urugo ,kabure imisozi ubaho cg ntukubake
>>
<<@Antoinetteumurerwa
says :
Aline na abana na plaisir turabakumbuye weeee. Murihe ko dutangiye kwibagirwa ibice byabanje. Kandi twari tugeze Kure tuvumbura abazimu batwihishemo . Mugaruke rwose Murakoze
>>
<<@yvonneuwera2661
says :
Is there anyone keep checking for part 17 like me!!
>>
<<@nicelatamukashimo6301
says :
Plaisir na Aline ndabasuhuje!!! Iyi Nkuru ya Aline irababaje cyaneee birarenze. Hanyuma iyo umuntu avuze ngo urakabure impinga aba akwifurije kutazigera wubaka ngo uremye, Kandi n abagukomokaho ntibazubake ngo baremye. Mu yandi magambo aba akwatuyeho uruzerero rw'ubuzima bwawe bwose n abawe. Kandi Aline urakoze ku mpuguro kuko uyu munsi ibintu byabaye uruvange. Abapfumu n abasenga by ukuri kubatandukanya. biracyagoranye. Gusa Yesu ni Umwami Kandi abasha gukora ibirenze ibyo twizereye n'ibyo dusaba
>>
<<@nicolenoellakanyange2621
says :
6:08
>>
<<@nicolenoellakanyange2621
says :
4:21
>>
<<@uweraappolonie1898
says :
Mwaramutse neza Aline na Plaisir,Imana ikomeze ibahe imbaraga zo gukorera Imana,Aline uti Imana wizeye ntikoza isoni ukomereze aho,ubundi muzane ikindi gice dufite amatsiko y'Ibyo Imana ikomeje gukora.
>>
<<@EmmanuelSibomana-r4i
says :
Urakoze, Imana iguhezagire Aline we, na Linda Yesu Aramukiza tu! N'abana bawe uzobarere n'abuzukuru uzababona... MU KIRUNDI BAVUZE MPINGA yanjye baba bavuze umntu agukunda cyaaaaane! Nicyo niyumvira ko no mukinyarwanda bivuga.
>>
<<@EmmanuelSibomana-r4i
says :
Yesu ashimwe, Muramfashije cyane sinahora nemera abarozi, n'abapfumu. Ariko no mu ma families zacu using aribo basa. Imana ishimwe ko ndikumwe n'Umwami Wacu Yesu arise mukiza wacu! Mushiki wanjye baramuroze, n'umusazi kuva imyaka myishi cyane. Mumfashije kuko ngiye guhamagara Yesu nzi neeeeza ico ndamusaba! Gukiza mushiki wanjye.
>>
<<@beatricenyantebuka7167
says :
Komwatindije ikindi gice
>>
<<@UwisangaSandirine-ij7ci
says :
IMana ninziza
>>
<<@CandideNzomunda-kr4hf
says :
Duhe part 17
>>
<<@mujuniemma6750
says :
Where is number 17 I wh
>>
<<@fredianetuyizere
says :
Yemwe yemwe, muraho!!! igice ca 17 catevye gose gose.
>>
<<@NYIRAHATEGEKIMANAEsther-r1s
says :
Yooo disi wagiye ahatariho harundi usengera abantu rwose barakuyobeje
>>
<<@SosthèneNkurunziza
says :
Kubura impinga: si mpinga y'umusozi ahubwo ni impiinga: ni imbere iragura. Ubwo bishaka kuvuga ngo urakabura indagu, urakabura inzuzi.
>>
NEXT VIDEO
>>