<<@mujawabegaantochadia4795
says :
Plaisir ibitotsi byakwishe
>>
<<@mujawabegaantochadia4795
says :
Mana we shitani yinjiriye famille yawe pe.
>>
<<@mujawabegaantochadia4795
says :
Jye nagira inama Aline,uyo Sekibi najya amuhamagara,amutera ubwoba ajye abitesha agaciro mwizina rya Yesu.ndizera ko haricyo buzatanga.
>>
<<@mujawabegaantochadia4795
says :
Yewe burya najyaga nibaza kuli film zaba Nigeria,noneho ndemeye pe,burya bibaho.
>>
<<@AliceUwitonze-eq2oc
says :
Humura maman Linda kristo azakuneshereza wowe komeza usenge.
>>
<<@cyuzuzopatrick934
says :
Oohlala uyu mubyeyi yarahuritse vraiment. Gusa Imana iriho kandi igororera abayishaka. Byange bikunde hariho ingororano. Igihe kimwe ubuzima bwawe buzabaho bunezerewe ibihe byose. Ibi ngibi ni amateka kubera Imana.
>>
<<@user-yl5qo9ns7m
says :
Yesu mwiza weeee Ibyo gutwita byo birahebujeee. Yesu uturengereee. Kandi uzomore Aline ibikomere
>>
<<@MugishaJanet-cj4yh
says :
Just, just watinze kumenya Yesu neza n'imbaragaze uwo mutindi uba warahanganye nawe ukoreshe Gusenga
>>
<<@elsaruhaya385
says :
Niko nimyumvire ubugoryi ngo abayashakaga bose yarabaryamana muri dortoire, abakobwa bose beza yarababonaga? Mumbarize uti se ko wowe wabashakaga, bo se baragushakaga rà? Niko? Ubwo se icyo kigoryi ntabwo cyamenye se ko ntawagikunda rà ?😅😅😅😅
>>
<<@AlolkAlkj
says :
Satani numugome nukur😢
>>
<<@IngabireFrancoise-c7j
says :
Ese satani nawe ararema ko numva sekibi yarabaga abizi ko ugiye gutwita iyo nda yabaga ivuye kumana?
>>
<<@mukeshimanaalice-ow1rn
says :
Nanjye ubu buhamya bwa nkoze kumutima kandi bwanyigishije gusenga kandi namwenye isaha yasacyenda agaciro kayo Imana ihe umugisha uyu mubyeyi kandi ige imurengera
>>
<<@maniraguhavestine-yx9zy
says :
Imana iragukunda cyane kandi ikomeze ikurwanirire
>>
<<@AfrobelOfficial
says :
Is it possible to exchange with you on one of your topics in English or French, please?
>>
<<@AfrobelOfficial
says :
Mwiriwe neza Plaisir Ntaganzwa. Umbabarire nkubaze ikibazo before going further. I can talk in Kinyarwanda a bit, but it's not my mother tongue language nor my usual language.
>>
<<@angalmaria3889
says :
Yezu weeeeee Dutsindire Sekibi n'ukuri
>>
<<@UwamahoroRebecca-ep8lw
says :
Mama humura dushobozwa byose na kristor uduhimbaraga ubuhamya bwawe bunyemezako yesu akiriho iyankijije umutwe udakira haburagato ngo nsare iracyakora kd kristor sumukene
>>
<<@chishamakecatherine3882
says :
Ese ko mwigeze muvuga ngo nyina wa Maman Linda yapfuye haribyo atamubwiye kdi kuriki gice ndumva ahari
>>
<<@Capy-xo1
says :
Hezagir
>>
<<@veredianamukamazimpaka7008
says :
Komera mubyeyi mwiza Uwiteka azabagirira neza
>>
<<@MarieOdetteNDAYIKUNDA
says :
Yesu azigame abana bayo, kandi Imana ntawe itaha imbabazi mu gihe yihanye, Imana itabare uyo muntu akizwe aha ndavuga Se w' Abana ba Aline, kandi aho yagejeje akorana nimyuka mibi aronke inguvu zo kwamamaza Uhoraho, muze tumusengere Imana imutabare kandi Aline nawe umuhe imbabazi nubwo yakubujije, nta caha kidaharirwa
>>
<<@NZAMBIMANAALINE
says :
Sindarambirwa kukumva❤
>>
<<@writtenbyemelyneadvisesong717
says :
Nkurikije ibyo uwo mugabo wa Aline yakoraga ari muto mubigo byamashuri Akarara muri Dortoire zabakobwa nkuko yabivuze, babyeyi nugusengera Abana biga,, bajya kwiga muri Enterna kuko ndumva umwana ashobora gutwarirayo inda atazi nuwayimuteye, Mbega Amasomo ndigukura muri ubu buhamya,, Tube maso dusenge Iminsi ni mibi
>>
<<@Tnr8938
says :
Mfite ikibazo kimwe uyu mubyeyi iyo avuga ko numva yakijijwe mbere ,abana yabyaye mbere atabyaranye n"umugabo we yabyaranye na nde ? Yasubiye inyuma arasamba ? None se uyu munsi uretse impano yo gusenga no kwerekwa numva afite ; arakijijwe yakiriye Yesu nk'Umwami n'umukiza we?
>>
<<@clemauwingeneye5898
says :
Imana Ishimwe ko Atakwanduje uburwayi
>>
<<@graciaparker1840
says :
Imana yo mu ijuru ni yo izi ikiri muri roho y'uyu mugabo. Jye ntekereza ko na we bamutambye ikuzimu, umubiri we ukaba wambawe n'umwuka mubi, hanyuma uyu mwuka mubi ni wo Aline yahuye na wo. Imana idakiranirwa ibohore uyu muryango nukuri😭😭😭😭😭 Ishyireho iherezo ry'iki kigeragezo, ihishe Aline mu maraso ya Yesu kdi ibohore roho y'uyu mugabo (Sekibi) kuko yo ntijya ikiranirwa, 😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭
>>
<<@ikagi-k8u
says :
Uyu wa facebook we ni gaheza, yewe abagomba gukurikiranwa ni benshi pe, ubwo se ntibari baziranye n'umugabo akamutuma ngo nihazamo undi mwana azabone abana be.
>>
<<@ikagi-k8u
says :
ubu nibwo numvise impamvu wamuhaye abana yari yagukuyemo umutima kubw'iyo nda ya 3; linda ariko yari yarabivuze ko mama yaje kubatwara atwite inda nkuru.
>>
<<@AlineUmurisa-oh9cc
says :
Nukuri azakura nanjye nabyaye umwana ufite amezi 7 azakura
>>
<<@dianemuhoza-p7h
says :
Ariko Aline urintwari pe ibihe waciyemwo birakomeye ariko Imana irakomeye yo yakurinze disi kugeza nubu ubeho wongere ubeho mana uragahezagirwa uzi kurinda
>>
<<@shemaauxiliatrice3285
says :
Turikumwe ibihe byose,nta kurambirwa💖,duteze amatwi
>>
<<@shemaauxiliatrice3285
says :
Nkomeje kumirwa but ndimo mbonamo n'ubwiza bw'Imana ❤
>>
<<@boldnessrwica4862
says :
⛔ Mukomere abakozi b'Imana. Ndumva Ntampamvu yo gukomeza Kwisobanura ku abadashaka kumva.... ngo mu kibuga bataka ufite umupira. Ni gute umuntu yakumva ibice birenze 15 kandi nyumva ataribyo? Ibi ni urucantege, mukomeze abo byubaka kandi bagakanguka nibo benshi. Amaraso ya Yesu abatwikire 🙏
>>
<<@gabrielbizimana5769
says :
None ga plaisir,Aline kuva ahuye nivyobibazo,yarabandanije igikogwa cogusenga? Canke muri famille babonye atwitse bavyakiriye gute,abovyasengana nkabamwe bahoze bamufasha gusenga bamwakiriye gute?
>>
<<@marierosefatuma4654
says :
Aline urumurame uzagera nokumyaka 💯 nkurikije inzira y,umusaraba wanyuzemo🙆 Imana igakomeza kunjyana nawe 🙏🙏 uruwo guhamya neza imbaraga Z, Imana yacu ishobora byose 🙏🙏 hari jambo ntakundaga kwemera ryuko Imana injyiha umuntu umusaraba ashoboye kwikorera. Mana nanjye mpa kwikira ubuzima mbayemo kubwo kumva ubuhamya bwa aline..warakoze kuza hano mubyeyi mwiza 🙏
>>
<<@NyamuniniRose
says :
Mukomer maman imana ikomeze kubagwa'nirira natwe turabasengera Can kandi twizey kobizogenda neza kandi muzoz murumviriza nakanguka hariho iniwacu iburundi turafis umukoziwimana yitwa krise ndikumana bizomufasha cane kandi tubifpurij umwaka mushasha uwiteka abiteho ❤
>>
<<@JOSEPHINENSENGIYUMVA-g5t
says :
Mbega I Shetani y’umugabo itagira imbabazi, kuko imana ihoraho Iratanga imbabazi ku bana bayo, komera komera Aline nawe Imana irikumwe nawe ibihe byose.
>>
<<@JOSEPHINENSENGIYUMVA-g5t
says :
Pole Aline we, imana izakomeza ibane nawe, Küva ku tango kugeza kumpereza
>>
<<@coucou1246
says :
Ariko se niba ari na viwes nyinshicushaka Plaisir, wagiye ureka akarangiza ! Mujye mufata umwanya ugagije ayo ma Episode nayo ajya arambira abantu !
>>
<<@mariemurindwa-v7s
says :
Cyokora nuko twarangije kwumva ko Aline yarozwe naho ubundi haraho bigera bigatera umujinya Ibaze gukurikira umuntu utazi cg kuvugana nuwo murozi uko abishatse Nyine yagutwaye ubwenge ntakundi Komeza unesherezwe na Christo
>>
<<@munezejoyeuse
says :
Ariko se disi aya mafoto mukoresha ku kiganiro ni ayabo ?
>>
<<@habimanafloriane2290
says :
Cyokoze ndumiwe , Imana ikomeze iturengere . Niyo yo kwizerwa.
>>
<<@nsabiyumvapeter7912
says :
Muraho uyumumama naramukuricyiye nibajije icyibazo kuyumugabo adakundakumuvuga ahonabwo sigini yamuteje kugirango atamuvuga akomeze kwagiza ubuzimabwe muzamumbarize murakoze
>>
<<@nsabiyumvapeter7912
says :
Muraho uyumumama naramukuricyiye nibajije icyibazo kuyumugabo adakundakumuvuga ahonabwo sigini yamuteje kugirango atamuvuga akomeze kwagiza ubuzimabwe muzamumbarize murakoze
>>
<<@KwizeraLouise-c8n
says :
Bantu b'Imana ninde ubonako ubuhamya bwa mama Aline budusunikira gushaka Imana byukuri kandi tukamenya gusenga byukuru tukaba muburinzi bw'Imana kubera gusenga byukuri?numiwe nabuze icyo kuvuga
>>
<<@emelinenikuze3988
says :
Cyakora daimoni ziragwira peeeee iyiyo numiwe😢😢😢
>>
<<@mujawayezudelphine2870
says :
Mbega uburozi weee
>>
<<@kabanamary453
says :
Bagenzi turusheho gusenga kandi tujye turwana intambara y'umwuka kuko Daimon zigira amayeri menshi
>>
<<@CPeace-hw4mb
says :
Dear Aline, Ubuhamya bwawe buteye ubwoba.Ariko Imana ni Nkuru uzakomeze Uyisenge.
>>
<<@yvonnekayitesi4800
says :
Ese Aline kuberiki wamwitabaga kandi uzuko Tél irimo imbaraga zumwijima?
>>
NEXT VIDEO
>>